Amashuri y’imyuga si ay’abaswa- Eng Umukunzi

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Guteza imbere imyuga n’Ubumenyingiro, (RTB) rusaba abantu muri rusange kutumva ko amashuri y’imyuga yigwa n’abaswa. Ibyo byagarutsweho n’Umuyobozi Mukuru wa RTB, Eng. Paul Umukunzi ukiyobora asaba abantu bakibyumva gutyo guhindura imyumvire, akameza ko umubare munini w’abize imyuga bahita babona imirimo. Bimwe mu bishingirwqho ni imibare ya Minisiteri y’Uburezi ivuga ko 80% by’abanyeshuri […]

Continue Reading

Umuyobozi ushinjwa guhohotera abana yasabiwe gufungwa

Ubushinjacyaha ku rwego rw’Ibanze rwa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga rwasabiye Umuyobozi w’amasomo wungirije witwa Mitsindo Gaëtan ushinjwa guhohotera abanyeshuri b’abakobwa gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Iki gihano cyasabwe kuri uyu wa 27, Gicurasi, 2025 mu iburanisha ryabereye ku rukiko rwanditswe haruguru. Mu gusobanura impamvu zikomeye bushingiraho bumusabira gufungwa iyo minsi, ubushinjacyaha buvuga ko bushingiye ku […]

Continue Reading

Ubuke  bw’amasomero bugira ingaruka ku bumenyi bw’abana

Hari ubushakashatsi buherutse kwerekana ko 40% by’amashuri yo mu Rwanda atagira ibyumba byo gusomeramo. Ingaruka zabyo ni uko abana batabona aho bakorera ubushakashatsi, ntibasome ibirenze ibyo abarimu babigishije. Bigira n’ingaruka ku mitegurire y’amasomo agenewe abanyeshuri bityo abarimu ntibatange ubumenyi busesuye. Abashakashatsi baherutse kubwira Kigali Today mu kiganiro bita EdTech ko ari ngombwa ko buri shuri […]

Continue Reading

Gucika kw’ikiraro byabujije abana kwiga biboroheye

Abana bo mu Murenge wa Murambi mu Karere ka Karongi n’abo muwa Kinihira mu Karere ka Ruhango ntibagishobora kujya kwiga mu buryo bworoshye bitewe n’uko ikiraro bambukaga bajya yo cyacitse. Ni ikibazo kireba abana bose batuye mu tugari tw’imirenge ikora kuri icyo kiraro kuri buri ruhande. Iki kiraro kiri ahitwa Kajamage, cyari kimaze imyaka irenga […]

Continue Reading

Israel Yatangije Iperereza Ku Gitero Cya Drone Cyahitanye Abana Muri Gaza

Ubuyobozi bw’ingabo za Israel mu gice cy’Amajyepfo bwanzuye ko hatangizwa iperereza ryo kumenya uko byagenze ngo igitero ziherutse kugaba muri Gaza kice abana bavurirwaga mu bitaro byitwa Khan Yunis. Ni abana icyenda bahitanywe n’icyo gitero, bose bakaba ari abana b’umugabo umwe usanzwe ari dogiteri. Hashyizwemo ndetse n’umusirikare mukuru uzayobora itsinda rizakora iryo perereza, uwo akaba […]

Continue Reading

Rwanda: Hagiye Kujyaho Ubwishingire Bw’Umwana Bukozwe Na Leta

Umwe mu myanzuro itandatu yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri, uvuga ko iyi Nama yemeje Iteka rya Minisitiri ryerekeye Ubwishingire bw’umwana bikorwa na Leta no kubera umubyeyi umwana utabyaye ku rwego mpuzamahanga. Ni Iteka rishobora kuzaba igisubizo ku kibazo cy’abana bakeneye abababera ababyeyi kugira ngo bakure bitaweho nk’uko amategeko n’amabwiriza mpuzamahanga abigena. Muri iyo nama y’Abaminisitiri […]

Continue Reading

Abana batikiriye mu gitero Israel yagabye muri Gaza

Abanya-Palestine 54 biganjemo abana baguye mu bitero b’indege Isarel yagabye mu bice bitandukanye birimo ishuri rya Fahmi Al-Jargawi ryari ricumbikiye abakuwe mu byabo n’intambara. Iryo shuri ricumbiye abantu amagana bakuwe mu byabo n’intambara mu mujyi wa Beit Lahia, wugarijwe n’ibitero by’ingabo za Israel. Hari abaganga bo mu bitaro byakiriye abo bana bakomeretse babwiye itangazamakuru imirambo […]

Continue Reading

Hatangijwe ihuriro ry’abaharanira ubutabera bw’abana

Abarangije amasomo mu ishuri ry’amategeko, ILPD, riri mu Karere ka Nyanza biyemeje gushinga Ihuriro ryo kuziba icyuho mu byagaragaye ko bibangamira uburenganzira bw’abana igihe bajyanywe mu nkiko. Ni amasomo yahabwaga impuguke mu mategeko, zahugurwaga ku burenganzira n’amategeko arengera abana ngo babone ubutabera. Kuri uyu wa Gatanu tariki 23, Gicurasi, 2025 nibwo abigaga muri iri shuri […]

Continue Reading

Uruhare amarerero yagize mu kugabanya igwingira mu bana b’i Rusizi

Akarere ka Rusizi karashima uruhare rw’amarerero mu guhangana n’ikibazo cy’imirire mibi n’igwingira mu bana bari munsi y’imyaka itanu. Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamira bwo mu 2020 bugaragaza ko igipimo cy’igwingira mu bana bo muri Rusizi cyari ku kigero cya 30%. Icyakora ubu imibare itangwa n’Akarere yerekana ko bagabanyutse bagera kuri 18.5% mu mwaka wa 2025. Igikorwa […]

Continue Reading

U Bwongereza: Gutunga telefoni ku bana bihangayikishije abarimu

Mu Bwongereza abarimu b’ahitwa Belfast basaba ababyeyi kureka guha abana telefoni kuko kuyitunga ukiri umwana wiga mu mashuri abanza ari bigira ingaruka nyinshi. Abarezi bo muri bigo 14 byo muri aka gace basabye ababyeyi kuzirikana ko umwana muto aba afite ubwonko bugikura,  butaragira ibya ngombwa byatuma bwihanganira urumuri rwinshi rw’ibyuma by’ikoranabuhanga. Ni ubwonko kandi buba […]

Continue Reading