Huye-abangavu-batewe-inda-bagaragaje-imbogamizi-zikomeye-zituma-badasubira-mu-ishuri

Yasuwe: 176 Impuzamiryango  y’uburenganzira  bwa  muntu  CLADHO , ifatanyije  n’ishami  ry’umuryango  w’abibumbye  ryita  ku bana Unicef bamaze igihe  baganira  n’aba bana bagaragaza ibibazo bibangamiye. Ni ikibazo cyagaragaye mu karere  ka  Huye ubwo abakozi  ba CLADHO na Unicef baganiraga  n’aba bana batewe inda mu mirenge 6 y’akarere ka Huye. Ndetse  cyongeye  kugaragarizwa abayobozi b’aka karere  mu.

Continue Reading

Nyanza-ababyeyi-babangavu-batewe-inda-basabwe-kubaba-hafi-no-kubahumuriza-ku-byababayeho

Yasuwe: 169 Minisiteri  y’uburinganire  n’iterambere  ry’umuryango  yatangije  ibikorwa byo kwegereza serivise zitangiwe  hamwe , nta  kiguzi  abana bakorewe  ihohoterwa  bagaterwa  inda  bari mu nsi y’imyaka  18 bo mu karere ka Nyanza. Ni ibikorwa  by’iminsi itatu  bigamije  kuganiriza  abana , kubatega  amatwi no kubahumuriza  bikaba  bigenewe  abangavu 150 n’ababyeyi babo baturutse mu mirenge  itandukanye  y’aka karere. 

Continue Reading

Nyaruguru malayika murinzi yavuze ihohoterwa ryakorewe umwana ufite ubumuga arera.

Manchester City enjoyed the perfect warm-up for Sunday’s crucial Premier League trip to Liverpool as they cruised past Copenhagen to reach the Champions League quarter-finals for a seventh successive season. Ahead by two goals from the first leg in Copenhagen three weeks ago, any lingering hopes of a shock were ended within nine minutes as […]

Continue Reading