Palestine: Abana Bashonjeshejwe N’Uko Israel Yashyize Gaza Mu Kato

UNICEF ivuga ko abana bo muri Gaza bashonjeshejwe n’ingamba ingabo za Israel zafashe zo gukomanyiriza impunzi zo mu bice bya Gaza zigamije kuvana abarwanyi ba Hamas ku izima bakarekura imfungwa za Israel. Al Jazeera yanditse ko amakuru atangwa na UNICEF avuga ko abo bana kandi batabona imiti n’inkingo, ibyo bikazagira ingaruka ku buzima bwabo mu […]

Continue Reading

Ingingo yo gutwitira undi ikomeje kuzamura impaka

Ingingo yo gutwitira undi ikomeje kuzamura impaka n’ibitekerezo binyuranye mu gihe Komisiyo y’imibereho y’abaturage mu mutwe w’Abadepite, ikomeje gusuzuma umushinga w’itegeko rigenga serivisi z’ubuvuzi. Ku wa Gatanu taliki 2 Gicurasi 2025 nibwo hakiriwe ibitekerezo by’abafatanyabikorwa mu rwego rw’ubuzima biganjemo imiryango itari iya Leta. Mu cyumba Komisiyo y’imibereho y’abaturage yasuzumiragamo uyu umushinga w’itegeko, impaka zari nyinshi. […]

Continue Reading

Hari abakoresha bafata nabi abakozi nabo bakihimurira ku bana, Sendika y’abakozi bo mu rugo twaganiriye (Video)

Sendika ishinzwe uburenganzira bw’abakozi bo mu Rugo yatangaje ko iri gushyira imbaraga mu kwigisha abakozi gufata neza abana mu Ngo bakoramo no kwirinda kubahohotera babatura umujinya igihe hari ibyo batumvikanyeho n’abakoresha babo. Mu bihe bitandukanye ku mbugankoranyambaga hagiye hasakara amashusho y’abakozi bo mu Rugo bahohotera abana, ndetse hari n’abishe abo mu Ngo bakoragamo nk’uko Imanza […]

Continue Reading

Abakoresha Imbuga Nkoranyambaga Baraburirwa Kudashyira Abana Mu Kaga

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Thierry B. Murangira yibukije abakoresha imbuga nkoranyambaga kubaha no kurinda uburenganzira bw’abana mu byo bakora byose kandi ko uzanyuranya nabyo azabihanirwa. Mu butumwa yanyujije kuri X yagize ati: “Hagiye gukorwa igikwiye. Tuboneyeho akanya ko kongera kwibutsa abakoresha imbuga nkoranyambaga kubaha no kurinda uburenganzira bw’abana mu byo bakora byose. Kunyuranya […]

Continue Reading

Kamonyi: Barasaba ko amazina y’abana biciwe i Nyarubaka muri Jenoside yandikwa ku Rwibutso

Mu Murenge wa Nyarubaka mu Karere ka Kamonyi habereye igikorwa cyo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi biciwe muri uwo Murenge, ababyeyi basaba ubuyobozi ko amazina y’abana bahiciwe yashyirwa ku Rwibutso. Abana bahiciwe bari biganjemo abahungu. Ababyeyi bafite abana biciwe i Nyarubaka bavuga ko abo bana bishwe bashinyaguriwe ndetse ngo Interahamwe zabajugunuyaga mu cyobo ari bazima […]

Continue Reading

Nyamasheke: Ababyeyi basabwe kutadohoka kuri gahunda yo gupimisha abana

Umuyobozi w’Ishami ry’Ubuzima mu Karere ka Nyamasheke, Byiringiro Jean Paul, yasabye abafite abana bato kubahiriza gahunda yo kubapimisha kuri site zagenwe aho batuye mu Midugudu, mu rwego rwo gukurikirana imikurire yabo kugira ngo uwo bigaragaye ko ari gusubira inyuma yitabweho hakiri kare. Byiringiro yabigarutseho mu bukangurambaga bwo kurwanya imirire mibi n’igwingira bwateguwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe […]

Continue Reading

Nyarugenge: Umwana w’imyaka 17 n’umushoferi bapfiriye mu mpanuka y’imodoka eshatu

Mu masaha ya saa 13h mu Muhanda Kigali-Musanze ahazwi nka Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge habereye impanyuka y’imodoka eshatu zagonganye, ipfiramo abantu babiri barimo umwana w’umukobwa w’imyaka 17 abandi 12 barakomereka. Inzego z’umutekano zatangaje ko iyi mpanuka yatewe n’Imodoka eshatu zagonganye. Byabaye kuri uyu wa 18 Mata 2025. Byaturutse ku modoka yo mu bwoko bwa […]

Continue Reading

Burera: Abarimu bazamuye ikibazo cy’abana bashorwa mu burembetsi n’abajya kwiga banyoye Kanyanga

Mu Karere ka Burera, hari ababyeyi bashora abana mu bikorwa bitemewe byo kwambutsa ibintu bitandukanye birimo n’ibiyobyabwenge babikura muri Uganda bizwi nk’Uburembetsi, kurusha kubashishikariza kugana ishuri, kuburyo abarimu babibonamo ikibazo gikomeye ku hazaza h’abana babishorwamo kuko hari n’abasigaye bajya ku ishuri banyoye Kanyanga. Ibyo ni bimwe mu byagaragarijwe mu bukangurambaga bwo kurwanya igwingira, isuku n’isukura […]

Continue Reading

#Kwibuka31: Inkuru y’abana n’ababyeyi babaye mu Isi itarigeze iturwamo n’ikindi kiremwa muntu

Jenoside nicyo kibi kiruta ibindi Gufata ku ngufu abagore n’abakobwa ni imwe mu ntwaro zakoreshejwe n’abateguye bakanashyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi. Raporo idasanzwe y’Umuryango w’Abibumbye ku Rwanda yo mu 1996, yerekana ko abagore bari hagati y’ibihumbi 100 n’ibihumbi 250 bafashwe ku ngufu mu gihe cya Jenoside. Abo barimo abandujwe Virusi itera Sida n’izindi ndwara […]

Continue Reading

Abangavu barenga ibihumbi 10 babyaye bataruzuza imyaka 18 mu mezi atandatu ya mbere ya 2024

Umugenzuzi Mukuru w’Urwego rushinzwe kugenzura Iyubahirizwa ry’Ihame ry’Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagore n’Abagabo mu Iterambere ry’Igihugu (GMO) Ndine Umutoni Gatsinzi, yatangaje ko mu mezi atandatu ya mbere ya 2024 abangavu barenga ibihumbi 10 babyaye batararenza imyaka 18, harimo n’abari munsi y’imyaka 14 bagera kuri 55. Yabigarutseho kuri uyu wa 30 Nzeri 2024 mu nama rusange ya 23 […]

Continue Reading