Kicukiro-abana-34-bakorewe-ihohoterwa-rishingiye-ku-gitsina-babyara-imburagihe

Yasuwe: 128 Ubuyobozi bw’Akarere ka Kicukiro bwatangaje ko kuva uyu mwaka wa 2022 watangira, abana b’abakobwa 34 bo mu mirenge itandukanye igize aka Karere bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsinda ndetse bibaviramo guterwa inda imburagihe. Ibi byatangajwe ubwo aka karere katangizaga icyumweru cyo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro Wungirije, Rukebanuka Adalbert

Continue Reading

Icyo-leta-ifasha-abikorera-bashinga-amarerero-ikiganiro-cyihariye-na-munyampeta-wa-ncd

Yasuwe: 284 Mu Kinyarwanda bavuga ko ‘Kwirinda biruta kwivuza’! Ku bijyanye n’ubuzima bw’umwana ho hari ubwo uko kwivuza kuba kudashoboka, nk’iyo habayeho igwingira kuko ritavurwa. Ibyo bitanga amahitamo amwe gusa yo ‘kwirinda’. Impuguke mu mikurire y’umwana zigaragaza ko ari ngombwa kwita ku mwana hakiri kare kuko 80% by’ubwonko bwe bikura mu myaka 3 ya mbere, 

Continue Reading

Huye-abangavu-batewe-inda-bagaragaje-imbogamizi-zikomeye-zituma-badasubira-mu-ishuri

Yasuwe: 176 Impuzamiryango  y’uburenganzira  bwa  muntu  CLADHO , ifatanyije  n’ishami  ry’umuryango  w’abibumbye  ryita  ku bana Unicef bamaze igihe  baganira  n’aba bana bagaragaza ibibazo bibangamiye. Ni ikibazo cyagaragaye mu karere  ka  Huye ubwo abakozi  ba CLADHO na Unicef baganiraga  n’aba bana batewe inda mu mirenge 6 y’akarere ka Huye. Ndetse  cyongeye  kugaragarizwa abayobozi b’aka karere  mu.

Continue Reading

Nyanza-ababyeyi-babangavu-batewe-inda-basabwe-kubaba-hafi-no-kubahumuriza-ku-byababayeho

Yasuwe: 169 Minisiteri  y’uburinganire  n’iterambere  ry’umuryango  yatangije  ibikorwa byo kwegereza serivise zitangiwe  hamwe , nta  kiguzi  abana bakorewe  ihohoterwa  bagaterwa  inda  bari mu nsi y’imyaka  18 bo mu karere ka Nyanza. Ni ibikorwa  by’iminsi itatu  bigamije  kuganiriza  abana , kubatega  amatwi no kubahumuriza  bikaba  bigenewe  abangavu 150 n’ababyeyi babo baturutse mu mirenge  itandukanye  y’aka karere. 

Continue Reading

UR -yatangije-gahunda-yise-mwana-tera-igiti

Yasuwe: 222 Itsinda ry’abashakashatsi biga  ibijyanye n’Ubuzima bwo mu mutwe n’imyitwarire mu ishami ry’Ubuvuzi, muri Kaminuza y’u Rwanda (UR) ryatangije gahunda yo gushishikariza abana gutera ibiti mu mushinga ‘Mwana Tera Igiti’ mu rwego rwo gutoza abakiri bato kubungabunga ibidukikije. Umwarimu muri UR mu bijyanye n’ibinyabuzima, Dr. Mujawamariya Myriam yatangaje ko iki gikorwa kigamije  kumvisha umwana

Continue Reading

Balenciaga-yasabye-imbabazi-ku-mafoto-yabana-yari-yakoresheje-yamamaza-imibonano-mpuzabitsina

Yasuwe: 237 Inzu y’imideli yo muri Espagne yitwa Balenciaga yakuyeho ndetse isaba imbabazi ku mashusho yari iherutse gushyira hanze yamamaza ibicuruzwa mu gihe cya Noheli, yateje impaka kubera gukoreshamo abana kandi yamamaza ibiganisha ku mibonano mpuzabitsina. Balenciaga yari iherutse gushyira hanze amafoto ariho abana bari hagati y’imyaka itatu n’itanu, bafite ibipupe bari kwamamaza byambitswe imyenda

Continue Reading

Impamvu-ituma-ababyeyi-bagira-umuhangayiko-nyuma-yigihe-gito-bibarutse

Yasuwe: 239 Ubushakashatsi bwagaragaje ko ababyeyi bamwe na bamwe bagira umuhangayiko nyuma y’igihe gito babyaye kuburyo bishobora kubatwara igihe kirenze umwaka kugira ngo bongere kubona ibitotsi nkuko byari bisanzwe mbere yo kubyara. Byagaragajwe n’ubushakashatsi bwa Kaminuza ya Warwick yo mu Bwongereza bwakorewe ku bagore bagera ku 2,541 n’abagabo 2,118 babyaye hagati ya 2008 na 2015.

Continue Reading

Sudani-yepfo-abapolisi-bu-rwanda-bari-mu-butumwa-bwamahoro-batanze-inkunga-ku-bana-bimfubyi

Yasuwe: 394 Itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda rigizwe n’umubare munini w’abapolisikazi (RWAFPU-3) riri mu butumwa bw’umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 25 Ukwakira, ryatanze inkunga y’ibiribwa, imyambaro ndetse n’ibikoresho by’isuku ku kigo cy’abana b’imfubyi  giherereye mu murwa mukuru Juba. Icyo kigo cyitwa St. Clare House for Children, gicumbikiye abana b’imfubyi

Continue Reading

Igitinyiro-cya-messi-ubwo-yinjiraga-mu-ishuri-rya-barcelona-afite-imyaka-13

Yasuwe: 353 Lionel Messi yinjiye mu ishuri ry’umupira w’amaguru rya Barcelona, La Masia, afite imyaka 13. Ni ishuri ryanyuzemo ibindi bihangange mu mupira w’amaguru nka Xavi, Andres Iniesta, Gerard Pique na Cesc Fabregas. Mu kiganiro BBC Sport yagiranye na Fabregas wakinaga hagati muri Barcelona yavuze ko ikintu cya mbere yabonye kuri Messi ari uko yari

Continue Reading