Icyakumira ubwiyongere bw’abana bo mu muhanda kigafasha gukuramo abasanzwe, mu mboni za Murwanashyaka wa CLADHO

Umuyobozi ushinzwe guhuza ibikorwa mu Mpuzamiryango Iharanira Uburenganzira bwa muntu, CLADHO akaba n’umugenzuzi w’uburenganzira bw’umwana ku rwego rw’igihugu, Murwanashyaka Evariste avuga ko inzego z’ibanze zigomba gufata iya mbere mu kibazo cy’abana bo mu muhanda baharanira ko umwana wagiye ashakishwa akagarurwa mu muryango byihuse. Iki ni igisubizo cyumvikanisha ko abana bashya bajya mu muhanda bagabanyuka hanyuma […]

Continue Reading

Nyamasheke: Polisi yatangaje imibare y’abaguye n’abakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yari itwaye abanyeshuri

Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangaje ko abanyeshuri babiri aribo bamaze gupfa bazize impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri bo ku ishuri ryigenga rya St Mathews naho 32 bakomeretse bakomeje kwitabwaho. Ni impanuka yabereye mu Mudugudu wa Kamabuye, Akagari ka Ntendezi, Umurenge wa Ruharambuga ku wa 19 Nzeli 2024. Nyuma yuko hagiye hatangazwa […]

Continue Reading

Ni uburenganzira bw’umwana kugira uruhare mu bimukorerwa – NCDA

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA) kiratangaza ko bumwe mu burenganzira bw’umwana harimo no kugira uruhare mu bimukorerwa. Umuyobozi Mukuru wa NCDA Ingabire Assumpta, yabigarutseho mu gihe kuri uyu wa Mbere tariki 02 Nzeri 2024 mu Karere ka Huye muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye mu Ntara y’Amajyepfo, hateraniye Inama Nkuru y’Igihugu […]

Continue Reading

ECD yagaragajwe nk’inkingi ikomeye ku cyerekezo cy’ubukungu bushingiye ku bumenyi

Kuva mu 2011 imyaka igera kuri 13 irashize u Rwanda rushyizeho Politiki y’igihugu y’imbonezamikurire y’abana bato (ECD Policy). Isesengura ryakozwe nyuma y’imyaka itanu ishyizweho, ryerekanye ko ari Politiki nziza iganisha ku cyerekezo cy’igihugu cyo kwimakaza ubukungu bushingiye ku bumenyi. Byemejwe hashingiwe ko umwana wagiye mu irerero akura neza mu bwenge kandi atagwingiye, yagera n’igihe cyo […]

Continue Reading

Impamvu uwateguye inama, amahugurwa cyangwa ibirori agomba guteganya aho abana bisanzurira-NCDA twaganiriye(Video)

Ikigo cy’igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana, NCDA kirasaba abategura ibikorwa bihuriza hamwe abantu benshi birimo; ibirori, inama, amahugurwa n’ibindi, kujya bateganya aho abana bato bisanzurira, igihe cyose mu bitabira harimo abagore batwite, ababyeyi bonsa n’abafite abana bato. Mu kiganiro n’Ikinyamakuru IJAMBORYUMWANA, Umuyobozi w’agategayo w’ishami rishinzwe kurengera abana no kwita ku mikurire yabo muri NCDA, […]

Continue Reading

Rusizi: Ababyeyi baratabariza abangavu basambanyirizwa mu makamyo

Ababyeyi bo mu Karere ka Rusizi bavuga ko batewe impungenge n’ubusambanyi abashoferi b’amakamyo bakorera abangavu, bagasaba ubuyobozi guhagurukira iki kibazo. Rusizi ni Akarere gafite umwihariko wo gukora ku bihugu bibiri by’abaturanyi; Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’u Burundi. Ibi bituma hahora urujya n’uruza rw’amakamyo atwara ibicuruza abivana cyangwa abijyana muri Afurika y’Iburasirazuba. Mu minsi […]

Continue Reading

KNH yizihije imyaka 30 y’ibikorwa byo kwita ku bana mu Rwanda (AMAFOTO)

Umuryango Mpuzamahanga w’Abadage (Kindernothilfe: KNH) n’abafatanyabikorwa bawo mu Rwanda, bizihije isabukuru y’imyaka 30 bamaze mu bikorwa byo kwita ku bana no kubaka umuryango utekanye, bashima imiyoborere myiza y’igihugu yabaye inkingi mwikorezi muri urwo rugendo. Uwo muryango ushyira imbere ‘gufasha umwana uri mu kaga cyangwa uri mu bibazo’ watangiye gukorera mu Rwanda mu 1994. Mu myaka […]

Continue Reading

Yapfuye avuze aho azashyingurwa anasaba kudasesagura mu kumuherekeza, Ibiyahariye kuri Dr. Jahn witaga ku bana

Ku wa 12 Kamena 2024, nibwo inkuru y’incamugongo yamenyekanye ko Umuganga w’Umudage w’Inzobere mu Kuvura abana indwara zisaba kubaga, Dr Alfred Paul Jahn wamenyekanye mu bikorwa byo kwita kubana n’abatishoboye, yitabye Imana. Ni inkuru yababaje abo mu rwego rw’ubuzima cyane cyane abavura abana. By’umwihariko yari inkuru mbi cyane ku baturage batuye mu Kagali ka Rwesero […]

Continue Reading

#Imyaka7: Hongewe amarerero abagore batwite bitabwaho byihariye, ahakubiswe umwotso mu kwita ku mikurire y’umwana

Imyaka irindwi ishize igaragaza impinduka zikomeye muri gahunda zo kwita ku mikurire y’umwana kuva asamwe kugeza agize imyaka itanu. Muri rusange impinduka z’ibyo u Rwanda rwagezeho muri iyo myaka, zigaragarira mu byiciro bine birimo; Ubukungu, Imibereho myiza y’abaturage, Imiyoborere myiza n’Ubutabera. Icyiciro cy’imibereho myiza kibarizwamo, uburezi, ubuzima, kurengera abatishoboye no kurwanya ubukene, nicyo dusangamo imbonezamikurire […]

Continue Reading

Nyanza: Umusore arakekwaho gusambanya abana biga mu mashuri y’incuke

Umusore wo mu Murenge wa Cyabakamyi wari uragiye inka arakekwaho gusambanya abana b’abakobwa babiri biga mu mashuri y’incuke, bari bamunyuzeho bavuye kwiga. Umwe mu batangabuhamya yavuze ko abana bavuze ko baciyeho uriya musore aragiye inka mu ishyamba bavuye kwiga akabatangira akabasambanya. Bikaba byaramenyekanye ubwo abana bajyaga kunyara bakababara, ababyeyi babo bareba bagasanga imyanya ndangagitsina yabo […]

Continue Reading