Huye: Abana basabye ubuyobozi gukebura abadohotse ku muco wo gukaraba intoki
Abana bo mu Murenge wa Mbazi wo mu Karere ka Huye basabye ubuyobozi bw’Akarere ko ku mihanda n’ahahurira abantu benshi hashyirwa ahajugunywa imyanda (Poubelle) ndetse abaturage bakibutswa gusubira ku muco wo gukaraba intoki kenshi n’amazi meza n’isabune. Babigarutseho nyuma y’amahugurwa yahuje abagize Komite zâabana mu Tugari 12 tugize Umurenge wa Mbazi n’uwa Simbi yo mu […]
Continue Reading