Uko umwana yanejeje Perezida Kagame amwita umuvumvu ufite Rwanda nziza ku modoka ye
Perezida Paul Kagame yavuze Inkuru itangaje y’uburyo yeretse umwuzukuru we inzuki agahita yumva ko ari umuvumvu. Ni inkuru yaganiriye abakurikiye ikiganiro yagiranye na Radio 10 na Royal FM, kuri uyu 1 Mata 2024. Yavuze ko umwuzukuru we mukuru, Anaya Abe, yigeze kumusura ku biro bye, aho yari yicaye amwereka inzuki nyinshi, ariko amusobanurira ko batazisanga […]
Continue Reading