Nyaruguru: Malayika murinzi yavuze ihohoterwa ryakorewe umwana ufite ubumuga arera

Malayika murinzi akaba n’umujyanama w’ubuzima mu Murenge wa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru, Ayinkamiye Ruth yasangije abafite aho bahuriye no kurengera umwana muri ako Karere, uburyo yaharaniye uburenganzira bw’umwana w’umukobwa ufite ubumuga bukomatanyije wakorewe ihohoterwa. Uyu mubyeyi yagarutse kuri ubwo buhamya mu mahugurwa y’iminsi ibiri, yateguwe n’impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu CLADHO na Plan International […]

Continue Reading

Guverineri Rubingisa yasobanuye uko amata yabaye intandaro y’ibibazo by’abana bajyanywe kwa muganga i Nyagatare

Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Pudence Rubingisa, yasobanuye ko amata adatetse ariyo yatumye abana 769 biga mu bigo bine byo mu Karere ka Nyagatare bajyanwa kwa muganga ndetse kuri ubu abana 8 bakaba bakiri mu bitaro. Kuva kuwa Gatanu nijoro abanyeshuri b’ibigo bine byo mu Karere ka Nyagatare batangiye kujyanwa kwa muganga nyuma yo kugira ikibazo cyo […]

Continue Reading

Nigeria: Abanyeshuri bari bashimuswe barekuwe ari bazima

Abanyeshuri bo muri leta ya Kaduna muri Nigeria bagera ku 137 bari barashimuswe n’abantu bitwaje intwaro mu ntangiriro za Werurwe 2024, barekuwe ari bazima. Itangazo ryasohowe na Guverineri wa Leta ya Kaduna, Uba Sani, ryemeza ko bose ari bazima. Rigira riti “Ni umunsi w’ibyishimo. Abanyeshuri hafi 140 bari bashimuswe mu gitero kimwe mu bikomeye byo […]

Continue Reading

Kicukiro-abagize-komite-zihuriro-ryabana-bahawe-amahugurwa-azabafasha-kuzuza-inshingano

Yasuwe: 132 Abagize komite z’ihuriro ry’abana mu Karere ka Kicukiro batangiye amahugurwa y’iminsi ibiri agamije kubongerera ubumenyi buzatuma buzuza inshingano batorewe muri manda y’imyaka itatu. Abarimo guhugurwa ni abagize komite y’ihuriro ry’abana ku rwego rw’Akarere uko ari batandatu, n’umwana umwe uhagarariye abandi kuri buri Murenge. Bose bagize komite zatowe muri Nzeri 2022. Umwana uhagarariye abandi

Continue Reading

Ingaruka-amakimbirane-yo-mu-muryango-agira-ku-mikurire-yumwana

Yasuwe: 106 Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCD) kigaragaza ko amakimbirane y’umuryango agira ingaruka ku mikurire y’umwana. Amakimbirirana y’umuryango icyo yaba ashingiyeho cyose agira ingaruka mbi ku mibereho y’umwana muri rusange ariko cyane cyane mu mikurire ye. Umuyobozi ushinzwe uruhare rw’umwana mu bimukorerwa muri NCD, Tuyishimire Frodouard avuga ko imbamutima z’umwana azikura ku

Continue Reading

Kayonza-haravugwa-imiryango-yakuye-abana-mu-ishuri-kubera-imyemerere-idasobanutse

Yasuwe: 63 Hari imiryango yo mu Kagali ka Rusera mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza yakuye abana bayo mu ishuri kubera imyemerere idasobanutse ishingiye ku idini ritazwi. Amakuru avuga ko abo baturage ari abiyomoye ku itorero ry’Abadivantiste b’umunsi wa Karindwi, ubu bakaba basengera mu rugo rwa mugenzi wabo ariko nta dini cyangwa itorero

Continue Reading

Musanze-hatashywe-urugo-mbonezamikurire-rwubatswe-ku-bufatanye-bwa-polisi-nabaturage

Yasuwe: 136 Mu Mudugudu wa Nyiramuyenzi Akagali ka Buramira, mu Murenge wa Kimonyi mu Karere ka Musanze hatashywe urugo mbenezamikurire y’abana bato, rwubatswe ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’abaturage mu kwezi kwahariwe Polisi (#PoliceMonth2022). Uzamukunda Esperance ufite umwana muto witeguye ko azajya amusiga muri iryo rerero, yavuze ko agiye kujya akora imirimo ye atuje 

Continue Reading

Abafite-ubumuga-bishimira-ko-abato-babyirukira-mu-gihugu-kidaheza

Yasuwe: 205 Mu gihe hizihizwa umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga wizihizwa taliki 3 Ukuboza buri mwaka, abafite ubumuga barishimira ko abakiri bato,  babyirukira mu gihugu kirushaho gukora ibishoboka byose ngo abafite ubumuga bagire imibereho myiza. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Inama y’Igihugu y’Abantu bafite ubumuga (NCPD) Ndayisaba Emmanuel yabigarutseho mu kiganiro na RBA kuri uyu wa Gatanu, cyagarutse ku

Continue Reading

Kicukiro-abana-34-bakorewe-ihohoterwa-rishingiye-ku-gitsina-babyara-imburagihe

Yasuwe: 128 Ubuyobozi bw’Akarere ka Kicukiro bwatangaje ko kuva uyu mwaka wa 2022 watangira, abana b’abakobwa 34 bo mu mirenge itandukanye igize aka Karere bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsinda ndetse bibaviramo guterwa inda imburagihe. Ibi byatangajwe ubwo aka karere katangizaga icyumweru cyo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro Wungirije, Rukebanuka Adalbert

Continue Reading

Icyo-leta-ifasha-abikorera-bashinga-amarerero-ikiganiro-cyihariye-na-munyampeta-wa-ncd

Yasuwe: 284 Mu Kinyarwanda bavuga ko ‘Kwirinda biruta kwivuza’! Ku bijyanye n’ubuzima bw’umwana ho hari ubwo uko kwivuza kuba kudashoboka, nk’iyo habayeho igwingira kuko ritavurwa. Ibyo bitanga amahitamo amwe gusa yo ‘kwirinda’. Impuguke mu mikurire y’umwana zigaragaza ko ari ngombwa kwita ku mwana hakiri kare kuko 80% by’ubwonko bwe bikura mu myaka 3 ya mbere, 

Continue Reading