Abana basabye kujya bitabira inama mpuzamahanga ziga ku mihindagurikire y’ibihe

Abana bagaragaje ko mu gihe ibihugu byiga ku mihindagurikire y’ibihe n’icyakorwa mu guhangana n’ingaruka zabyo, bajya batekerezwaho mu biganiro bigamije gushaka ibisubizo kuko bari mu bagirwaho ingaruka nabyo. Byagarutsweho mu nama yahuje abana, yiga ku ngaruka z’imihindagurikire y’ibihe ndetse no gukusanyiriza hamwe ibyifuzo byabo mu gihe inama mpuzamahanga ya COP29 izabera muri Azerbaijan yegereje. Ubushakashatsi […]

Continue Reading

Muhanga: Umubyeyi arashinja umuganga kumurangarana

Umubyeyi witwa Tuyishimire Marie Solange wo mu Mudugudu wa Rugwiza, Akagari ka Nsanga, Umurenge wa Rugendabari mu Karere ka Muhanga, avuga ko ahangayikishijwe n’ubusembwa umwana we yatewe arimo kumubyara. Ubwo yafatwaga n’ibise yihutiye kujya ku Kigo Nderabuzima cya Rugendabari, ariko ahageze atinda kubyara. Nyuma y’iminota itari micye, yumva Umwana ageze mu matako, avuga ko  Umuforomokazi […]

Continue Reading

TikTok yajyanywe mu nkiko ishinjwa kurangaza abana

Urubuga rw’Abashinwa, TikTok rwajyanywe mu nkiko zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rushinjwa kurangaza abana batarageza imyaka y’ubukure, ku buryo barumaraho umwanya munini kubera amakuru abashuka rukomeza kubereka. Iki kirego cyatanzwe kuri uyu wa Kabiri muri Leta 14 zo muri Amerika. Iki kigo gishinjwa kwereka abana ibintu bijyanye n’ibyo bakunda, igakomeza kubibahata ku buryo […]

Continue Reading

Abangavu barenga ibihumbi 10 babyaye bataruzuza imyaka 18 mu mezi atandatu ya mbere ya 2024

Umugenzuzi Mukuru w’Urwego rushinzwe kugenzura Iyubahirizwa ry’Ihame ry’Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagore n’Abagabo mu Iterambere ry’Igihugu (GMO) Ndine Umutoni Gatsinzi, yatangaje ko mu mezi atandatu ya mbere ya 2024 abangavu barenga ibihumbi 10 babyaye batararenza imyaka 18, harimo n’abari munsi y’imyaka 14 bagera kuri 55. Yabigarutseho kuri uyu wa 30 Nzeri 2024 mu nama rusange ya 23 […]

Continue Reading

Icyakumira ubwiyongere bw’abana bo mu muhanda kigafasha gukuramo abasanzwe, mu mboni za Murwanashyaka wa CLADHO

Umuyobozi ushinzwe guhuza ibikorwa mu Mpuzamiryango Iharanira Uburenganzira bwa muntu, CLADHO akaba n’umugenzuzi w’uburenganzira bw’umwana ku rwego rw’igihugu, Murwanashyaka Evariste avuga ko inzego z’ibanze zigomba gufata iya mbere mu kibazo cy’abana bo mu muhanda baharanira ko umwana wagiye ashakishwa akagarurwa mu muryango byihuse. Iki ni igisubizo cyumvikanisha ko abana bashya bajya mu muhanda bagabanyuka hanyuma […]

Continue Reading

NCDA igiye gukemura burundu ikibazo cy’abana bo mu muhanda igihereye mu mizi

Ikigo cy’igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana, NCDA cyatangaje ko kigiye gukemura burundu ikibazo cy’abana bo mu muhanda gihereye ku mpamvu zituma bava mu miryango yabo. Byagarutseho nyuma yuko inzego zitandukanye zifite aho zihuriye no kurengera umwana, zihurije ku kuba hakiri abana bajya mu muhanda abandi bagasubirayo nyuma yo kuva mu Bigo Ngororamuco, bitewe n’uko […]

Continue Reading

Instagram yashyizeho amabwiriza agamije kurengera ingimbi n’abangavu

Ikigo Meta, kibarizwamo imbuga nkoranyambaga zirimo Facebook, Instagram na WhatsApp, cyatangaje ko cyatangiye amavugurura n’amabwiriza mashya agamije kurengera abangavu n’ingimbi bakoresha Instagram. Meta imaze igihe iri ku gitutu cy’ababyeyi bayishinja gushyira mu kaga ubuzima bw’abana babo, bikaviramo bamwe guhindura imyitwarire no kwibasirwa n’indwara z’imitekerereze zirimo agahinda gakabije. Guhera tariki 17 Nzeri, Instagram yatangije uburyo bushya […]

Continue Reading

Nyamasheke: Polisi yatangaje imibare y’abaguye n’abakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yari itwaye abanyeshuri

Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangaje ko abanyeshuri babiri aribo bamaze gupfa bazize impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri bo ku ishuri ryigenga rya St Mathews naho 32 bakomeretse bakomeje kwitabwaho. Ni impanuka yabereye mu Mudugudu wa Kamabuye, Akagari ka Ntendezi, Umurenge wa Ruharambuga ku wa 19 Nzeli 2024. Nyuma yuko hagiye hatangazwa […]

Continue Reading

Ni uburenganzira bw’umwana kugira uruhare mu bimukorerwa – NCDA

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA) kiratangaza ko bumwe mu burenganzira bw’umwana harimo no kugira uruhare mu bimukorerwa. Umuyobozi Mukuru wa NCDA Ingabire Assumpta, yabigarutseho mu gihe kuri uyu wa Mbere tariki 02 Nzeri 2024 mu Karere ka Huye muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye mu Ntara y’Amajyepfo, hateraniye Inama Nkuru y’Igihugu […]

Continue Reading

ECD yagaragajwe nk’inkingi ikomeye ku cyerekezo cy’ubukungu bushingiye ku bumenyi

Kuva mu 2011 imyaka igera kuri 13 irashize u Rwanda rushyizeho Politiki y’igihugu y’imbonezamikurire y’abana bato (ECD Policy). Isesengura ryakozwe nyuma y’imyaka itanu ishyizweho, ryerekanye ko ari Politiki nziza iganisha ku cyerekezo cy’igihugu cyo kwimakaza ubukungu bushingiye ku bumenyi. Byemejwe hashingiwe ko umwana wagiye mu irerero akura neza mu bwenge kandi atagwingiye, yagera n’igihe cyo […]

Continue Reading