U Rwanda rwongeye urukingo rw’Urushwima mu zihabwa abana bakivuka
U Rwanda rwatangiye gutanga urukingo rw’indwara y’umwijima wo mu bwoko bwa B (Hepatitis B Virus: HBV), umwana azajya ahabwa bitarenze amasaha 24 avutse, hagamijwe kumurinda kwandura cyangwa kuzahazwa n’iyo ndwara Abanyarwanda bita ‘urushwima’. Indwara y’umwijima wo mu bwoko bwa B ni indwara ikomeye abahanga bagaragaje ko benshi mu bayirwaye bayandujwe n’ababyeyi babo gihe cyo kuvuka. […]
Continue Reading