NESA yakojeje agati mu ntozi

Abantu b’ingeri zinyuranye bakoresha urubuga nkoranyambaga rwa X biniguye mu gutanga ibitekerezo ku itangazo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi mu mashuri, NESA cyashyize ahagaragara gisobanura impamvu gifatira ku manota make ku bakobwa mu gutoranya abazajya kwiga mu bigo bicumbikira abanyeshuri. Ni nyuma y’ubutumwa nabwo butavuzweho rumwe, NESA yari yatangaje ku wa 20 Kanama 2025 igaragaza […]

Continue Reading

ITS Kigali yegukanye igikombe cya Basketball muri FEASSSA 2025

Ikipe ya ITS Kigali yegukanye umudali wa Zahabu n’igikombe cya Basketball muri FEASSSA 2025, ihesha u Rwanda gutahana imidali ine irimo ibiri ya Zahabu muri iyi Mikino yari imaze iminsi 10 ibera mu Mujyi wa Kakamega, mu Burengerazuba bwa Kenya. ITS Kigali yabigezeho kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 22 Kanama 2025, nyuma yo gutsinda […]

Continue Reading

Flying Eagles yegukanye Zanshin Karate Championship 2025 y’abato

Ikipe ya Flying Eagles Karate Club yegukanye irushanwa rya Zanshin Karate Championship 2025 mu bakiri bato ryasojwe kuri iki Cyumweru. Ni irushanwa ryakiniwe mu Karere ka Huye, rikukira iry’abakuru ryahakiniwe mu mpera y’icyumweru gishize ryegukanwe na APR Karate -Do. Muri iki cyiciro cy’abakiiri bato, ikipe ya Flying Eagles Karate Club yayoboye andi makipe yitabiriye iri […]

Continue Reading

Bakundisha abana ishuri Siporo igakurikira, umwihariko wa SGI Sports Academy izamura impano z’abana

Umwalimu wa Karate (Sensei) akaba n’umuyobozi muri SGI Sports Academy, Fils David Niyongabo yavuze ko abana bakira babafasha kuzamura impano bafite mu mikino itandukanye, ariko bakanabigisha gukunda ishuri, kuburyo ntawihebera siporo ngo yibagirwe amasomo asanzwe yo mu ishuri. Mu biganiro bitandukanye hakunze kugarukwa ku banyempano cyane cyane muri Siporo no mu Muziki bagiye bagira amahirwe […]

Continue Reading

MINEDUC yatangaje igihe amanota y’ibizamini bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange azatangarizwa

Minisiteri y’Uburezi, MINEDUC, yatangaje ko amanota y’ibizamini bisoza amashuri abanza n’ay’icyiciro rusange azatangazwa ku wa 19 Kanama 2025 Saa Cyenda z’amanywa. Mu itangazo yashyize ku mbuga nkoranyambaga zayo, MINEDUC yanavuze ko umwaka w’amashuri wa 2025/2026 uzatangira ku wa 08 Nzeri 2025. Abanyeshuri basaga ibihumbi 220 ni bo bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza, hirya no hino […]

Continue Reading

Nyamasheke: Umwana w’imyaka 13 yiyahuye atinya inkoni za Se

Umwana w’imyaka 13 wigaga mu mwaka wa 4 w’amashuri abanza ku Ishuri Ribanza rya Cyangabo riherereye mu Murenge wa Kirimbi, Akarere ka Nyamasheke, yasanzwe yapfuye yimanitse bikekwa ko yihahuye atinya inkoni za Se.  Uwo mwana yasanzwe amanitse muri supaneti yapfuye, bjgakekwa ko yaba yatinye ko se aza kumukubita kuko yari yarwanye n’undi mwana ku ishuri, […]

Continue Reading

Abana 86% ntibashobora gusoma umwandiko woroheje-Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bwagaragaje ko abana benshi bo muri Afurika bashonje, barwaye imirire mibi kandi batiga, kuburyo abasaga 86% bafite imyaka 10 badashobora gusoma umwandiko woroheje mu rurimi kavukire cyangwa urwo bisanzuyemo. Ni ubwa Karindwi ku mibereho myiza y’abana muri Afurika bukorwa n’Umuryango Nyafurika ugamije guteza imbere impinduka za Politiki zishyigikira imibereho myiza y’umwana muri Afurika (ACPF). […]

Continue Reading

Burera: Umwana w’imyaka 4 yatabarije Nyirakuru wishwe n’umukobwa we

Umwana w’imyaka 4 ni we watabaje abaturanyi ubwo nyina Uwimana Claudine w’imyaka 23 wo mu Kagali ka Nyamabuye, mu Murenge wa Kagogo, yicaga Nyirakuru, Mutuyimana Christine w’imyaka 53, amuteye icyuma mu mutima.  Inkuru ya IsangoStar ivuga ko abaturanyi bashinja inzego z’ibanze kurangara no kudakumira icyaha kitaraba. Byabaye nyuma y’amakimbirane yari akunze kuba hagati y’uyu mukobwa […]

Continue Reading

Abagabo barasabwa gufasha abagore konsa neza babarinda umunaniro n’umuhangayiko

Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), yasabye abagabo kurushaho kuba hafi abagore bonsa bakabafasha; kubona indyo ibakwiriye ndetse bakabarinda umunaniro n’umuhangayiko arinako baharanira ko abagize umuryango bose bagira ituze n’umutekano. Ni ubutumwa Umunyamabanga Uhoraho muri MIGEPROF, Mireille Batamuliza, yagarutseho kuri uyu wa 7 Kanama 2025 ubwo hatangizwaga ukwezi kwahariwe ubukangurambaga ku Konsa neza bw’uyu mwaka, bwatangirijwe mu […]

Continue Reading

MINEDUC yatanze igisubizo ku mashuri adafite ibibuga harimo no gukoresha amastade ayegereye

Umuyobozi w’Ishami rishinzwe Politiki y’Uburezi muri Minisiteri y’Uburezi, (MINEDUC) Rose Baguma, yavuze ko hari ibigo by’amashuri bidafite ibibuga kuburyo bibangamira imyidagaduro y’abanyeshuri babyigamo, ariko yibutsa abayobozi babyo ko ‘Politiki y’imikino mu mashuri’ ibemerera gukoresha ibibuga bibegereye harimo n’amastade usanga akinirwaho rimwe cyangwa kabiri mu Cyumweru nubwo yaba ay’amakipe manini. Iyo iyi Minisiteri ivuga ibigo by’amashuri […]

Continue Reading