Abana bafungiye mu Igororero rya Nyagatare bagaruye icyizere cy’ubuzima
Abana bahamijwe ibyaha bitandukanye bagororerwa mu Igororero ry’Abana rya Nyagatare bamaze igihe biga mu mashuri abanza, ayisumbuye ndetse n’imyuga, bavuga ko bongeye kugira icyizere cy’ubuzima bari baratakaje. Muri iri gororero, habarizwamo abana bafite hagati y’imyaka 14 na 18; kugeza ubu hakaba harimo 395, barimo abakobwa 16. Bavuga ko nyuma yo kugongana n’amategeko byabagizeho ingaruka mbi […]
Continue Reading