Hatowe itegeko ribuza abakobwa bari munsi y’imyaka 14 kwitandira
Inteko Ishinga Amategeko ya Autriche yatoye ku bwiganze burunduye bw’amajwi, itegeko ribuza abana b’abakobwa bo muri Islam bari munsi y’imyaka 14, kwambara ibitambaro mu mutwe (kwitandira), ibintu abaharanira uburenganzira bwa muntu bavuze ko birimo ivangura ndetse bishobora gucamo abaturage ibice. Leta ya Autriche yagaragaje ko kubuza abana b’abakobwa kwitandira, ari “ukubarinda ikandamizwa.” Mu 2019 iki […]
Continue Reading