Burera: Bavoma Kure Bahetse Abana

Mu Mirenge itatu y’Akarere ka Burera ari yo Rugarama, Cyanika na Gahunga hari abagore bakora urugendo rurerure bahetse abana bagiye kuvoma amazi mu mibande iri hasi mu misozi miremire. Babiterwa ahanini n’uko amazi yari asanzwe aboneka ku mavomo abatuye yabuze, ubu ijerekani ikaba igura Frw 300. Muri iki gihe iragura ityo kandi nta gihe kinini […]

Continue Reading

Amerika: Imyuzure yahitanye abana 25

Muri Leta ya Texas, imwe muri Leta 50 zigize Ameika, habereye ikiza cyahitanye abantu bakuru 24 n’abana 25, kugeza ubu hari n’abandi benshi bataraboneka. Imvura yateye iyo myuzure yaguye isa n’aho itunguranye, amazi aruzura aba menshi kugeza ubwo imivu ikomeye itembanye abantu bari baje mu birori byari byahurije hamwe abakobwa n’inshuti zabo. Perezida wa Amerika […]

Continue Reading

Buri Minota 15 Umwana Azira Intambara –UNICEF

Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku bana ritangaza ko intambara ziri hirya no hino ku isi zikomeje gushyira ubuzima bw’abana mu kaga ku buryo buri masogonda atanu umwana ata iwabo agahunga, buri minota 15 akicwa cyangwa agakometswa. Aho ibi byiganje mu Burasirazuba bwo Hagati no mu Majyaruguru ya Afurika. Aka kaga katumye abantu miliyoni 45 bakenera […]

Continue Reading

Nyamasheke: Abanyeshuri barashaka aho gukinira

Abana bo mu Murenge wa Karengera mu Karere ka Nyamasheke biga mu rwunge rw’amashuri rwitwa GS Umucyo Karengera basaba ubuyobozi kubashakira ibibuga bikoze neza bakabikiniraho bikabazamurira impano. Ababyeyi babo nabo bavuga ko kutagira aho bakinira bituma abana babo badasabana cyangwa ngo bazamure impano bifitemo. Umwe muri bo witwa Nyabyenda Siméon yabwiye Imvaho Nshya ko bishimira uburezi […]

Continue Reading

Abenshi Mu Bazazira Ihagarikwa Ry’Inkunga Ya Amerika Ni Abana-Raporo

Abahanga bandika mu kinyamakuru kiri mu byuhashwe kurusha ibindi ku isi byandika ku buzima no kuri science cyo mu Bwongereza kitwa The Lancet banditse ko mu bantu miliyoni 14 bazahitanwa n’ingaruka z’uko Amerika yahagaritse inkunga mu bihugu bikennye ari abana. Muri Werurwe, 2025, Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Marco Rubio yabwiye isi […]

Continue Reading

Abana 17 bafunzwe baritabira ibizamini

Ikigo gishinzwe igorora Rwanda Correctional Services cyatangaje ko hari abana cumi na barindwi(17), basanzwe bafungiwe muri Gereza ya Nyagatare bari bukore ibizamini by’amashuri yisumbuye. Kuri uyu wa Mbere Tariki 30, Kamena, 2025 nibwo abanyeshuri b”amashuri yisumbuye bari gutangira ibizamini biyarangiza. Ku byerekeye abana bafungiye muri Gereza ya Nyagatare, RCA ivuga ko abahungu cumi na batandatu(16) […]

Continue Reading

Intambara Muri Sudani Ikomeje Kwica abana

Abana bo muri Sudani barapfa ari benshi bazize uruhurirane rwa byinshi birimo inzara, indwara n’ibisasu bibasanga kwa muganga aho barembeye. Umunyamabanga mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus niwe ubivuga. Tedros Adhanom Ghebreyesus asaba impande zihanganye muri iyi ntambara ko zakunamura icumu kuko abari kuhagwa benshi ari abana. Kuri X yanditse […]

Continue Reading

Umwana ashima ko hashyizweho uburyo bwo kwibuka abazize jenoside

Umwe mu rubyiruko rufashwa n’umuryango ERM Rwanda witwa Divine Uwase asanga kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi ari ingirakamaro mu gutuma abato bakura bazi ububi bwayo. We na bagenzi be babana muri uwo muryango ari nawo ubafasha kwiga babivugiye ku rwibutso brwa Kigali ruri ku Gisozi muri Gasabo hari bari baje kunamira imibiri 250,000 y’Abatutsi bahashyinguye […]

Continue Reading

Ubumenyi buke mu kwita ku bana bibangamira ingo mbonezamikurire

Umuryango wa sosiyete sivile uharanira Iterambere ry’Umwana, Urubyiruko n’umugore, Save Generations Organization, wabwiye itangazamakuru ko kimwe mubyo babonye bibangamira iterambere ry’ingo za ECD  ari ubumenyi buke bw’abita ku bana. Abo muri uwo muryango babitangaje ubwo bamurikaga ubushakashatsi bw’ibanze ( assessment) bakozwe ku mikorere n’imitangire ya serivisi muri izo ngo mbonezamikurire. Babwiye itangazamakuru ko babikoze bagamijwe […]

Continue Reading

Police Volleyball Club Igiye Gutegura Ikipe Y’Abana Yirereye

Muri Lycée de Kigali hagiye kujya hategurirwa abana bazaba abakinnyi ba Volley bakomeye mu gihe kiri imbere, bikaza  nyuma y’igihe bazamara batozwa n’abakuru bo muri Police Volleyball Club. Abo bana bazaba bafite hagati y’imyaka 12 na 16 kandi ari ab’ibitsina byombi. Igikorwa cyo gutangiza icyo wakwita ‘irerero rya siporo’ cyaraye gikorewe muri iki kigo cy’amashuri […]

Continue Reading