Ruhango: Hatangijwe amarushanwa yo gukangura ubwonko bw’abana

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango ku bufatanye n’abarezi, batangije amarushanwa yo gukora ibikinisho bikangura ubwonko bw’abana bato bari mu marerero. Ibyo bikinisho birimo imipira yo gukina, imidoka zikoze mu buryo butandukanye, ibipupe, ibishushanyo n’ibindi abana bakunze gukinisha ariko bikoze mu bikoresho buri muntu yakwibonera aho atuye. Umurezi  mu irerero riherereye mu Murenge wa Bweramana, Ishimwe Clodette […]

Continue Reading

Gatsibo: RIB yafunze umugore wahoraga mu bitaro akingiza igipupe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 20 Gicurasi 2024, Nibwo mu Kigo Nderabuzima cya Kabarore hatangiye kumvikana inkuru y’umugore wari umaze igihe kinini ahetse igipupe abeshya ko aba yaje gukingiza umwana kandi aba yaje kwiba abaje mu bitaro. Umwe mu bamuvumbuye yabwiye BTN, dukesha iyi nkuru, ko kugirango bamumenye ari uko  inshuro nyinshi […]

Continue Reading

Ibidasanzwe ku gitabo kirimo inkuru zisomerwa abana bakiri mu nda

Ikigo Ikibondo cyanditse ibitabo bisomerwa abana bakiri mu nda ya nyina kuva bagisamwa kugeza ku myaka itandatu. Umuyobozi w’icyo kigo, Munyurangabo Jean de Dieu avuga ko bagize igitekerezo cyo kwandika ibitabo bisomerwa abana nyuma yo kumenya amakuru y’uko umwana uri mu nda ya nyina yumva. Igitekerezo cyaturutse kuri gahunda ya Leta yo gucengezamo abana gukunda […]

Continue Reading

Muhanga: Polisi y’u Rwanda yavuze ku mwana wagaragaye yambaye umwambaro wayo ku ishuri

Polisi y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku ifoto y’umwana wo mu Karere ka Muhanga yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga, imugaragaza ari ku ishuri yambaye impuzankano y’ishati ya Polisi y’u Rwanda, itangaza ko iyo uwo mwana yari yambaye ari iyambarwaga mu myaka yatambutse. Mu gitondo cyo ku wa 02 Gicurasi 2024, hatangiye gucicikana inkuru yatangaje benshi y’umwana […]

Continue Reading

Sakwe sakwe! Soma!

Mu buvanganzo Nyarwanda, habamo ubuvanganzo nyabami n’ubuvanganzo bwo muri rubanda. Ubuvanganzo bwo muri rubanda bugenewe rubanda, nta kiciro runaka cy’abantu bihariye bugenewe nk’ubuvanganzo nyabami. Muri ubu buvanganzo bwo muri rubanda dusangamo n’ibisakuzo aho umwe agira ati : “Sakwe sakwe” undi ati: “Soma”. Ati: “Nagutera icyo utazi utabonye”, undi akakica agira ati: “Ubukumi bwa so na […]

Continue Reading

Uko umwana yanejeje Perezida Kagame amwita umuvumvu ufite Rwanda nziza ku modoka ye

Perezida Paul Kagame yavuze Inkuru itangaje y’uburyo yeretse umwuzukuru we inzuki agahita yumva ko ari umuvumvu. Ni inkuru yaganiriye abakurikiye ikiganiro yagiranye na Radio 10 na Royal FM, kuri uyu 1 Mata 2024. Yavuze ko umwuzukuru we mukuru, Anaya Abe, yigeze kumusura ku biro bye, aho yari yicaye amwereka inzuki nyinshi, ariko amusobanurira ko batazisanga […]

Continue Reading

Inkuru y’ubuto bwa Perezida Kagame yashibutseho imbaraga zo kubohora u Rwanda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yavuze uko mu buto bwe yazaga mu Rwanda gusura Umwamikazi Rosalia Gicanda, n’aho igitekerezo cyo kubohora igihugu cyaturutse. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Mbere tariki ya 1 Mata mu kiganiro yagiranye na Radio &Tv 10 na Royal Fm cyatambukaga no ku bindi binyamakuru. Perezida Kagame ubwo yari […]

Continue Reading

Inkuru ishushanyije ifasha abana kurushaho gusobanukirwa Pasika

Pasika ya Nyagasani ni umunsi nyobokamana ukomeye wibutsa Abakristu izuka rya Yezu. Abakristu Gatolika n’ab’amatorero atandukanye ku Isi barawizihiza. Iyi nkuru y’amafoto twabateguriye ifasha buri wese kumva igisobanuro cy’uwo munsi by’umwihariko abana. Habakurama Cedric/Ijamboryumwana.rw

Continue Reading

UR -yatangije-gahunda-yise-mwana-tera-igiti

Yasuwe: 222 Itsinda ry’abashakashatsi biga  ibijyanye n’Ubuzima bwo mu mutwe n’imyitwarire mu ishami ry’Ubuvuzi, muri Kaminuza y’u Rwanda (UR) ryatangije gahunda yo gushishikariza abana gutera ibiti mu mushinga ‘Mwana Tera Igiti’ mu rwego rwo gutoza abakiri bato kubungabunga ibidukikije. Umwarimu muri UR mu bijyanye n’ibinyabuzima, Dr. Mujawamariya Myriam yatangaje ko iki gikorwa kigamije  kumvisha umwana

Continue Reading