U Rwanda rwakiriye irushanwa Nyafurika rifasha abana gutinyuka imibare

U Rwanda rwakiriye irushanwa Nyafurika ry’imibare ryiswe Abacus mental math alympiad, rifasha ubwonko bw’abana gukora neza no gutinyuka imibare. Iri rushanwa ribaye ku ncuro ya Kabiri ryitabiriwe n’Abanyeshuri 337 biga mu bigo byigishwamo Porogaramu ya Abacus Mental Math, mu bihugu 30 bya Afurika n’u Rwanda rurimo. Abaryitabira barushanwa mu kugaragaza ubushobozi bwabo mu guteranya imibare […]

Continue Reading

Musanze: Umwana w’imyaka 8 yaguye mu mugezi arapfa

Umwana w’imyaka 8 wo mu Mudugudu wa Mubuga, Akagali ka Rwebeya mu Murenge wa Cyuve ho mu Karere ka Musanze, yaguye mu mugezi akubita umutwe ku ibuye ahita apfa. Byabaye kuri uyu wa 18 Ukwakira 2025 ahagana saa tanu z’amanywa, Ubwo uwo mwana witwa Iradukunda Jacques yakinaga na bagenzi be hafi y’umugezi wa Rwebeya akaza […]

Continue Reading

Rulindo: Abafite Ingo mbonezamikurire zidakora neza bijejwe ubufasha

Abafite Ingo mbonezamikurire y’abana bato (ECDs) zidakora neza mu mirenge ya Bushoki, Shyorongi na Rusiga yo mu Karere ka Rulindo batahanye akanyamuneza ubwo basozaga amahugurwa, Akarere kabemereye kubafasha kongera gukora uko bikwiye, guhera ku wa Mbere w’Icyumweru gitaha. Muri ako Karere hari ECDs zigera kuri 86 zidakora neza. Abazihagarariye bari mu bitabiriye amahugurwa y’iminsi ibiri […]

Continue Reading

Turasabwa guharanira ko umuryango uba ishingiro ry’Ubukristu nyabwo n’igicumbi cy’uburere bwiza-MINUBUMWE yasohoye ubutumwa bugenewe abemeramana

Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) yasohoye ubutumwa bugomba gusomerwa abemeramana mu madini n’amatorero basengeramo, hagamijwe kwibukiranya ibyiza byo kubaka umuryango mwiza. Ni ubutumwa iyi Minisiteri yateguye igaruka ku mirongo itandukanye yo muri Bibiliya no mu Itegeko Nshinga yose ivuga ku muryango no kurera neza, bugomba gutangwa mu ‘Kwezi kwahariwe Umuryango’. Bwibutsa ko umuryango ari […]

Continue Reading

Kayonza: Imvura yishe abarimo umubyeyi n’umwana we

Mu karere ka Kayonza, mu Murenge wa Murama, imvura ivanze n’umuyaga yaguye ku Gicamunsi cyo ku wa Kane, itariki ya 16 Ukwakira 2025, yahitanye abantu bane barimo batatu bo mu muryango umwe, isenya Inzu esheshatu z’abaturage. Inkuru ya IsangoStar ivuga ko ibyo biza byibasiye cyane utugari twa Muko na Rusave two mu Murenge wa Murama. […]

Continue Reading

Rulindo: Abakora mu Ngo Mbonezamikurire y’abana bato bahuguwe ku kunoza serivisi batanga

Abarezi mu ngo mbonezamikurire y’abana bato (ECDs) zo mu Mirenge ya Bushoki, Shyorongi na Rusiga mu Karere ka Rulindo, bahurijwe mu mahugurwa y’iminsi Ibiri agamije kubongerera ubumenyi kuri serivisi zikomatanyije zikwiye guhabwa abana bakira. Ni amahugurwa yateguwe na Ineza Foundation ku bufatanye n’Akarere ka Rulindo aterwa inkunga Book Aid International hamagijwe kongerera ubumenyi abarezi b’abana. […]

Continue Reading

Kamonyi: Howo yahitanye abarimo umwana w’umunyeshuri, ikomeretsa abantu 11

Mu Karere ka Kamonyi ahazwi nko ku Ruyenzi habereye impanuka ikomeye y’ikamyo yo mu bwoko bwa Howo yagonze izindi modoka eshanu abantu babiri bagahita bitaba Imana, naho abandi 11 bagakomereka, barimo babiri bakomeretse bikomeye. Ni impanuka yabaye kuri uyu wa 15 Ukwakira 2025, mu masaha ya saa kumi n’imwe z’umugoroba, ibera mu Karere ka Kamonyi, […]

Continue Reading

Ni gute nahoza umwana ntamuhaye ibere? Umu-Papa bamusigiye umwana bimucanze abaza google

Ejobundi mu Karuhuko ka saa Sita, twari duteraniye aho dufatira ifunguro ku kazi. Muri icyo cyumba hari higanjemo ababyeyi b’abagore n’ab’abagabo. Uko abantu bafata ifunguro baganira, ikiganiro cyaje kugera ku buryo abakozi bo mu rugo bagenda batunguranye, maze umu-Papa umwe aradusetsa turatembagara. Abantu bose babanje kumva ari nka filimi yarebye akaba arimo kuyibara ngo aryoshye […]

Continue Reading

Nyamasheke: Koperative zorojwe inkoko zihabwa inshingano zo guha amagi amarerero azegereye

Ku bufatanye bw’Akarere ka Nyamasheke n’abafatanyabikorwa batandukanye, hatangijwe uburyo bushya bwo kurwanya igwingira binyuze mu koroza inkoko amakoperative agahabwa inshingano zo guha amagi ingo mbonezamikurire baturanye. Ni nyuma y’aho bigaragaye ko uburyo bwari busanzwe bukoreshwa bwo guha inkoko ingo zifite abana bari munsi y’imyaka ibiri budatanga umusaruro ushimishije bitewe n’uko hari abazigurisha n’abaziburira ibiryo ntizikomeze […]

Continue Reading

Ababyeyi bahoberanye n’abana abandi barabaterura! Ibyishimo by’irekurwa ry’imfungwa hagati ya Israel na Palestine

Ibyishimo byatashye mu bana bari bategereje ababyeyi n’imiryango itandukanye, ubwo Israel yarekuraga imfungwa za Palestine nyuma y’uko Hamas na yo irekuye abanya-Israel 20 mu bo yari yarashimuse. Mu masaha ya saa sita nibwo, imodoka ebyiri za ‘bus’ zitwaye imfungwa z’Abanye-Palestine barekuwe na Israel zageze i Ramallah muri West Bank aho abatari bake bari bategereje kureba […]

Continue Reading