Dasso yiyise umubyeyi w’umunyeshuri akajya amusabira uruhushya agiye kumusambanya none yamuteye inda aramutererana

Mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Nyarubaka, hari Dasso wiyitaga umubyeyi w’umunyeshuri w’umukobwa wigaga ku Ishuri ry’Indangabarezi ryo mu Ruhango, akajya amusabira uruhushya rwa buri kwezi agiye kumusambanya, Ishuri rikamumuha kugeza ubwo amuteye inda Ikigo kikamwirukana none yabuze ubutabera. Yiga mu wa Gatatu w’amashuri yisumbuye muri G.S Kagarama mu Murenge wa Nyarubaka mu Karere […]

Continue Reading

Kamonyi: Abana bibana barimo uw’imyaka 3 basohowe mu Nzu

Abana batanu barimo u’wimyaka 3 basohowe mu mitungo yabo igizwe n’inzu babagamo n’izo bakodeshaga, zikavamo ibibatunga n’amafaranga yabafashaga mu bindi byangombwa nkenerwa birimo kwishyura amashuri na mituweri. Bavuga ko bagiriwe akarengane bashingira kuba urubanza rw’iyo mitungo rwararangijwe huti huti n’Abunzi, kandi harimo urundi rwo gutambamira iyo mitungo irengeje Miliyoni 3 Frw, ubusanzwe Abunzi batemerewe kuburanisha […]

Continue Reading

Abana basabye gukaza ibihano ku babahohotera, ubuyobozi bubasaba kutabahishira

Abana b’i Nyagatare basabye ko hakongerwa imbaraga mu kwigisha amahohoterwa y’ingeri zinyuranye abakorerwa, ariko hagashyirwa n’imbaraga mu guhana kugira ngo ihohoterwa ribakorerwa ricike. Abana bahagarariye abandi baturutse mu Mirenge yose, babigarutseho mu nama nyunguranabitekerezo yabahuje n’ubuyobozi bw’Akarere kabo, yibanze ku ruhare rwabo mu bibakorerwa. Abaganiriye n’Ijambory’umwana bagaragaje ko bifuza ko hakongerwa imbaraga mu guhana abantu […]

Continue Reading

U Rwanda rwongeye urukingo rw’Urushwima mu zihabwa abana bakivuka

U Rwanda rwatangiye gutanga urukingo rw’indwara y’umwijima wo mu bwoko bwa B (Hepatitis B Virus: HBV), umwana azajya ahabwa bitarenze amasaha 24 avutse, hagamijwe kumurinda kwandura cyangwa kuzahazwa n’iyo ndwara Abanyarwanda bita ‘urushwima’. Indwara y’umwijima wo mu bwoko bwa B ni indwara ikomeye abahanga bagaragaje ko benshi mu bayirwaye bayandujwe n’ababyeyi babo gihe cyo kuvuka. […]

Continue Reading

Burera: Abana bagaragarije Gitifu impungenge bafite (Video)

Abana bahagarariye abandi mu Murenge wa Nemba wo mu Karere ka Burera bagaragarije Umunyamabanga Nshingwabikorwa (Gitifu) w’uwo Murenge ko bafite impungenge zo kuzumvwa n’abantu bakuru igihe bazaba bagiye kubaganiriza ku Kurwanya imirire mibi n’igwingira. Izi mpungenge bazigaragaje ubwo bari mu mahugurwa ku ruhare rw’abana mu kurwanya imirire mibi n’igwingira yabaye ku wa 30 Ukuboza 2025. […]

Continue Reading

REB yashyize umucyo ku kibazo cy’abayobozi b’amashuri bavuze ko barenganyijwe n’Uturere bakoreragamo

Nyuma yuko hakozwe isuzuma ryasize abayobozi b’ibigo by’amashuri 890 bo hirya no hino mu Gihugu bahagaritswe mu nshingano zabo, abantu bagacika ururondogoro bavuga ko bamwe mu bahagaritswe barenganyijwe n’Uturere twashakaga kubikiza, REB yasobanuye byimbitse uko isuzuma ryagenze n’ibyarebweho. Umuyobozi Ushinzwe Iterambere ry’Imicungire y’Abarimu muri REB, Mugenzi Leon, yavuze ko hari gukurikiranwa ibibazo by’abayobozi b’ibigo by’amashuri […]

Continue Reading

Ngororero: Hari abana babeshejweho n’ifunguro ryo ku ishuri gusa

Abana bahagarariye abandi mu Mirenge y’Akarere ka Ngororero bavuze ko hari bagenzi babo batarya nijoro mu miryango yabo, aho urase ifunguro rya saa Sita ku ishuri aba azongera kurya ku munsi ukurikiyeho. Ni kimwe mu bibazo bibangamiye imibereho myiza y’abana, abahagarariye abandi bagarutseho mu mahugurwa ku ruhare rwabo mu kurwanya imirire mibi n’igwingira, banatangiyemo ibyo […]

Continue Reading

Rusizi: Umwana yagiye mu mahugurwa bamuhaye itike  ayigura inkoko

Umwana witwa Micomyiza Fabiola, wiga mu mwaka wa Gatandatu kuri EP Bwiza mu Karere ka Rusizi yagiye mu mahugurwa yo kurwanya imirire mibi n’igwingira, amafaranga y’urugendo (itike) bamuhaye yiyemeza kuyagura inkoko. Uyu mwana yabwiye ijamboryumwana.rw ko yahawe itike ya 25,000 Frw yakora imibare akumva hari icyo yakora ngo agire uruhare mu kugabanya imibare y’abana bagwingiye […]

Continue Reading

Nyagatare: Abana bagaragaje ibibangamira isuku mu Ngo no mu Mashuri

Abana bahagarariye abandi bo mu Karere ka Nyagatare bagaragaje ko ibikorwa by’isuku n’isukura, iwabo mu Ngo no mu Mashuri bigaho, bibangamiwe no kutagira amazi meza. Abana babigarutseho mu nama yahuje abagize Komite z’abana mu Karere ka Nyagatare no mu Mirenge yose n’Ubuyobozi bwako. Ni igikorwa cyateguwe n’Impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu (Cladho) na World Vision […]

Continue Reading

Kamonyi: Urubyiruko rwazamuye ikibazo cy’Imirenge itagira TVET

Urubyiruko rwo mu Karere ka Kamonyi, rwasabye ko Imirenge itagira amashuri y’Imyuga n’Ubumenyingiro (TVET) yashyirwa mu igenamigambi ry’ako Karere, byashoboka ikazagenerwa ingengo y’imari mu mwaka utaha kuko kutayagira bibangamira abanyeshuri bakenera kuyakomerezamo ariko ntibayabone hafi yabo. Babivugiye mu nama Nyunguranabitekerezo yahuje abahagarariye inzego z’urubyiruko mu Karere ka Kamonyi yateguwe n’Impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu (CLADHO), […]

Continue Reading