RFI igiye gutangira gupima DNA z’abana bataravuka
Guhera mu ntangiriro z’umwaka wa 2026, Leta y’u Rwanda irateganya gutangiza ibizamini bishya byo kumenya uturemangingo ndangasano (DNA) tw’umwana ukiri mu nda. Ni gahunda igiye gutangizwa mu rwego rwo gukomeza kurwanya ihohotera rishingishiye ku gitsina no kwihutisha ubutabera ku bahohotewe. Ibyo bizamini bizajya bikorwa kuva inda imaze kugira ibyumweru bitandatu kugeza ku byumweru umunani, kandi hatabayeho kubagwa […]
Continue Reading