Minisitiri wigaruriye imitima y’abarimu yashimiye Perezida Kagame

Dr. Uwamariya Valentine wari Minisitiri w’Ibidukikije yashimiye Perezida Paul Kagame ku cyizere yamugiriye cyo gukorera Abanyarwanda mu gihe yari amaze muri Guverinoma, agaragaza ko yize byinshi bizakomeza kumubera impamba mu buzima buri imbere. Umunsi w’Umuganura wo ku wa 1 Kanama 2022 ni italiki itazibagirana ku barimu, ubwo Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yagezaga ikiganiro ku […]

Continue Reading

Ibyihariye abana bazungukira ku masezerano u Rwanda rwasinanye na RDC

Inkuru y’ubuzima bw’ubuhunzi si inkuru yagusaba gusobanura byinshi, igihe waba uyibarira Umunyarwanda cyangwa Umunye-Congo, kuko benshi ubwo buzima babunyuzemo. Ni inkuru yihariye ku bari muri ubwo buzima bavuye mu bihugu byabo bakiri bato n’abavukiye mu buhungiro. Bahorana ibibazo byinshi n’urukumbuzi ku bihugu byabo. Ibyo bituma inkuru ivuga ko bashobora gutaha bagatura mu bihugu byabo amahoro […]

Continue Reading

Huye: Umugore yavuze impamvu yajugunye umwana we w’amezi atatu mu Kanyaru

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugore w’imyaka 25 ukekwaho kwica umwana we w’amezi atatu amutaye mu mugezi w’Akanyaru.  Icyaha akurikiranyweho cyakozwe ku itariki ya 13 Nyakanga 2025, mu kagari ka Katarara, umurenge wa Ntyazo, Akarere ka Nyanza. Umurambo w’uyu mwana wabonetse ku wa 15 Nyakanga 2025 uri kureremba hejuru y’amazi ku nkombe z’umugezi w’Akanyaru. […]

Continue Reading

Lieke na Amb. Gao bagiranye ibihe byiza n’abana b’i Burera (AMAFOTO)

Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda, Gao Wenqi n’Uhagarariye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) mu Rwanda, Lieke Van de Wiel basuye Urugo mbonezamikurire y’abana bato ruri mu Kagari ka Kamanyana, mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera, batangaza ko bishimiye uburyo rurimo kugirira abana akamaro. Ni urugo ruri kuvugururwa ku nkunga y’u Bushinwa […]

Continue Reading

Inyungu zitezwe mu marerero agiye gushyirwa mu bigo bya Polisi

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, yavuze ko ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwafashe umwanzuro wo gushyiraho irerero ndetse n’icyumba cy’umukobwa mu nyubako zose Polisi y’u Rwanda ikoreramo, kugira ngo umutekano n’icyizere by’umukobwa n’umugore uri mu kazi byiyongere. Yabigarutseho mu kiganiro cyihariye yagiranye na RBA, agaruka ku biri gukorwa mu kwita ku mibereho […]

Continue Reading

USA yikuye muri UNESCO yemeye Palestine nk’umunyamuryango mushya

Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zatangaje ku mugaragaro ko zitakiri umunyamuryango w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guteza imbere Uburezi, Siyansi n’Umuco, UNESCO. Ubutumwa bwashyizwe hanze na Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga y’iki gihugu, bugaragaza ko Amerika yamaze kumenyesha Umuyobozi Mukuru wa UNESCO, Audrey Azoulay, ko gukomeza kuba umunyamuryango wayo bitari mu nyungu zayo. Yatangaje ko hari bamwe […]

Continue Reading

N’abanyeshuri barimo? Minisitiri Dr. Nsanzimana yakebuye abamara amasaha menshi bicaye

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, udahwema gutanga inama zafasha abantu gusigasira amagara, yavuze ko kwicara cyane bingana no kunywa itabi kuko byombi biteza ibyago byo kurwara indwara z’imutima, guturika udutsi duto tw’ubwonko n’ibyago byikubye inshuro ebyiri byo kurwara Diyabete yo mu bwoko bwa Kabiri. Ni ubutumwa Minisitiri Dr. Nsanzimana yanyujije kuri X. Bwanditse mu Kinyarwanda […]

Continue Reading

Polisi igiye gushyira amarerero mu bigo byayo

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye gushyira amarerero mu bigo byayo ihereye ku cyicaro gikuru n’amashuri yayo mu rwego rwo korohereza ababyeyi mu kazi no kubahiriza uburenganzira bw’umwana. Mu bihe bitandukanye mu mahuriro ngarukamwaka y’Abanyarwandakazi bari muri Polisi y’u Rwanda, bakunze kugaragaza ko hakenewe amarerero n’icyumba cy’umukobwa ahari ibikorwaremezo byayo. Icyo cyifuzo cyamaze guhabwa agaciro […]

Continue Reading

Abatsinzwe mu myaka yose y’amashuri abanza batangiye ‘Gahunda nzamurabushobozi’

Abanyeshuri bo mu mashuri abanza batsinzwe kuburyo byagombaga gutuma basibira mu myaka bigamo, batangiye ‘Gahunda Nzamurabushobozi’ ibafasha kuzamura ubumenyi bw’ibanze mu gusoma, kwandika no kubara hagamijwe ko bahabwa amahirwe ya Kabiri atuma bimuka. Mu biruhuko binini by’umwaka w’amashuri wa 2023-2024, nibwo Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwatangije gahunda nzamurabushobozi. Muri iyi gahunda abana batsinzwe […]

Continue Reading

Ikibazo si umubare w’impinduka-Minisitiri Nsengimana asubiza abibaza ku mpinduka zikunze kuba mu Burezi

Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph , yavuze ko impinduka zikunze kubaho mu Burezi zikorwa kugira ngo bujyanishwe n’igihe, bityo ko abantu bakwiye kujya bareba ikigamijwe kurusha kwibaza ku bwinshi bwazo. Yabigarutseho mu Kiganiro Urubuga rw’Itangazamakuru cyo ku Cyumweru taliki 20 Nyakanga 2025 cyibanze ku mavugurura aherutse gutangazwa na Minisiteri y’Uburezi. Ubwo umunyamakuru yamubazaga ku mpinduka za […]

Continue Reading