Byari amarira n’agahinda mu gushyingura umwana wishwe na mugenzi we bapfa ‘Supadipe’

Umwana uri mu kigero cy’imyaka 11 witwa Iranzi wo mu Karere ka Bugesera wishwe na mugenzi we w’imyaka 12 bapfa supadipe yashyinguwe kuri uyu wa mbere taliki ya 22 Ukuboza 2025. Intandaro y’urupfu rw’uyu mwana ni ingumi yakubiswe na mugenzi we Kumugoroba wo ku Cyumweru. Kuri uwo munsi Nyakwigendera yagiye gufasha mugenzi we gusarura ibishyimbo, […]

Continue Reading

Burera: Hari abacuruzi bahinduye abana ibikoresho byo kwambutsa magendu

Mu Karere ka Burera ku mupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda, hari abana usanga bicaye mu matsinda bategereje ababatuma kubazanira ibicuruzwa mu buryo butemewe muri Uganda. Abo bana bakabaye bari mu ishuri iyo bavuye kwambutse ibyo bicuruzwa uwabatumye abahemba amafaranga angana n’ibiceri 300 Frw kuri buri nshuro. Abo ijamboryumwana ryasanze kuri uwo mupaka […]

Continue Reading

Perezida Kagame yavuze ku nzara yatumye umubyeyi atekerera abana ‘imitanga’

Perezida Paul Kagame yavuze ku kibazo cy’inzara imaze iminsi ivugwa i Kayonza, yatumye umubyeyi atekera abana imbuto zitaribwa zitwa ‘Imitanga’ agamije kubatinza ngo basinzire, yabona byanze akagerageza kwiyagura, akaza gutabarwa n’umwe mu bana wari ugiye kumureba mu cyumba amubaza niba bitarashya. Mu Karere ka Kayonza mu Mirenge ya Kabare, Ndego, Rwinkwavu, Murama, Mwiri na Murundi […]

Continue Reading

Gicumbi: Igisasu cyishe abana batatu bo mu muryango umwe

Abana batatu b’abahungu barimo uw’imyaka 16 uwa 13 n’uw’imyaka Itanu y’amavuko bo mu Murenge wa Cyumba ho mu Karere ka Gicumbi baturikanywe n’igisasu bose bahita bapfa. Ibi byabaye Mugitondo cyo kuri uyu wa kabiri, tariki 16 Ugushyingo 2025 ahagana saa tatu, ubwo abo bana batatu b’abahungu bava inda imwe bajyaga gutashya mu ishyamba. Amakuru avuga […]

Continue Reading

Kayonza: Ababyeyi bategereje ibisubizo kuri ECD iri kubakwa i Kageyo

Abatuye mu Kagari ka Kageyo, Umurenge wa Mwiri mu Karere ka Kayonza bagaragaza ko bategereje ibisubizo byinshi ku Rugo Mbonezamikurire y’Abana Bato (ECD) barimo kubakirwa, aho biteze ko ruzabafasha mu mikurire myiza y’abana babo. Abo baturage bashimira Leta y’u Rwanda yashyizeho gahunda y’Imbonezamikurire y’abana bato kuko igira uruhare runini mu guhangana n’igwingira, kwimakaza uburezi buboneye […]

Continue Reading

Nyaruguru: Bagaye uwatanze inzu ye igatwikirwamo abana n’abagore muri Jenoside.

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyaruguru bwagaye uwatanze inzu ye igatwikirwamo abana n’abagore 104, ahitwa i Mbuye mu Murenge wa Ngoma, bagashya kugeza bose bapfuye. Hari mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hazirikanwa by’umwihariko abagore n’abana bishwe muri Jenoside, igikorwa cyabaye ku wa 19 Gicurasi 2025. Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru, […]

Continue Reading

Gasabo: Abanyeshuri basobanuriwe ububi bwa ruswa n’uruhare rwabo mu kuyirwanya

Urwego rw’Umuvunyi rwasabye abanyeshuri kugira uruhare mu kurwanya ruswa kuko imunga ubukungu bw’igihugu kandi ikabangamira n’irindi terambere iryo ariryo ryose aho yimitswe. Ni ubutumwa uru rwego rwatanze Mugitondo cyo kuri uyu wa 20 Gicurasi 2025, aho rwakomereje ibiganiro byo gukumira no kurwanya ruswa mu mashuri yisumbuye mu bigo bya G.S Kagarama, G.S Gisozi II na […]

Continue Reading

Juventus yaguze umukinyi ukiri muto ufite inkomoko mu Rwanda

Ikipe yo mu Butaliyani ya Juventus FC yaguze myugariro Shane Van Aarle ufite inkomoko mu Rwanda, uyu mukinnyi w’imyaka 18 waguzwe avuye mu ikipe ya FC Eindhoven afite nyina ukomoka mu Karere ka Rubavu. Uyu mukinnyi yanyuze mu makipe atandukanye y’abato nka Club Brugge na Royal Excel Mouscron zo mu Bubiligi, mbere yo kwerekeza muri […]

Continue Reading