MIGEPROF yagaragaje kutaganira kw’abashakanye nk’intandaro yo gusenyuka kw’ingo

Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) yagaragaje ko kutaganira kwi miryango ni intandaro yo gusenyuka kwi ingo abana bikabaviramo kuba inzererezi, kuko ntiwakemura ibibazo gukemura ibibazo by’amakimbirane mu ngo, no kuvugutira umuti ibibazo byose biba bihagaragara muticaye ngo musase inzobe bityo akaba ashishikariza imiryango ibiganiro kubigira inyambere. Uyu umunsi usanzwe wizihizwa buri wa 15 Gicurasi ariko […]

Continue Reading

Amajyaruguru: Hatangajwe umubare uteye inkeke w’abataye ishuri muri uyu mwaka

Abanyeshuri babarirwa mu bihumbi 22 ni bo bamaze guta ishuri mu Ntara y’Amajyaruguru, muri uyu mwaka w’amashuri wa 2024-2025. Ni ikibazo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yagaragaje ko kugirango umubare munini gutya ute ishuri ari uko mwarimu cyangwa umuyobozi w’ikigo biba bivuze ko na bo batahaboneka uko bikwiye, ngo bakurikiranire hafi imyigire […]

Continue Reading

Rusizi: Umugore n’abana be barakekwaho kwica Se bamukuyemo amaso

Ntibandetse Claver w’imyaka 73 bahimbaga Gikoroto, wari utuye mu Mudugudu wa Mpuzamahanga, Akagari ka Mpinga, Umurenge wa Gikundamvura, Akarere ka Rusizi, yasanzwe mu nzu yibanagamo yishwe akaswe ijosi yananogowemo amaso, abantu 8 barimo umugore we mukuru, umuhungu we n’umukobwa we batabwa muri yombi. Abaturanyi ba Ntibandetse bavuga ko uwo musaza yari amaze imyaka itandatu atandukanye […]

Continue Reading

Gisagara: Abana bagiye gushyiraho akabo mu kurwanya imirire mibi

Abanyeshuri bo muri G.S Dahwe mu Karere ka Gisagara bavuze ko bagiye kugira uruhare mu kwirinda imirire mibi ku ishuri no miryango yabo, binyuze mu kugira isuku no kwibutsa ababagaburira igihe babona hari ibidatunganye ku ifunguro bahawe. Mu bukangurambaga bukomatanyije bwa World Vision bwo kurandura imirire mibi n’igwingira (Enough Campaign) Impuzamiryango Iharanira uburenganzira bwa Muntu […]

Continue Reading

Musanze: Abaturage batabaye umwana wari watabwe mu ishyamba n’abataramenyekana

Abaturage bo mu Mirenge ya Kimonyi na Busogo mu Karere ka Musanze bafatanyije n’inzego z’umutekano n’ubuyobozi, batabaye umwana uri mu kigero cy’umwaka umwe atarapfa wari watabywe basigaza umutwe. Ibi byabereye mu Murenge wa Kimonyi mu Kagari ka Mbizi mu Mudugudu wa Rugondo, ubwo umuturage wari ugiye guhaha yatambukaga ku gashyamba yajya kwihagarika akabona uwo mwana […]

Continue Reading

Gisagara: Abategura amafunguro y’abanyeshuri biyemeje kurushaho kwimakaza isuku

Abategura amafunguro y’abanyeshuri mu Kigo cy’Amashuri cya G.S Dahwe, giherereye mu Murenge wa Ndora, Akarere ka Gisagara, biyemeje kongera imbaraga mu kwimakaza isuku, kugira ngo batange umusanzu mu rugamba rwo kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana b’abanyeshuri. Babivuze nyuma y’ibiganiro byo kurwanya imirire mibi n’igwingira bitabiriye bari kumwe n’abanyeshuri bagize Club y’Isuku n’Isukura n’imirire myiza […]

Continue Reading

Nyanza: Umugabo arakekwaho kwica no gushinyagurira umurambo w’umwana we w’imyaka 11

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yataye yombi umugabo w’imyaka 32 wo mu Karere ka Nyanza ukekwaho kwica umwana we w’umuhungu w’imyaka 11, aho yamujyanye kumwicira mu Karere ka Huye, agaca umutwe umurambo, ndetse akanawutwika. Uyu mugabo yafashwe ku wa 9 Gicurasi 2025, mu Kagari ka Rwesero, Umurenge wa Busasamana, Akarere ka Nyanza. Amakuru […]

Continue Reading

Dr. Vincent Biruta yagaragarije ab’i Rubavu gutesha abana ishuri nk’intandaro ya magendu

Minisitiri w’Umutekano imbere mu Gihugu, Dr. Vincent Biruta yagaragarije ab’i Rubavu ko guta amashuri kw’abana ari imwe mu mpamvu muzi ituma bakomeza kujya muri magendu imunga ubukungu bw’Igihugu. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri, tariki 13 Gicurasi 2025 mu nteko y’abaturage yamuhuje n’abaturage b’Imirenge ya Cyanzarwe na Rubavu. Iyi nteko y’abaturage yabereye mu Mudugudu wa […]

Continue Reading

Musanze: Umusore w’imyaka 23 arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka 5

Umusore w’imyaka 23 wo mu Mudugudu wa Gasanze, Akagari ka Cyabararika, Umurenge wa Muhoza, mu Karere ka Musanze yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka itanu y’amavuko, yafatiranyije ubwo Nyirakuru yari amutumye. Ukekwa kuri ubu afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Muhoza muri ako Karere. Nyirakuru w’umwana, Mukankuranga Janviere  w’imyaka 70, yavuze ko nyuma yo […]

Continue Reading

Nyamasheke: Yiyahuriye kwa Pasiteri wamureraga nk’umwana we

Tuyizere Amos w’imyaka 16 yasanzwe yimanitse mu cyumba yararagamo mu rugo rwa Pasiteri Ntaganira Fabien mu Mudugudu wa Cyijima, Akagari ka Vugangoma, Umurenge wa Macuba, Akarere ka Nyamasheke, aho yabaga nk’umwana mu rugo anabafasha mu mirimo. Uwo musore yasanzwe anagana muri mushipiri bikekwa ko yimanitse, ariko intandaro yo kwiyahura ntiyahise imenyekana. Pasiteri Ntaganira Fabien yabwiye […]

Continue Reading