Uko umwana yanejeje Perezida Kagame amwita umuvumvu ufite Rwanda nziza ku modoka ye

Perezida Paul Kagame yavuze Inkuru itangaje y’uburyo yeretse umwuzukuru we inzuki agahita yumva ko ari umuvumvu. Ni inkuru yaganiriye abakurikiye ikiganiro yagiranye na Radio 10 na Royal FM, kuri uyu 1 Mata 2024. Yavuze ko umwuzukuru we mukuru, Anaya Abe, yigeze kumusura ku biro bye, aho yari yicaye amwereka inzuki nyinshi, ariko amusobanurira ko batazisanga […]

Continue Reading

Inkuru y’ubuto bwa Perezida Kagame yashibutseho imbaraga zo kubohora u Rwanda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yavuze uko mu buto bwe yazaga mu Rwanda gusura Umwamikazi Rosalia Gicanda, n’aho igitekerezo cyo kubohora igihugu cyaturutse. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Mbere tariki ya 1 Mata mu kiganiro yagiranye na Radio &Tv 10 na Royal Fm cyatambukaga no ku bindi binyamakuru. Perezida Kagame ubwo yari […]

Continue Reading

Inkuru ishushanyije ifasha abana kurushaho gusobanukirwa Pasika

Pasika ya Nyagasani ni umunsi nyobokamana ukomeye wibutsa Abakristu izuka rya Yezu. Abakristu Gatolika n’ab’amatorero atandukanye ku Isi barawizihiza. Iyi nkuru y’amafoto twabateguriye ifasha buri wese kumva igisobanuro cy’uwo munsi by’umwihariko abana. Habakurama Cedric/Ijamboryumwana.rw

Continue Reading

UR -yatangije-gahunda-yise-mwana-tera-igiti

Yasuwe: 222 Itsinda ry’abashakashatsi biga  ibijyanye n’Ubuzima bwo mu mutwe n’imyitwarire mu ishami ry’Ubuvuzi, muri Kaminuza y’u Rwanda (UR) ryatangije gahunda yo gushishikariza abana gutera ibiti mu mushinga ‘Mwana Tera Igiti’ mu rwego rwo gutoza abakiri bato kubungabunga ibidukikije. Umwarimu muri UR mu bijyanye n’ibinyabuzima, Dr. Mujawamariya Myriam yatangaje ko iki gikorwa kigamije  kumvisha umwana

Continue Reading

Balenciaga-yasabye-imbabazi-ku-mafoto-yabana-yari-yakoresheje-yamamaza-imibonano-mpuzabitsina

Yasuwe: 237 Inzu y’imideli yo muri Espagne yitwa Balenciaga yakuyeho ndetse isaba imbabazi ku mashusho yari iherutse gushyira hanze yamamaza ibicuruzwa mu gihe cya Noheli, yateje impaka kubera gukoreshamo abana kandi yamamaza ibiganisha ku mibonano mpuzabitsina. Balenciaga yari iherutse gushyira hanze amafoto ariho abana bari hagati y’imyaka itatu n’itanu, bafite ibipupe bari kwamamaza byambitswe imyenda

Continue Reading

Impamvu-ituma-ababyeyi-bagira-umuhangayiko-nyuma-yigihe-gito-bibarutse

Yasuwe: 239 Ubushakashatsi bwagaragaje ko ababyeyi bamwe na bamwe bagira umuhangayiko nyuma y’igihe gito babyaye kuburyo bishobora kubatwara igihe kirenze umwaka kugira ngo bongere kubona ibitotsi nkuko byari bisanzwe mbere yo kubyara. Byagaragajwe n’ubushakashatsi bwa Kaminuza ya Warwick yo mu Bwongereza bwakorewe ku bagore bagera ku 2,541 n’abagabo 2,118 babyaye hagati ya 2008 na 2015.

Continue Reading

Sudani-yepfo-abapolisi-bu-rwanda-bari-mu-butumwa-bwamahoro-batanze-inkunga-ku-bana-bimfubyi

Yasuwe: 394 Itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda rigizwe n’umubare munini w’abapolisikazi (RWAFPU-3) riri mu butumwa bw’umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 25 Ukwakira, ryatanze inkunga y’ibiribwa, imyambaro ndetse n’ibikoresho by’isuku ku kigo cy’abana b’imfubyi  giherereye mu murwa mukuru Juba. Icyo kigo cyitwa St. Clare House for Children, gicumbikiye abana b’imfubyi

Continue Reading

Igitinyiro-cya-messi-ubwo-yinjiraga-mu-ishuri-rya-barcelona-afite-imyaka-13

Yasuwe: 353 Lionel Messi yinjiye mu ishuri ry’umupira w’amaguru rya Barcelona, La Masia, afite imyaka 13. Ni ishuri ryanyuzemo ibindi bihangange mu mupira w’amaguru nka Xavi, Andres Iniesta, Gerard Pique na Cesc Fabregas. Mu kiganiro BBC Sport yagiranye na Fabregas wakinaga hagati muri Barcelona yavuze ko ikintu cya mbere yabonye kuri Messi ari uko yari

Continue Reading

Abana-bafite-imiterere-idasanzwe-ku-isi-barimo-ufite-amenyo-300

Yasuwe: 391 Buri muntu mu batuye Isi afite ibyo yihariye adahuje n’undi, ariko abantu bamwe na bamwe bafite ibyihariye bidasanzwe kurusha abandi. Muri iyi nkuru tugiye kubagezaho abana bafite imiterere idasanzwe ku Isi. Nk’umwana umubyeyi azakubwira ko uri umuntu udasanzwe kandi w’igitangaza. Impamvu rusange yabyo ni ukugira ngo twigirire icyizere igihe tukiri bato. Nubwo buri 

Continue Reading