Depite Uwababyeyi Jeannette yakebuye ababyeyi bacutsa abana imburagihe

Depite Uwababyeyi Jeannette, uri mu bagize komisiyo y’imibereho y’abaturage mu Nteko Ishingamategeko, yibukije ababyeyi konsa neza igihe cyagenwe, bakirinda gucutsa abana imburagiye, kuko amashereka ariyo arimo intungamubiri zose umwana akenera. Ni ubutumwa yagarutseho ubwo yasuraga ababyeyi bo mu Kagari ka Bugaragara mu Murenge wa Rwimiyaga, Akarere ka Nyagatare bafite abana bari mu mirire mibi. Hari […]

Continue Reading

Nyanza: Barasaba kwihutisha kubaka urwibutso ahiciwe abagore n’abana ku Ibambiro

Ubuyobozi bw’umuryango IBUKA mu karere ka Nyanza burasaba ko umushinga wo kubaka urwibutso ahitwa ku Ibambiro, ahiciwe urw’agashinyaguro abagore n’abana muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, wihutishwa. Ibi byasabwe tariki ya 3 Gicurasi 2025, mu mugoroba wo kwibuka ku nshuro ya 31 abagore n’abana biciwe ahitwa ku Ibambiro i Kibilizi, mu karere ka Nyanza. Perezida […]

Continue Reading

Palestine: Abana Bashonjeshejwe N’Uko Israel Yashyize Gaza Mu Kato

UNICEF ivuga ko abana bo muri Gaza bashonjeshejwe n’ingamba ingabo za Israel zafashe zo gukomanyiriza impunzi zo mu bice bya Gaza zigamije kuvana abarwanyi ba Hamas ku izima bakarekura imfungwa za Israel. Al Jazeera yanditse ko amakuru atangwa na UNICEF avuga ko abo bana kandi batabona imiti n’inkingo, ibyo bikazagira ingaruka ku buzima bwabo mu […]

Continue Reading

Ingingo yo gutwitira undi ikomeje kuzamura impaka

Ingingo yo gutwitira undi ikomeje kuzamura impaka n’ibitekerezo binyuranye mu gihe Komisiyo y’imibereho y’abaturage mu mutwe w’Abadepite, ikomeje gusuzuma umushinga w’itegeko rigenga serivisi z’ubuvuzi. Ku wa Gatanu taliki 2 Gicurasi 2025 nibwo hakiriwe ibitekerezo by’abafatanyabikorwa mu rwego rw’ubuzima biganjemo imiryango itari iya Leta. Mu cyumba Komisiyo y’imibereho y’abaturage yasuzumiragamo uyu umushinga w’itegeko, impaka zari nyinshi. […]

Continue Reading

Hari abakoresha bafata nabi abakozi nabo bakihimurira ku bana, Sendika y’abakozi bo mu rugo twaganiriye (Video)

Sendika ishinzwe uburenganzira bw’abakozi bo mu Rugo yatangaje ko iri gushyira imbaraga mu kwigisha abakozi gufata neza abana mu Ngo bakoramo no kwirinda kubahohotera babatura umujinya igihe hari ibyo batumvikanyeho n’abakoresha babo. Mu bihe bitandukanye ku mbugankoranyambaga hagiye hasakara amashusho y’abakozi bo mu Rugo bahohotera abana, ndetse hari n’abishe abo mu Ngo bakoragamo nk’uko Imanza […]

Continue Reading

Abakoresha Imbuga Nkoranyambaga Baraburirwa Kudashyira Abana Mu Kaga

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Thierry B. Murangira yibukije abakoresha imbuga nkoranyambaga kubaha no kurinda uburenganzira bw’abana mu byo bakora byose kandi ko uzanyuranya nabyo azabihanirwa. Mu butumwa yanyujije kuri X yagize ati: “Hagiye gukorwa igikwiye. Tuboneyeho akanya ko kongera kwibutsa abakoresha imbuga nkoranyambaga kubaha no kurinda uburenganzira bw’abana mu byo bakora byose. Kunyuranya […]

Continue Reading

Kamonyi: Barasaba ko amazina y’abana biciwe i Nyarubaka muri Jenoside yandikwa ku Rwibutso

Mu Murenge wa Nyarubaka mu Karere ka Kamonyi habereye igikorwa cyo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi biciwe muri uwo Murenge, ababyeyi basaba ubuyobozi ko amazina y’abana bahiciwe yashyirwa ku Rwibutso. Abana bahiciwe bari biganjemo abahungu. Ababyeyi bafite abana biciwe i Nyarubaka bavuga ko abo bana bishwe bashinyaguriwe ndetse ngo Interahamwe zabajugunuyaga mu cyobo ari bazima […]

Continue Reading

Nyamasheke: Ababyeyi basabwe kutadohoka kuri gahunda yo gupimisha abana

Umuyobozi w’Ishami ry’Ubuzima mu Karere ka Nyamasheke, Byiringiro Jean Paul, yasabye abafite abana bato kubahiriza gahunda yo kubapimisha kuri site zagenwe aho batuye mu Midugudu, mu rwego rwo gukurikirana imikurire yabo kugira ngo uwo bigaragaye ko ari gusubira inyuma yitabweho hakiri kare. Byiringiro yabigarutseho mu bukangurambaga bwo kurwanya imirire mibi n’igwingira bwateguwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe […]

Continue Reading

USA: Ababyeyi bakoze imyigaragambyo yo kwamagana Mark Zuckerberg

Ababyeyi bo mu Bwongereza na bagenzi babo bo muri Amerika baraye mu myigaragambyo bamagana Ikigo Meta cy’umuherwe Mark Zuckerberg kibarizwamo imbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo na Facebook kubera urupfu rw’abana babo bemeza ko rufite aho ruhuriye n’urwo rubuga nkoranyambaga. Imiryango ine y’ababyeyi bo mu Bwongereza yafashe indege ijya i New York, ihahurira n’abandi babyeyi bo muri […]

Continue Reading

Rwamagana: Minisitiri Uwimana yasabye abagize umuryango kurinda abana inyigisho zirimo amacakubiri

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée ubwo yifatanyaga n’Abanyarwamagana Kwibuka ku nshuro ya 31, abagore n’abana biciwe mu Murenge wa Kigabiro ku Musozi wa Sovu mu Karere ka Rwamagana, yasabye Abanyarwanda kwimakaza urukundo n’amahoro mu muryango no kwirinda inyigisho zibiba amacakubiri mu bakiri bato. Umuhango wo Kwibuka abagore n’abana bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, wabaye […]

Continue Reading