Rutsiro: Umwana W’Imyaka 11 Yagiye Gukora Ikizamini Ahetse Murumuna We

Amaze kubona ko Nyina amusigiye murumuna we ngo amucunge kuko yari agiye kwa muganga, umwana witwa Sérge Habumugisha w’imyaka 11 yahisemo kumuheka amujyana ku ishuri kuko yagombaga gukora ikizami. Akigera yo abamubonye batangaye, bamushimira ubutwari yagize bwo kwanga gusiba ikizamini akemera no kuzana murumuna we ngo adasigara mu rugo wenyine. Murumuna wa Habumugisha afite umwaka […]

Continue Reading

Abana 109 Bacuruzwaga Bavanywe Mu Menyo Ya Rubamba

Muri Leta ya North Texas muri Leta zunze ubumwe z’Amerika haherutse gukorerwa umukwabo watumye abana 109 bari barashimuswe n’abagizi ba nabi ngo babakoreshe urukozasoni babohorwa. Muri icyo gikorwa cyakozwe k’ubufatanye bwa FBI hafatiwemo abantu 244 barimo abagabo n’abagore bacuruzaga abo bana mu bigo by’ubucuruzi bw’amashusho y’urukozasoni. Ubushinjacyaha bwo muri iriya Leta bivuga ko ubwinshi bw’abafatiwe […]

Continue Reading

Nyarugenge: Aricuruza Ngo Atunge Umwana ‘Atabyaye’ Ufite Ubumuga Bukomatanyije

Mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Rwezamenyo, Akagari ka Indatwa, mu Mudugudu wa Rwezamenyo hari umugore abaturage bavuga yatereranywe n’umugabo akamusigira umwana ufite ubumuga bukomatanyije kandi atari we bamubyaranye. Hashize imyaka ine bibaye. Byukusenge Hadidja aherutse kubwira BTN TV ko ubwo yari akiva iwabo muri Nyamagabe akaza kuba  i Kigali, yabanje gukora akazi ko mu […]

Continue Reading

Israel: Igisasu Cyaguye Mu Bitaro Gikomeretsa Bikomeye Umwana Na Nyina

Missile yarashwe na Iran yaguye mu bitaro biri Beersheba muri Israel ikomeretaa bikomeye umwana na Nyina yangiza cyane ibyo bitaro biri mu bikomeye muri iki gihugu. Perezida wa Israel Isaac Herzog yagiye kureba uko byagenze, aboneraho kwamagana iki gitero ariko avuga ko abakigabye nabo bazagerwa muri ako kebo. Yagize ati: ” Umwana muto ari mu […]

Continue Reading

Umwana Wari Uherutse Kuzuza Imyaka Y’Ubukure Bamusanze Mu Gishanga Yapfuye

Muri kimwe mu bishanga byo muri Nyanza habonetse umurambo wa Jean Marie Vianney Tuyizere wari wujuje imyaka 18 y’ubukure. Mu Karere ka Nyanza, mu gishanga habonetse umurambo w’umusore w’imyaka 18 wari umaze igihe yarabuze. UMUSEKE wanditse ko uriya musore yari amaze iminsi yaraburiwe irengero, umurambo we uza kugaragara mu gishinga cyo mu Murenge wa Kibirizi […]

Continue Reading

Urubyiruko rugiye kwegerwa rwigishwe amateka y’igihugu cyarwo

Ubufatanye bw’ikigo Zion Films na Never Again Rwanda bwatangije gahunda yo kuzenguruka u Rwanda urubyiruko rwo mu bigo by’amashuri byatoranyijwe rusobanurirwa ibyatumye Jenoside yakorewe Abatutsi ishoboka n’ibiri gukorwa ngo ibintu nk’ibyo bitazongera. Bizakorwa binyuze mu buhanzi kuko ari bwo bukundwa n’urubyiruko, ikaba gahunda izakorerwa mu turere twose tw’u Rwanda mu bigo by’amashuri byatoranyijwe, byaba iby’ayisumbuye […]

Continue Reading

Abana bo muri Israel na Iran bari kwicwa n’ibisasu

Abana bo muri Israel na Iran bari kwicwa n’ibisasu Ibisasu byaraye birashwe rwagati muri Israel byahitanye abantu batandatu barimo abana babiri n’abagore babiri. Israel ivuga ko Iran iri gufashwa na Yemen, kandi ikemeza ko hari abana bari guhitanwa nabyo. Itangazamakuru ryo muri Israel ryanditse ko hari abantu 130 bakomerekejwe na biriya bisasu Abagore babiri n’abana […]

Continue Reading

Umwana yemerewe amafaranga arasa Umunyapolitiki

Kimwe mu byerekana ko abana bo muri iki gihugu kiri muri Amerika y’Epfo kitwa Colombia bakoreshwa ibya kinyamaswa ni uko Umusenateri washakaga kwiyamamaza ngo azabe Perezida witwa Miguel Uribe Turbay aherutswe kuraswa n’umwaka w’imyaka 15. Iraswa rye ryateye benshi ku isi kwikanga, babona ko abanyapolitiki bo muri iki gihugu n’abaturage muri rusange badatekanye. Kuba byarakozwe […]

Continue Reading

Abana biga mu mashuri y’incuke bageze kuri 45%

Minisiteri y’Uburezi yagaragarije abafatanyabikorwa bayo ko hari byinshi byakozwe mu kuzamura umubare w’ abana biga mu mashuri y’inshuke. Ibyo byatumye bagera kuri 45% bikabamo kongera umubare w’amashuri, ingo mbonezamikurire, gushaka abarimu bafite ubushobozi bwo kwigisha abana bo muri icyo kigero, gukangurira ababyeyi kujyana abana kwiga muri ayo mashuri n’ibindi. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya […]

Continue Reading

Urubyiruko rw’u Rwanda rugomba kwiga iby’isanzure

George Kwizera ushinzwe ikoranabuhanga mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Isanzure, Rwanda Space Agency (RSA) asaba urubyiruko kwigana umuhati amasomo ya siyansi kugira ngo rubone ubumenyi bufatika mu bugenge bukoresha ibyogajuru bityo ruzafashe u Rwanda mu kubiteza imbere. Avuga ko kugira ngo imishinga u Rwanda rwakoze igamije guteza imbere ibyogajuru izagere ku ntego, ari ngombwa ko urubyiruko […]

Continue Reading