Rutsiro: Moto itwawe n’utarahise amenyekana yagongeye umunyeshuri w’imyaka 11 ku ishuri arapfa

Umwana witwa Ugirumugisha Eugene wo mu Karere ka Rutsiro wigaga mu wa gatanu w’amashuri abanza, moto yamugongeye ku ishuri arapfa, uwari uyitwaye utarahise amenyekana ahita atoroka. Ibi byabereye mu Murenge wa Manihira, Akagari ka Muyira, ku Ishuri ribanza rya Mujebeshi, mu masaha ya nyuma ya saa sita zo kuwa kabiri, tariki 10 Gashyantare 2026. Amakuru […]

Continue Reading

RIB yafunze umugabo ufite PhD. ukekwaho gusambanya abana

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwafunze, umwarimu wa kaminuza, ukekwaho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa abashukishije amafaranga. Nk’uko bikubiye mu itangazo Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwanyujije ku rukuta rwa X mu ijoro ryo ku wa 19 Mutarama 2026, yatangaje ko iperereza ry’ibanze rigaragaza ko mu bihe bitandukanye uyu mwarimu yagiye asambanya abana b’abakobwa batandukanye […]

Continue Reading

Abangavu Bakina Mu Ikipe Y’Igihugu Batangiye Umwiherero Wo Guhangana Na NigeriaIkipe y’igihugu y’u Rwanda y’abangavu y’umupira w’amaguru yatangiye umwiherero wa mbere muri itatu izakora mbere yo kuzakina na bagenzi babo bo muri Nigeria.Abo bakobwa bafite munsi y’imyaka 20 y’amavuko.Mu minsi itatu ishize, ni bwo umutoza mukuru w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru [She-Amavubi], Cassa Mbungo […]

Continue Reading

Abandi Banyarwanda biganjemo abana ku kigero cya 69.4% batahutse bava muri RDC

U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 337 bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC), biganjemo abana ku kigero cya 69.4%. Muri 337 batashye, abana banganaga na 234 bangana na 69.4%, Abagabo 22 bangana na 6.5% mu gihe Abagore bari 81 bangana na 24.1%. Batashye ku uyu wa 11 […]

Continue Reading

Rutsiro: Umusore arimo gushakishwa akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 14

Umusore w’imyaka 20 wo mu Karere ka Rutsiro arimo gushakishwa akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 14 amubeshya kuzamugira umugore. Ibi byabereye mu Murenge wa Mukura, Akagari ka Mwendo ho mu Mudugudu wa Nyarubande, kuri uyu wa 10 Ukuboza 2025, ku isaha zishyira saa 11h00’. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mukura, Ndayambaje Emmanuel yahamije aya makuru. Ati “Umwana […]

Continue Reading

Rubavu: Abana basaga 50 bajyanwa kenshi muri ‘Transit Center’ bari kwitabwaho byihariye

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatangaje ko bwahaye umwihariko ikibazo cy’abana 51 bataye ishuri ndetse bagaruka kenshi mu kigo cy’inzererezi kinyurwamo by’igihe gito ‘Transit Center’, mbere yo gusubizwa mu buzima busanzwe, harimo n’umaze kujyanwamo ishuro zirindwi. Ibi ni bimwe mu byagarutsweho ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bw’iminsi 16 bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, kuwa kabiri, tariki 25 […]

Continue Reading

U Rwanda rwakiriye abarwanyi ba FDLR batahanye n’abana batanu

U Rwanda rwakiriye abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR batahanye n’abaturage b’abasivili bafitanye isano n’imitwe yitwaje intwaro n’abana batanu. Aba Banyarwanda bacyuwe n’abakozi bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), babashyikiriza u Rwanda kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2025. Perezida wa Komisiyo y’Igihugu ishinzwe gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe […]

Continue Reading

Ngororero: Umusore w’imyaka 23 afunzwe akekwaho gusambanya umwana w’imyaka itanu

Umusore w’imyaka 23 wo mu Karere ka Ngororero afunzwe akekwaho gusambanya umwana w’imyaka itanu mu gipangu acumbitsemo. Uwo musore yatawe muri yombi tariki 7 Ugushyingo 2025, mu Murenge wa Gatumba, Akagari ka Cyome ho mu Mudugudu wa Birambo. Icyaha akekwaho cyabaye tariki 04 Ugushyingo 2025, ubwo umubyeyi w’uyu mwana yari yagiye guhinga asiga umwana we […]

Continue Reading

Rutsiro: Umwana w’imyaka 16 yakubiswe n’inkuba agwa igihumure

Umwana witwa Ntawimanayibagiwe Claudine w’imyaka 16 wo mu Karere ka Rutsiro yakubiswe n’inkuba agwa igihumure ahita atwarwa mu bitaro. Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa kane, tariki 23 Ukwezi 2025, mu Murenge wa Gihango, mu Kagari ka Mataba amu masaha ya nyuma ya saa 18h50’ z’umugoroba. Ntawimanayibagiwe Claudine yiga kuri Rwunge rw’amashuri rwa […]

Continue Reading

Rutsiro: Abarimo umwana w’imyaka 16 bapfiriye mu Kirombe kimaze Amezi Abiri gifunzwe

Abaturage batanu bo mu Karere ka Rutsiro bagiye kwiba amabuye y’agaciro mu gisimu (ikirombe) kimaze amezi abiri gifunzwe batatu barimo umwana w’imyaka 16 babura umwuka bahumeka barapfa. Ibi byabereye mu Murenge wa Mukura, Akagari ka Kagano ho mu Mudugudu wa Kazizi, mu ijoro rishyira ku cyumweru tariki 19 Ukwakira 2025. Amakuru agera ku IJAMBORYUMWANA n’uko […]

Continue Reading