Musenyeri Sinayobye yagaragaje ‘utugoroba tw’abana’ nk’umuti urambye ku bibazo byugarije umuryango

Musenyeri wa Diyosezi Gatolika ya Cyangungu, Sinayobye Edouard, yavuze ko bahisemo kurandura amakimbirane yo mu ngo bahereye mu bana bato kuko basanze ari yo nzira nziza yatuma aranduka burundu. Yabivuze ku wa 6 Nzeri 2024, ubwo hatangizwaga ihuriro ry’imiryango ryatumiwemo abashakanye (imiryango 500), bivuze ko ryitabiriwe n’abagera ku 1000. Ni ihuriro ryabaye mu gihe mu […]

Continue Reading

Abakosora ibizamini bya Leta bagorwa n’imyandikire y’abarangiza amashuri abanza

Abakosora ibizamini bya Leta baratangaza ko babangamiwe n’imyandikire y’abanyeshuri barangiza amashuri abanza bandika nabi ku buryo inyuguti nyinsi ziba zisa izindi zireshya bikagorana rimwe na rimwe gusobanukirwa n’ibyo umunyeshuri aba yanditse. Abakosora ibizamini bavuga ko kugira ngo umunyeshuri abashe kwandika neza ku buryo ibyo yanditse bitanga ubusobanuro, byaba byiza hasubijweho uburyo bwakoreshwaga mbere bwo kwiga […]

Continue Reading

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zamuritse ibyumba zavugururiye ishuri ribanza rya Nacololo

Ingabo z’u Rwanda ziri mu bikorwa byo kugarura umutekano zibarizwa muri Batayo ya 3 ikorera mu Karere ka Ancuabe, Intara ya Cabo Delgado, muri Mozambique bashyikirije ubuyobozi ibyumba bitanu zavugururiye ishuri ribanza rya Nacololo. Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 4 Nzeri 2024, Ingabo z’u Rwanda zatanze kandi ibikoresho bitandukanye by’ishuri birimo intebe […]

Continue Reading

Ni uburenganzira bw’umwana kugira uruhare mu bimukorerwa – NCDA

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA) kiratangaza ko bumwe mu burenganzira bw’umwana harimo no kugira uruhare mu bimukorerwa. Umuyobozi Mukuru wa NCDA Ingabire Assumpta, yabigarutseho mu gihe kuri uyu wa Mbere tariki 02 Nzeri 2024 mu Karere ka Huye muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye mu Ntara y’Amajyepfo, hateraniye Inama Nkuru y’Igihugu […]

Continue Reading

MINEDUC yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange

Minisiteri y’Uburezi, MINEDUC yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’ibisoza icyiciro rusange (Tron Commun), mu mwaka w’amashuri wa 2023/2024, igaragaza ko abakobwa batsinze ku kigero cyo hejuru mu mashuri abanza, mu gihe abahungu batsinze neza mu cyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye. Minisitiri w’Uburezi, Gaspard Twagirayezu, yagaragaje ko mu mashuri abanza, abakoze ibizamini […]

Continue Reading

NESA yatangaje igihe cy’itangira ry’umwaka w’amashuri wa 2024/2025

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri NESA, cyatangaje ko umwaka w’amashuri wa 2024/2025 uzatangira ku italiki 9 Nzeri 2024. Itangazo icyo kigo cyashyize ku mbuga rigaragaza ko ingengabihe n’itangazwa ry’amanota y’abanyeshuri basoje amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye bizatangazwa vuba. Ku bijyanye n’ibizamini bisoza amashuri abanza, abanyeshuri barenga ibihumbi 200 nibo babikoze barimo abahungu barenga […]

Continue Reading

ECD yagaragajwe nk’inkingi ikomeye ku cyerekezo cy’ubukungu bushingiye ku bumenyi

Kuva mu 2011 imyaka igera kuri 13 irashize u Rwanda rushyizeho Politiki y’igihugu y’imbonezamikurire y’abana bato (ECD Policy). Isesengura ryakozwe nyuma y’imyaka itanu ishyizweho, ryerekanye ko ari Politiki nziza iganisha ku cyerekezo cy’igihugu cyo kwimakaza ubukungu bushingiye ku bumenyi. Byemejwe hashingiwe ko umwana wagiye mu irerero akura neza mu bwenge kandi atagwingiye, yagera n’igihe cyo […]

Continue Reading

MINEDUC igiye gutanga buruse zo kwiga muri Ntare Louisenlund School

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko muri Nzeri 2024 izatanga buruse zo kwiga muri Ntare Louisenlund School, ku banyeshuri 80 bazaba baratsinze neza amasomo y’ubumenyi, imibare n’icyongereza mu bizamini bya leta bisoza amashuri abanza. Ntare Louisenlund School ni ishuri Mpuzamahanga ritegura inzobere mu bijyanye n’ubumenyi n’ikoranabuhanga. Mu Rwanda, riherereye i Nyamata mu Karere ka Bugesera. Amanota […]

Continue Reading

Abarimu 1000 bigisha mu mashuri abanza barangije Kaminuza

Raporo ya Minisiteri y’Uburezi yagaragaje ko abarimu igihumbi bigisha mu cyiciro cy’amashuri abanza mu Rwanda, basoje icyiciro cya kabiri cya kaminuza . Umwuga wo kwigisha usaba abawukora guhora biyungura ubumenyi, bakanahabwa amahirwe yo gukomeza amashuri mu byiciro byisumbuyeho. Raporo ya Minisiteri y’Uburezi igaragaza uko ibikorwa by’uburezi byari bihagaze mu mwaka w’amashuri wa 2022/2023 igaragaza ko […]

Continue Reading

Musanze: Abanyeshuri batsinze neza SET bari kwigishwa gukora ‘Robots’

Abanyeshuri bagera ku 100 bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye yo mu Karere ka Musanze, muri iki gihe cy’ibiruhuko, barimo kwigishwa gukora imashini zishobora gukora imirimo nk’iyo abantu bakora zizwi nka Robots. Abatoranyijwe mu bigo bitandukanye ni abatsinda neza Siyansi harimo n’isomo ry’ubumenyi n’ikoranabuhanga riciriritse rizwi nka SET mu mashuri abanza. Iyi gahunda yatangiye ku wa […]

Continue Reading