Musanze: Abana Bahoze Mu Muhanda Bahinduriwe Ubuzima

Mu Karere ka Musanze, nk’uko n’ahandi bimeze, hakunze kuboneka abana bibera mu muhanda kubera gushoberwa. Icyakora hari bamwe muri bo muri iki gihe babayeho neza kandi ubona ko bazagira ejo heza. Mbere yo gutangira kwigishwa imyuga, nabo bari nk’abandi bose, birirwa bagenda umuhanda bukabiriraho bashaka uwabaha igiceri, irindazi, ikigori cyangwa ikindi bashyira mu nda. Ku […]

Continue Reading

Kicukiro: Arakekwaho Kwicisha Umwana Ikibando

Hari umusore wo mu Kagari ka Rusheshe mu Murenge wa Masaka muri Kicukiro ukekwaho kwica umwana w’imyaka ibiri w’umuturanyi wabo, amukubise ikibando mu mutwe. TV/Radio One batangaje ko n’umurambo w’uwo mwana utarava mu bitaro bya Kacyiru ngo ushyingurwe kuko nta bushobozi umuryango w’uwo mwana ufite bwo kwishyura ngo bawuwuhe. Iki gitangazamakuru kandi cyemeza ko na […]

Continue Reading

Abangavu Bakina Mu Ikipe Y’Igihugu Batangiye Umwiherero Wo Guhangana Na Nigeria

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abangavu y’umupira w’amaguru, yatangiye umwiherero wa mbere uzarangira tariki 09, Kanama, uyitegurira kuzakina na bagenzi babo bo muri Nigeria. Ni umukino bazahatanira kuzitabira imikino y’igikombe cy’isi kizaba mu mwaka wa 2026. Umutoza wabo Cassa Mbungo André, yahamagaye abangavu 25 bagomba gutangira kwitegura kuzakina niyo kipe isanzwe iri mu zikomeye muri Afurika […]

Continue Reading

Abana Baba Mu Bushinwa Bahawe Umuganura

Ku wa Gatandatu, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda basaga 300 baba mu Bushinwa bijihije Umuganura. Amafoto yatangajwe na Ambasade y’u Rwanda mu Bushinwa arerekana ababyeyi b’Abanyarwanda bambaye by’umuco wa Kinyarwanda bahera abana amata mu cyansi. Handitseho ko uwo ari umwanya wo gufasha abana kwishimira umuco w’abatuye igihugu cyabo, ukaba uwo kwishimira ibyagezweho, guhamya ingamba z’igihe kirekire […]

Continue Reading

Abana B’Uburundi Baracuruzwa

Bamwe mu bantu bakuru bo mu Burundi bavugwaho gushaka abana bo mu miryango ikennye bakabajyana mu bikorwa byakwitwa ‘gucuruza abantu’. Hari abahitamo gukoresha abana bafite ubumuga ngo bajye gusabiriza amafaranga bakuyemo bayabahe, ubundi babe ari bo babagenera. Umuhanga mu mitekerereze ukorera mu Burundi witwa Delphine Ndacayisaba yavuga ko ubwo ari bumwe mu buryo abantu bakuru […]

Continue Reading

Abana B’I Musanze Baganujwe

Abana bahagarariye abandi mu Karere ka Musanze bahwe amafunguro ari mo n’amata mu rwego rwo kubaha Umuganura. Umwe muri bo witwa Joanna mu muvugo yahavugiye yashimye ko Abakuru batekereje uwo muhango kuko utuma n’abana bakura bazi amateka yabo n’akamaro k’Umuganura. Uyu mwana wiga ku kigo cy’amashuri abanza cya Fatima yavuze ko azakura azirikana akamaro kawo. […]

Continue Reading

Abana 235 Bo Mu Bushinwa Baherutse Kurogwa

Iperereza ryakozwe n’inzego z’ubuzima n’iz’umutekano mu Bushinwa zagaragaje ko mu mezi make ashize hari abantu bakoranye mu kuroga abana binyuze mu biryo. Abana babarirwa mu magana baherutse kugubwa nabi cyane ubwo bari batashye bavuye ku ishuri riri mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bw’Ubushinwa. Aho bimenyekaniye, byarasakuje, abaturage basaba Leta ko hatangizwa iperereza kuri icyo kintu. Abo […]

Continue Reading

Ababyeyi Bo Mu Bushinwa Bazajya Bahembwa Na Leta Nibabyara

Leta y’Ubushinwa yatangaje ko ababyeyi bagiye kujya bahabwa 3,600 yuan (ni $ 500 cyangwa arenga Frw 700,000) ku mwaka kuri buri mwana uri munsi y’imyaka itatu. Ni muri gahunda nshya ya Leta yo gushishikariza abantu kubyara. N’ubwo hashize imyaka 10 Leta ikuyeho itegeko ryo kubyara umwana umwe, umubare w’abato uracyari muto. Ayo mafaranga azafasha imiryango […]

Continue Reading

Rubavu Irashaka Kuzamura Impano Z’Abangavu

Ubuyobozi bwa Rubavu busaba abana b’abakobwa kumenya akamaro imikino ikinanywe ubuhanga no kwitaga igirira abayikina bityo bakabishyiramo imbaraga. Mu mpera z’Icyumweru gishize ubwo habaga umuganda nibwo abana 94 b’abakobwa bahuriye kuri Stade Umuganda iri muri aka Karere babwirwa ibyiza bya siporo ikoranywe ubushake. Hari mu bukangurambaga bwiswe  ‘FIFA Women’s Football Compaign’, busanzwe buterwa  inkunga na […]

Continue Reading

Umwana Yatwaye Umudali Wa Karate Muri Shampiyona Ya Afurika

Umwana w’imyaka 16 witwa Urakoze Aline yegukanye umudali w’umwanya wa kabiri( Silver) muri shampiyona ya Afurika muri Karate iri kubera muri Nigeria. Iryo rushanwa ryatangiye kuva tariki 22 kugeza ku ya 27 Nyakanga, 2025, Aline akaba akina mu ikipe y’igihugu ku nshuro ye ya mbere. Yageze kuri iyo ntsinzi kuri uyu Gatanu Tariki 26, Nyakanga, […]

Continue Reading