Abana bafungiye mu Igororero rya Nyagatare bagaruye icyizere cy’ubuzima

Abana bahamijwe ibyaha bitandukanye bagororerwa mu Igororero ry’Abana rya Nyagatare bamaze igihe biga mu mashuri abanza, ayisumbuye ndetse n’imyuga, bavuga ko bongeye kugira icyizere cy’ubuzima bari baratakaje. Muri iri gororero, habarizwamo abana bafite hagati y’imyaka 14 na 18; kugeza ubu hakaba harimo 395, barimo abakobwa 16. Bavuga ko nyuma yo kugongana n’amategeko byabagizeho ingaruka mbi […]

Continue Reading

Umwana wagiye mu buzima bwo mu muhanda ashutswe yabuze itike imusubiza iwabo

Umwana w’imyaka 15 uvuka mu Karere ka Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba arasaba abandi bana gutinya ubuzima bwo mu muhanda nyuma yuko awuzanywemo abeshywe na mugenzi we ko ubamo ubuzima bworoshye ubu akaba yarabuze itike ngo yisuburire iwabo. Uyu mwana w’umuhungu ubona ko atararamba muri ubwo buzima yabwiye IJAMBORYUMWANA ko amaze iminsi mike mu Mujyi wa […]

Continue Reading

Impinduka mu mashuri nderabarezi, nyuma yo gushorwamo miliyari 74 Frw

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko umushinga wo kubaka ibikorwaremezo mu bigo by’amashuri nderabarezi 16 ndetse n’andi mashuri 16 y’icyitegererezo abyegereye uzarangira utwaye miliyari 74 Frw, watumye bigaragaramo impinduka zirimo kwimakaza ikoranabahunga. Mu 2021 nibwo Leta y’u Rwanda yatangiye umushinga wo kuvugurura amashuri nderabarezi kugira ngo ajyane n’icyerekezo cy’Igihugu. Aya mashuri yatangiye kubakwamo ibikorwaremezo bihambaye, abana batangira […]

Continue Reading

Amavubi U17 yerekeje muri Ethiopia

Abakinnyi 24 bazahagararira Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abatarengeje imyaka 17 mu irushanwa rya CECAFA U17 rigiye kubera Addis Ababa muri Ethiopia bahagurutse i Kigali. Ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 9 Ugushyingo 2025, ni bwo iyi kipe yashyikirijwe ibendera ry’igihugu na Perezida wa FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice. Mu bakinnyi bazajyana n’ikipe harimo abanyezamu batatu […]

Continue Reading

2025 ni umwaka wo gushyira akadomo ku mirimo mibi ikoreshwa abana! Imibare irerekana iki?

Raporo y’Ubushakashatsi bw’Umuryango mpuzamahanga wita ku murimo (ILO) n’Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana (UNICEF) igaragaza ko ikibazo cy’imirimo mibi ikoreshwa abana kitarakemuka nubwo hari icyakozwe. Mu 2015 Isi yose yiyemeje guca burundu imirimo mibi ikoreshwa abana bitarenze mu 2025 kandi uwo mwaka uragana ku musozo. Kugeza ubu nibura abana miliyoni 138 baracyari mu mirimo […]

Continue Reading

Ngoma: Umwarimu yafatanywe ‘idishi’ y’ibiryo abishyiriye abana be iwe mu Rugo

Umwarimu wo Mukarere ka Ngoma, mu Murenge wa Mugesera yafashwe amaze kubika idishi [ isahani nini baruriramo iby’abana 10] y’umuceri uhiye mu Kabati ke ko ku ishuri, avuga ko yari awushyiriye abana be iwe mu rugo. Uyu mwarimu yemeye ko atari ubwa mbere yari abitwaye ndetse asaba imbabazi akomeje ko atazabyongera. Icyo kibazo cyagaragaye kuri […]

Continue Reading

Kicukiro: Abafundi bamenaguye imodoka itwara abanyeshuri abana batatu barakomereka

Mu Mudugudu wa Kinyana, Akagali ka Nunga, mu Murenge wa Gahanga ho mu Karere ka Kicukiro, habereye igikorwa cy’urugomo cyatunguye ndetse kibabaza abatari bake ubwo abafundi badukiraga imodoka irimo abanyeshuri bakayimenagura ibirahure abana batatu bagakomereka. Amakuru agera ku Ijamboryumwana.rw avuga ko byatewe no kutumvikana hagati y’umushoferi wari utwaye iyo modoka y’abanyeshuri biga muri Mary 1000s […]

Continue Reading

Rubavu: Ubushinjacyaha bwasobanuye uko umwana w’imyaka 16 yishe umugore wa 53

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bwasobanuye ko umwana w’umuhungu w’imyaka 16 ukekwaho kwica umugore w’imyaka 53 yakoresheje igiti (urwego) yari akuye mu gitoki cya nyakwigendera agiye kugikubita bagenzi be barwanaga. Mu minsi ishize twabagejejeho inkuru y’itabwa muri yombi ry’umwana wo mu Mudugudu wa Kabingo, Akagari ka Musabike, Umurenge wa Kanama, mu Karere ka Rubavu, akekwaho […]

Continue Reading

Igihe nyacyo cyo guha umwana smartphone n’ibyo akwiye kuba ayikoresha

Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana, yakebuye ababyeyi bashobora kwibwira ko kureresha abana telefoni ntacyo bitwaye, yerekana ikigero cy’imyaka umwana yemerewe guhabwa smartphone n’ibyo akwiye kuba areba. Bikubiye mu butumwa yanyujije kuri X bugira buti: ’’Ni ingenzi cyane ko ababyeyi bamenya igihe umwana yakabaye akoresha telefoni n’aho kuyikoresha bigarukira bitewe, n’ikigero cy’imyaka afite.” Yagaragaje ko umwana […]

Continue Reading

Umwana w’imyaka 14 yajyanye ababyeyi be mu nkiko

Umwana w’imyaka 14 wo mu Bwongereza yatanze ikirego mu rukiko avuga ko ababyeyi be bamujyanye kwiga muri Ghana atahashaka, kandi bakamutwara batabimubwiye kuko bamubeshye ko bamujyanye gusura umuntu wo mu muryango wabo urwariyeyo. Muri Gashyantare 2025, nibwo yifashishije abunganizi mu mategeko, maze atanga ikirego mu rukiko rwo mu Bwongereza arega ababyeyi be. Inyandiko z’urukiko zigaragaza […]

Continue Reading