Burera: Hari abacuruzi bahinduye abana ibikoresho byo kwambutsa magendu
Mu Karere ka Burera ku mupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda, hari abana usanga bicaye mu matsinda bategereje ababatuma kubazanira ibicuruzwa mu buryo butemewe muri Uganda. Abo bana bakabaye bari mu ishuri iyo bavuye kwambutse ibyo bicuruzwa uwabatumye abahemba amafaranga angana n’ibiceri 300 Frw kuri buri nshuro. Abo ijamboryumwana ryasanze kuri uwo mupaka […]
Continue Reading