Meya Yakebuye Abadaha Agaciro Uburezi Bw’Abana Bakabiharira Mwalimu

Meya wa Muhanga, Kayitare Jacqueline, yanenze abateshutse ku burezi bw’ababo bigatuma ireme ryabwo rugabanuka Mu mwiherero w’abakozi b’Umurenge wa Shyogwe   niho ya ivugiye, akebura abo bantu, abibutsa ko abana atari aba mwalimu gusa. Kayitare avuga ko kutita ku burezi bw’abana bikozwe n’ababyeyi biri mu byatubije amanota abana babonye mu mwaka w’amashuri wa 2025. Mu gusubiramo […]

Continue Reading

Nibura abana 5 bagana NCDA buri Cyumweru bajyanywe no gutandukana kw’ababyeyi babo

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA) cyahishuye ko nibura abana batanu bakigana buri Cyumweru bagiye kugitura ibibazo by’ababyeyi barimo gutandukana ‘Separation’ cyangwa bamaze gutandukanye mu mategeko ’Divorce’. Umuyobozi wa NCDA, Ingabire Assumpta yabivugiye mu nama nyunguranabitekerezo ku burere buboneye, yanatangirijwemo ‘Itetero App’. Ubwo yagarukaga ku ruhuri rw’ibibazo abana barimo guhura nabyo muri iki […]

Continue Reading

Hasojwe amatora ya Komite z’Ihuriro ry’abana yaranzwe n’ubwitabire budasanzwe

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA) na Komisoyo y’Igihugu y’amatora (NEC) batangaje ko igikorwa cy’amatora ya Komite z’Ihuriro ry’abana cyasojwe amahoro, hatorwa izo ku rwego rw’Intara n’Umujyi wa Kigali. Amatora y’uyu mwaka yagaragaje umwihariko mu mitegurire, mu bwitabire bw’abayobozi mu nzego zitandukanye ndetse no ku ruhande rw’abana [abatora n’abatorwa] bitandukanye no mu myaka […]

Continue Reading

OMS yashyize ‘ibihano bibabaza umubiri’ bihabwa abana mu bibazo bihangayikishije Isi

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryamaze kwemeza ‘ibihano bibabaza umubiri’ bihabwa abana nk’ikibazo gihangayikishije ubuzima rusange bw’abatuye Isi, kigomba guhagurukirwa, kuko giteza ingaruka zikomeye ku buzima bw’umubiri n’ubw’imitekerereze bw’abana, kandi gishobora no gutuma barushaho kujya mu bikorwa by’ubugome. Mu myaka 78 Ishami ry’Umuryango w’Abibyumbye ryita ku buzima, OMS rimaze nibwo bwa mbere risohoye […]

Continue Reading

Abana batarengeje imyaka 17 bazindukiye mu matora

Abana bari hagati y’imyaka Itandatu na 17 y’amavuko bazindukiye mu matora ya Komite z’Ihuriro ry’Abana yatangiye mu Rwanda hose ku rwego rw’Utugali n’Imidugudu. Ayo matora ya Komite z’Ihuriro ry’Abana yatangiye kuri uyu wa 28 Kanama 2025 ku rwego rw’Umudugudu n’Akagari azakomereza ku rw’Umurenge n’Akarere asorezwe ku Ntara n’Umujyi wa Kigali. Ingengabihe y’amatora y’Ikigo cy’igihugu gihinzwe […]

Continue Reading

Abana 86% ntibashobora gusoma umwandiko woroheje-Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bwagaragaje ko abana benshi bo muri Afurika bashonje, barwaye imirire mibi kandi batiga, kuburyo abasaga 86% bafite imyaka 10 badashobora gusoma umwandiko woroheje mu rurimi kavukire cyangwa urwo bisanzuyemo. Ni ubwa Karindwi ku mibereho myiza y’abana muri Afurika bukorwa n’Umuryango Nyafurika ugamije guteza imbere impinduka za Politiki zishyigikira imibereho myiza y’umwana muri Afurika (ACPF). […]

Continue Reading

Abana ba Ukraine Bashimuswe n’Uburusiya Bagomba Kurekurwa-Minisitiri Muri Ukraine

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wungirije muri Ukraine witwa Mariana Betsa avuga ko isi igomba gushyira igitutu ku Burusiya bugasubiza Ukraine abana bayo bwashimuse. Avuga ko mu ntambara Ukraine imaze imyaka hafi ine irwana n’Uburusiya abana ba Ukraine bahuye n’akaga karimo no kubashimuta. Ibindi byago abo bana bahuye nabyo birimo kwicwa n’amasasu, inzara n’indwara. Minisitiri Betsa avuga […]

Continue Reading

Nyarugenge: Akeneye Inkunga Y’Amata Ngo Akuze Impanga Eshatu

Mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge hari umubyeyi w’imyaka 40 uremerewe no kurera abana batatu b’impanga, agasaba ubufasha kuwo ari we wese wabimufashamo. Yitwa Mukasimwugomwa ConsolĂ©e, akemeza ko umwana we w’imfura afite imyaka umunani, umukurikira akagira irindwi mu gihe impanga eshatu yabyaye zirimo umuhungu umwe n’abakobwa babiri zo zifite umwaka umwe n’amezi abiri. […]

Continue Reading

MIGEPROF yeretse abakoresha inyungu ziri mu gushyiraho icyumba cyo konkerezamo ku kazi

Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) yashimiye ibigo bitandukanye bya leta n’iby’abikorera byashyizeho icyumba cyo konkerezamo, isaba abatagifite kugishyiraho kuko byongera umusaruro umubyeyi atanga mu kazi iyo akora adahagaritse umutima atekereza ku mwana we umuri kure. Umunyamabanga Uhoraho muri MIGEPROF, Batamuriza Mireille, yabigarutseho mu muhango wo gutangiza ukwezi kwahariwe ubukangurambaga bwo konsa neza, kwatangirijwe mu Murenge […]

Continue Reading

Abana B’i Kigali Barasaba Ababyeyi Kubaha Umwanya

Mu gihe cy’ibiruhuko, abana bo mu Mujyi wa Kigali barasaba ababyeyi babo kutabatererana ngo bahugire mu mirimo bibagirwe kubaganiriza. Bavuga ko kutabaganiriza byatuma bakomeza gutwarwa n’ikoranabuhanga cyane cyane iry’imbuga nkoranyambaga kandi rigira ibibi byaryo. Abo bana babivugiye mu mahugurwa baherutse guhabwa ku mikoreshereze iboneye y’izo mbuga, akaba amahugurwa agamije kubarinda kuzaba imbata z’iryo koranabuhanga. Aya […]

Continue Reading