Abana-bafite-imiterere-idasanzwe-ku-isi-barimo-ufite-amenyo-300

Yasuwe: 391 Buri muntu mu batuye Isi afite ibyo yihariye adahuje n’undi, ariko abantu bamwe na bamwe bafite ibyihariye bidasanzwe kurusha abandi. Muri iyi nkuru tugiye kubagezaho abana bafite imiterere idasanzwe ku Isi. Nk’umwana umubyeyi azakubwira ko uri umuntu udasanzwe kandi w’igitangaza. Impamvu rusange yabyo ni ukugira ngo twigirire icyizere igihe tukiri bato. Nubwo buri 

Continue Reading

Urunana-rugeze-aharyoshye-muganga-jackie-yatawe-muri-yombi-azira-cedrick

Yasuwe: 844 Abakunzi b’Ikinamico Urunana bibazaga uko ibya Muganga Jackie n’umwana muto witwa Cedrick bizarangira none ifatwa rye niryo ryashyize akadomo ku mukino wo kuri uyu wa 21 Nyakanga 2022. Mu Ikinamico Urunana Muganga Jackie ni umukobwa ukuze ukora akazi ko kuvura ku Kigonderabuzima cy’i Nyarurembo naho Cedrick ni umwana w’umuhungu w’imyaka 17 y’amavuko

Continue Reading

Impamvu-udakwiye-gucikwa-ni-umutware-filimi-nshya-ivuga-ku-bana-yatangiye-kwigarurira-imitima-ya-benshi

Yasuwe: 561 Mu Rwanda hasohotse filimi y’uruhererekane yiswe ‘Ni Umutware’ ivuga ku bana, ikaba imaze kwigarurira imitima y’abatari bake mu minsi ine gusa imaze isohotse. Ni Umutware ni filimi izajya yibanda ku burenganzira bw’umwana, kurwanya ihohoterwa rimukorerwa, imikurire myiza, uburere buboneye n’imibereho y’umwana mu muryango Nyarwanda. Ku wa 07 Nyakanga 2022 nibwo hasohotse agace kayirarikira

Continue Reading

Sakwe-sakwe-dukine-umukino-winyurabwenge-uryohera-abato-nabakuru

Yasuwe: 948 Ibisakuzo ni umukino wo mu magambo. Ugizwe n’ibibazo n’ibisubizo bihimbaza abakuru n’abato kandi birimo ubuhanga. Amateka y’Ubuvanganzo Nyarwanda agaragaza, ko  ibisakuzo byagiraga abahimbyi b’inzobere muri byo, bahoraga bacukumbura ijoro n’umunsi, kugirango barusheho kunoza no kuryoshya uwo mukino. Ibyo bituma bibamo amagambo akomeye abato badashobora kumva byoroshye. Ni byiza ko niba ukina uyu mukino

Continue Reading

Nyaruguru malayika murinzi yavuze ihohoterwa ryakorewe umwana ufite ubumuga arera.

Manchester City enjoyed the perfect warm-up for Sunday’s crucial Premier League trip to Liverpool as they cruised past Copenhagen to reach the Champions League quarter-finals for a seventh successive season. Ahead by two goals from the first leg in Copenhagen three weeks ago, any lingering hopes of a shock were ended within nine minutes as […]

Continue Reading