Igisobanuro cy’abana binjirana n’abakinnyi mu kibuga mbere y’umukino w’umupira w’amaguru

Buri mukino w’umupira w’amaguru utangira, hari umuco wihariye ugaragara ku kibuga: abana binjirana n’abakinnyi, bafata ukuboko kwabo maze bakajya mu kibuga hamwe. Uyu muco, uzwi nka Player Escort, ni uburyo bwo kugaragaza ubusabane, icyubahiro, no guteza imbere inzozi z’abana. Abana bajyana abakinnyi mu kibuga baba bafite hagati y’imyaka 6 na 18. Bahagarara iruhande rw’umukinnyi mu […]

Continue Reading

Imaramatsiko ku bana binjirana n’abakinnyi mu Kibuga muri football

Mu Mupira w’amaguru hari umuco wihariye ugaragara ku Kibuga, iyo umukino ugiye gutangira, aho buri mukinnyi aba ari kumwe n’umwana basohoka mu rwambariro binjira mu Kibuga. Mu rurimi rw’abanyamupira uyu mwana yitwa ‘Player Escort’. agomba kuba afatanye n’umukinnyi mu kiganza igihe binjira mu Kibuga n’igihe baririmba indirimbo yubahiriza igihugu. Akenshi abana bose uko ari 11 […]

Continue Reading

MIGEPROF yasabwe gukemura ibibazo biri muri gahunda yo kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana bato

Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), yasabwe gukemura ibibazo bigaragara muri gahunda yo kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana bato bitarenze amezi 12. Inteko rusange umutwe w’Abadepite yateranye kuri uyu wa Kane tariki 13 Ugushyingo 2025, igezwaho raporo ya Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage ubwo yagenzuraga ikibazo cy’imirire mibi n’igwingira mu bana bato. Komisiyo yateguye igikorwa cyo gusesengura […]

Continue Reading

Umutekano w’abana urenze indyo yuzuye-Umuyobozi wa UNICEF mu Rwanda

Lieke van de Wiel uyobora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF, ishami ry’u Rwanda yabwiye abana bari baje kwizihiza umunsi mpuzamahanga wabahariwe ko kurya neza no kwiga bigendana no kuba batekanye. Hari mu gikorwa cyabereye ku i Rebero mu Karere ka Kicukiro ahahuriye abana bahagarariye abandi bari baje kumva inama za Polisi zo kwirinda […]

Continue Reading

Ababyeyi barasabwa guhindura imyumvire bakumva ko umwana w’umukobwa ari kimwe n’umuhungu

Hari bamwe mu babyeyi bagifite imyumvire idaha umwana w’umukobwa agaciro kimwe na ku muhungu kugeza ubwo ashobora gukumirwa kuba yajya mu mikino, ngo ikwiye kuranduka ihereye ku babyeyi, kuko umwana w’umukobwa na we ashoboye.Ubu ni bumwe mu butumwa bwatangiwe mu marushanwa y’umupira w’amaguru y’abangavu yabakanguriraga gukina.Mu Murenge wa Kigabiro habereye umukino wo guhatanira igikombe ku […]

Continue Reading

Rwamagana: Abarimu barasaba ubufatanye bw’ababyeyi kugira ngo abana bige neza

Abarimu bo mu Karere ka Rwamagana barashima Leta ko yabasubije agaciro, mwarimu akaba ari umuntu wubashywe na sosiyete bityo barasaba ababyeyi kuboherereza abana kugira ngo buzuze inshingano zabo dore Leta nayo yujuje izayo.Ibi byatangajwe ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wa mwarimu, mu Karere ka Rwamagana wizihirijwe ku rwego rw’akarere mu Murenge wa Kigabiro, aha niho hagaragarijwe […]

Continue Reading

Rusizi: Urubyiruko rwasabye kwite ku byo rwifuza mu igenamigambi

NST2 Uwingabire Frederic, Ati: “Duturuka mu Mirenge itandukanye, n’Uturere dutandukanye ugasanga bayugeneye budget itandukanye. Usanga ibikorwa bikorwa byibanda mu bice by’imijyo kandi no mu cyaro hari urubyiruko.” ============== Nyabyenda Emile Ati: “Twe turabaza abahagarariye abana, abafite ubumuga, abagore. Izo komite zose ziba zihagarariwe. Ibitekerezo biba ari bimwe, bamwe bati dukeneye umuhanda uva aha n’aha, dukeneye […]

Continue Reading

CLADHO yagaragarije Abadepite ibitanoze mu butabera buhabwa abana

Impuzamiryango Iharanira Uburenganzira bwa muntu (CLADHO) yagaragarije Abadepite, ingingo ku yindi, ko ibikubiye mu itegeko ryerekeye kurengera umwana, birimo uburyo afatwamo n’uburyo akurikiranwa bitubahirizwa, igihe yakoze icyaha, aho usanga hari abafungirwa muri Kasho bajya no kuburana ugasanga bari kumwe n’abantu bakuru kandi bakaburanishwa n’inkiko zitabagenewe. CLADHO yabigarutseho mu Nteko Ishinga Amategeko mu biganiro byahuje Sosiyete […]

Continue Reading

Cladho yasabye inzego z’ibanze gushyigikira ibikorwa by’abana (Video)

Impuzamiryango Iharanira uburenganzira bwa muntu (Cladho) irasaba ababyeyi, abarezi n’inzego z’ibanze gushyigikira ibikorwa by’abana bigamije kwimakaza isuku n’isukura no kurwanya imirire mibi n’igiwingira kuko uruhare rwabo ruri mu bihanzwe amaso ku hazaza h’umuryango uzira igwingira. Muri gahunda y’igihugu yo kwihutisha iterambere icyiciro cya Kabiri (NST2), Guverinoma y’u Rwanda ifite intego yo kugabanya igwingira rikagera kuri […]

Continue Reading