Rutsiro: Ingo zirenga ibihumbi 11 zahawe amashanyarazi mu mezi 9
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko mu mezi 9 ashize bumaze gucanira ingo ibihumbi 11 yo mu Mdugudu itagiraga umuriro w’amashanyarazi. Guverinoma y’u Rwanda yihaye intego yo kuba yamaze kugeza amashanyarazi ku baturage 100% bitarenze 2024, gusa iyo ntego ntabwo yagezweho bitewe n’impamvu zirimo icyorezo cya covid-19, hakiyongeraho no ku ba benshi mu baturage batari […]
Continue Reading