Kicukiro: Kwegereza abana ECD byatumye batiga kure

Ababyeyi bo mu Murenge wa Masaka mu Kagari ka Mbabe mu Karere ka Kicukiro bishimira ko ubu bafite irerero ribafasha kubona aho basiga abana bakiga, bakitabwaho ku buryo ababyeyi basanga nta kibazo abana bagize. Leta y’u Rwanda isanganywe gahunda yo kubaka amashuri y’incuke henshi mu gihugu kugira ngo zibone aho zigira iby’ingenzi umwana wo muri […]

Continue Reading

Abana Basuye Inzibutso Zishyinguwemo Bagenzi Babo Bazize Jenoside

Muri Nyabihu hashize iminsi habera igikorwa cyo gufasha abana kumenya amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Abo bana biga mu ishiuri ry’incuke ryitwa Ecole Maternelle Fondation Ndayisaba Fabrice bakaba barakoze izo ngendo k’ubufatanye n’Akarere ka Nyabihu. Basuye inzibutso mu rwego rwo guha agaciro no kwibuka abana n’impinja bazize Jenoside. Iki gikorwa kimaze iminsi itanu gikorerwa mu […]

Continue Reading

Umubare w’abana bapfa bari munsi y’imyaka itanu waragabanutse

Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente Edouard ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko ishusho y’ibikorwa bya Guverinoma ku byagezweho mu rwego rwo guteza imbere imibereho myiza y’Abanyarwanda, hari tariki 19, Kamena, 2025, yavuze ko umubare w’abana bapfa bari munsi y’imyaka itanu ku bana 1000 bavuka ari bazima, wagabanyutseho 22. Wavuye ku bana 58 ku bana 1 000 […]

Continue Reading

Rutsiro: Umwana W’Imyaka 11 Yagiye Gukora Ikizamini Ahetse Murumuna We

Amaze kubona ko Nyina amusigiye murumuna we ngo amucunge kuko yari agiye kwa muganga, umwana witwa Sérge Habumugisha w’imyaka 11 yahisemo kumuheka amujyana ku ishuri kuko yagombaga gukora ikizami. Akigera yo abamubonye batangaye, bamushimira ubutwari yagize bwo kwanga gusiba ikizamini akemera no kuzana murumuna we ngo adasigara mu rugo wenyine. Murumuna wa Habumugisha afite umwaka […]

Continue Reading

Abana 109 Bacuruzwaga Bavanywe Mu Menyo Ya Rubamba

Muri Leta ya North Texas muri Leta zunze ubumwe z’Amerika haherutse gukorerwa umukwabo watumye abana 109 bari barashimuswe n’abagizi ba nabi ngo babakoreshe urukozasoni babohorwa. Muri icyo gikorwa cyakozwe k’ubufatanye bwa FBI hafatiwemo abantu 244 barimo abagabo n’abagore bacuruzaga abo bana mu bigo by’ubucuruzi bw’amashusho y’urukozasoni. Ubushinjacyaha bwo muri iriya Leta bivuga ko ubwinshi bw’abafatiwe […]

Continue Reading

Nyarugenge: Aricuruza Ngo Atunge Umwana ‘Atabyaye’ Ufite Ubumuga Bukomatanyije

Mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Rwezamenyo, Akagari ka Indatwa, mu Mudugudu wa Rwezamenyo hari umugore abaturage bavuga yatereranywe n’umugabo akamusigira umwana ufite ubumuga bukomatanyije kandi atari we bamubyaranye. Hashize imyaka ine bibaye. Byukusenge Hadidja aherutse kubwira BTN TV ko ubwo yari akiva iwabo muri Nyamagabe akaza kuba  i Kigali, yabanje gukora akazi ko mu […]

Continue Reading

Kamonyi: Umuyobozi w’ishuri arakekwaho kugurisha ibiryo by’abanyeshuri

Umuyobozi w’Ikigo cy’amashuri abanza cya Munoga, giherereye mu Kagari ka Kazirabonde, Umurenge wa Ngamba mu Karere Kamonyi, arakekwaho kugurisha ibiro 150 by’ibiryo by’abanyeshuri abeshya abo bakorana ko arimo kwishyura ideni ryo muri COVID19. Ikinyamakuru Umuseke cyanditse ko ibyo biryo yabihaye umugore bafitanye isano akabeshya abo bakorana ko yamwishyuraga ideni yafashe nyuma ya COVID-19. Abatanze ayo […]

Continue Reading

Umwana Wari Uherutse Kuzuza Imyaka Y’Ubukure Bamusanze Mu Gishanga Yapfuye

Muri kimwe mu bishanga byo muri Nyanza habonetse umurambo wa Jean Marie Vianney Tuyizere wari wujuje imyaka 18 y’ubukure. Mu Karere ka Nyanza, mu gishanga habonetse umurambo w’umusore w’imyaka 18 wari umaze igihe yarabuze. UMUSEKE wanditse ko uriya musore yari amaze iminsi yaraburiwe irengero, umurambo we uza kugaragara mu gishinga cyo mu Murenge wa Kibirizi […]

Continue Reading

NCDA yibukije ko uburere buboneye butangira umwana agisamwa abagabo basabwa kubigira ibyabo

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana, NCDA, cyibukije ababyeyi ko uburere buboneye butangira guhabwa umwana agisamwa, gisaba ko himakazwa ubufatanye bw’umugore n’umugabo kugeza umwana abaye umuntu mukuru. Ni ubutumwa umuyobozi wa NCDA, Ingabire Assumpta yagarutseho mu birori byo kwizihiza umunsi w’umwana w’Umunyafurika wizihirijwe mu Karere ka Rusizi kuri uyu wa Gatandatu taliki 14 Kamena […]

Continue Reading

Abana bo muri Israel na Iran bari kwicwa n’ibisasu

Abana bo muri Israel na Iran bari kwicwa n’ibisasu Ibisasu byaraye birashwe rwagati muri Israel byahitanye abantu batandatu barimo abana babiri n’abagore babiri. Israel ivuga ko Iran iri gufashwa na Yemen, kandi ikemeza ko hari abana bari guhitanwa nabyo. Itangazamakuru ryo muri Israel ryanditse ko hari abantu 130 bakomerekejwe na biriya bisasu Abagore babiri n’abana […]

Continue Reading