Hatangiye ubushakashatsi bwihariye kuri gahunda yo kugaburira abana ku mashuri

Mu bigo by’amashuri bitandukanye hatangiye ubushakashatsi bwihariye buri gukorwa n’abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye, bwitezweho kugaragaza ishusho nyayo y’imigendekere ya gahunda yo kugaburira bana ku mashuri (School Feeding Program) hagamijwe ko yanozwa ikagenda neza kurushaho. Mu bizitabwaho mu kubusesengura harimo kureba ko ifunguro abana bahabwa ryimakaza kurwanya imirire mibi n’igwingira. Ubu bushakashatsi buri gukorerwa […]

Continue Reading

Hari umuyobozi umaze kubyara abana 100 mu bihugu 12

Umuyobozi Mukuru w’Urubuga rwa Telegram, Pavel Durov, yatangaje ko amaze kubyara abana 100 hirya no hino ku Isi, bari mu bihugu 12. Uyu mugabo ubarirwa umutungo wa miliyari 13.9$ yatangaje ko abyara abana benshi binyuze mu gutanga intanga. Ati “Hari ivuriro natangiye gutangaho intanga mu myaka 15 ishize kugira ngo mfashe inshuti yanjye, aho yambwiye […]

Continue Reading

Kamonyi: Umuyobozi w’ishuri arakekwaho kugurisha ibiryo by’abanyeshuri

Umuyobozi w’Ikigo cy’amashuri abanza cya Munoga, giherereye mu Kagari ka Kazirabonde, Umurenge wa Ngamba mu Karere Kamonyi, arakekwaho kugurisha ibiro 150 by’ibiryo by’abanyeshuri abeshya abo bakorana ko arimo kwishyura ideni ryo muri COVID19. Ikinyamakuru Umuseke cyanditse ko ibyo biryo yabihaye umugore bafitanye isano akabeshya abo bakorana ko yamwishyuraga ideni yafashe nyuma ya COVID-19. Abatanze ayo […]

Continue Reading

NCDA yibukije ko uburere buboneye butangira umwana agisamwa abagabo basabwa kubigira ibyabo

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana, NCDA, cyibukije ababyeyi ko uburere buboneye butangira guhabwa umwana agisamwa, gisaba ko himakazwa ubufatanye bw’umugore n’umugabo kugeza umwana abaye umuntu mukuru. Ni ubutumwa umuyobozi wa NCDA, Ingabire Assumpta yagarutseho mu birori byo kwizihiza umunsi w’umwana w’Umunyafurika wizihirijwe mu Karere ka Rusizi kuri uyu wa Gatandatu taliki 14 Kamena […]

Continue Reading

Ishuri rifasha abafite ubumuga ryasabye ababyeyi kujya barigana abana bakiri bato

Ababyeyi bafite abana bafite ubumuga bwo mu mutwe barasabwa kujya babajyana aho bafashwa bakiri bato, kuko bibafasha gukurikiranwa kare kuko ubuyobozi bw’ishuri rishinzwe gukurikirana aba bana rigaragaza ko iyo abana baje ari bato bigira akamaro. Ibi bikaba byagarutsweho ubwo ishuri ryigisha abana bafite ubumuga bwo mu mutwe rya Gatagara ishami rya Gikondo ryagaragazaga ibyo ryagezeho […]

Continue Reading

Abarimo abana barenga 20 baguye mu ntambara ya Iran na Israel

Nibura abantu 80 barimo abana 20 bo muri Iran na Bane bo muri Israel nibo bamaze gutangazwa ko baguye mu ntambara ikomeye iri guca ibintu hagati y’ibyo bihugu by’ibihangange. Al Jazeera iri gutangaza ibiri kuba kuri iyo ntambara umunota ku wundi, yatangaje ko abandi benshi barimo abato n’abakuru bakomerekeye muri iyo ntambara iri kurangwa no […]

Continue Reading

Umunsi w’umwana w’Umunyafurika: Uw’u Rwanda amerewe ate? (video)

Abakurikiranira hafi imibereho y’abana n’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwabo mu Rwanda bemeza ko hari byinshi byakozwe mu kumurengera ariko urugendo rukiri rurerure kuko hari ibibazo bikimubangamiye birimo ihohoterwa n’imibereho itari myiza kuri bamwe. Ku italiki 16 Kamena buri mwaka u Rwanda kimwe n’ibindi bihugu bya Afurika rwizihiza umunsi w’Umwana w’Umunyafurika. Ni umunsi watangiye kwizihizwa mu 1991. Ufite […]

Continue Reading

Umugabo yishe umugore we n’abana be babiri arangije ariyahura

Umugabo w’imyaka 65 wari utuye mu Karere ka Nyagatare, yishe umugore we n’abana babo babiri, arangije ariyahura. Ibi byabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere tariki 9 Kamena 2025, mu Mudugudu wa Kakagaju mu Kagari ka Karambo mu Murenge wa Kiyombe. Mu bishwe harimo umugore wari ufite imyaka 51 witwaga Musabyimana Vivinne, umwana w’imyaka […]

Continue Reading

Hari gutunganywa Ifu y’Ifi izifashishwa mu kurwanya imirire mibi n’igwingira

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana, NCDA cyatangaje ko hari gutegurwa Ifu y’Ifi izajya iminjirwa ku ifunguro ry’umwana, ikifashishwa nk’inyunganiramirire mu kurwanya imirire mibi n’igwingira. Ku ikubitiro iyi Fu izifashishwa, mu kwita ku bana bafite ibibazo by’imirire mibi mu Turere dukora ku Kiyaga cya Kivu turimo Rutsiro na Nyamasheke aho ababyeyi bahurira bigishwa gutegura […]

Continue Reading

Babonye ababyeyi babaha urukundo barasusuruka-Ishimwe ry’abana bakuriye mu miryango ya ba Malayika Murinzi

Mu Rwanda rwo Hambere nta bigo by’imfubyi byabagaho kuko nta mwana watereranwaga. Abana bose babaga mu miryango yabo, iy’abo bakomokaho cyangwa iy’inshuti n’abaturanyi. Kubera uko bimeze muri iki gihe abana bandagaye hirya no hino mu muhanda, biragoye kubyumva, ariko mu muco Nyarwanda nta mwana watabwaga cyangwa ngo atereranwe. Iyo habagaho Impamvu ituma umwana asigara wenyine, […]

Continue Reading