Gasabo: Abana Bagizwe Imfubyi Na Se Wishe Nyina

Mu Mudugudu wa Kami, Akagari ka Gasharu, mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo haravugwa umugabo ukekwaho kwica umugore agashyira imfunguzo abana ku ishuri. Amakuru avuga ko babanaga mu buryo butemewe n’amategeko, bikavugwa ko umugabo yishe uwo mugore akoresheje inyundo. Bivugwa kandi ko umwana w’imyaka 16  ari we wakiriye urufunguzo Se yamuzaniye arumusangishije ku […]

Continue Reading

Abana Ba Mbere Bo Muri Gaza Bageze Mu Bwongereza Ngo Bavurwe

Minisitiri ushinzwe ubutwererane muri Guverinoma y’Ubwongereza witwa Yvette Copper yatangaje ko hari itsinda rya mbere ry’abana baturutse muri Gaza bamaze kugera mu gihugu cye baje kwivuza.Bahisebakirwa Bakiriwe n’abakozi bo mu kigo gishinzwe ubuzima, NHS: National Health Services, kandi bahawe n’ahantu ho kuba hababereye bazamara imyaka ibiri bitabwaho. The Guardian yanditse ko abo bana bari hagati […]

Continue Reading

Rusizi: Umwana Yahiriye Mu Nzu

Umwana  w’imyaka ibiri n’amezi arindwi yahiriye mu nzu ubwo inkongi yahamusangaga iwabo badahari. Byabereye  mu Mudugudu wa Ruzeneko, Akagari ka Karenge, Umurenge wa Rwimbogo, Akarere ka Rusizi. Nubwo atahiye ngo apfe, ariko umutwe we wahiye. Ahandi yahiye ni ku maguru no ku maboko, abatabazi bamukuramo atarapfa. Se yari yagiye kurarira Koperative naho Nyina yari yagiye […]

Continue Reading

Abana B’Abashoferi B’i Kigali Bashyiriweho Irerero

Abana b’abashoferi bo muri RITCO bakorera muri Nyarugenge bashyiriweho irerero, rikazabafasha kubona uburere n’ibindi byabafasha mu gihe ababyeyi babo hari ibyo bahugiyemo. Iri rerero riri mu Murenge wa Nyarugenge mu Karere ka Nyarugenge rikazita cyane cyane ku bana b’abashoferi n’abakozi ba kompanyi itwara abagenzi ya RITCO, rikaba riherereye ku cyicaro cyayo kiri kuri Camp Kigali. […]

Continue Reading

Abana Basiganywe N’Amaguru Mu Rwego Rwo Guhumeka Umwuka Mwiza

Mu cyanya cya Nyandungu kiri mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo kuri uyu wa Gatandatu habereye isiganwa ku maguro ryakozwe n’abana mu rwego kubakundisha siporo ari nako bamenyeshwa ko guhumekera ahantu hari ibiti n’ibyatsi bifasha ubuzima muri rusange. Ni abana bo mu bigo by’amashuri abanza bya Kigali Parents na Groupe Scolaire Remera Catholique […]

Continue Reading

Kumenyereza Abana Smartphone Ni Ukubahemukira Cyane

Hari ubushakashatsi buherutse kwemeza ko guha abana bafite imyaka 13 no munsi yayo telefoni zikoresha ikoranabuhanga bita smartphones ari ukubashyira mu kaga ko kuzadindiza imikurire y’ubwonko n’imitekerereze yabo. Abana 100,000 bo hirya no hino ku isi nibo bakoreweho ubwo bushakashatsi hagamijwe kureba uko imitekerereze yabo n’imyitwarire byagizweho ingaruka no gukoresha telefoni z’ikoranabuhanga bakiri bato. Abahanga […]

Continue Reading

MINEDUC Yibukije Ababyeyi Gufatanya N’Abarimu Mu Burezi Bw’Abana

Ubwo yatangizaga umwaka w’amashuri wa 2025-2026, igikorwa cyabereye ku Kigo cy’Amashuri cya Groupe Scolaire Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yasabye abanyeshuri gukurikira amasomo yabo neza ngo bazabashe gutsinda amasomo, yibutsa n’ababyeyi kuzafatanya n’abarezi mu burere bw’ababo. Ababyeyi bajya bitwa ‘tereriyo’ iyo abana babo bamaze kugera ku ishuri, bakavugwaho kumva ko abana […]

Continue Reading

Meya Yakebuye Abadaha Agaciro Uburezi Bw’Abana Bakabiharira Mwalimu

Meya wa Muhanga, Kayitare Jacqueline, yanenze abateshutse ku burezi bw’ababo bigatuma ireme ryabwo rugabanuka Mu mwiherero w’abakozi b’Umurenge wa Shyogwe   niho ya ivugiye, akebura abo bantu, abibutsa ko abana atari aba mwalimu gusa. Kayitare avuga ko kutita ku burezi bw’abana bikozwe n’ababyeyi biri mu byatubije amanota abana babonye mu mwaka w’amashuri wa 2025. Mu gusubiramo […]

Continue Reading

Gitagata: Abana batsinze ibizamini bya leta bagiye gusubizwa mu miryango

Nyuma yo gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza bakabitsinda, abana batandatu bagororerwaga mu kigo ngororamuco cya Gitagata mu Karere ka Bugesera bagiye gusubizwa mu miryango yabo kugira ngo bakomeze amashuri yisumbuye. Ikigo cy’igihugu gishinzwe igororamuco, (NRS) kivuga ko abo bana batsinze ibyo bizamini babonye buruse zo kwishyurirwa n’ikigo cy’abagiraneza cyitiriwe umuryango w’umuhanzi Rugamba Sipiriyani […]

Continue Reading

Kugaburirira Abana Ku Ishuri Byabaye Ikirango Afurika Yakwigana

Mu nama iri kubera muri Senegal havugiwemo ko u Rwanda rukwiye gushimirwa ko rwashyizeho gahunda yo kugaburirira abana ku ishuri kandi amahanga yandi akarwigana. Iyi nama yiga ku iterambere ry’ubuhinzi n’ibiribwa, Africa Food Systems, yatangiye kuri uyu wa Mbere Tariki 01, Nzeri, 2021 ikazarangira Tariki 05, uko kwezi. Kuri uyu munsi wayo wa Kabiri Minisitiri […]

Continue Reading