Zambia-impanuka-yambilansi-yahitanye-umubyeyi-numwana-yaragiye-kwibaruka

Imodoka ya Ambilansi yari ijyanye umubyeyi ugiye kwa muganga kubyara, yagendaga yihuta nyuma igonga igiti, uwo mubyeyi n’umwana yari atwite ndetse n’umurwaza bose bahita bapfa. Bamwe mu baturage bari hafi y’aho impanuka yabereye, bamwe bavuze ko uyu musheferi yihutaga ariwe wateje izo mpfu zose, ariko hari n’abavugaga ko ibyo yakoraga yagiraga ngo arebe ko yarokora […]

Continue Reading

Kicukiro-imodoka-yari-itwaye-abana-yakoze-impanuka-ikomeye

Mugitondo cyo kuri uyu wa 9 Mutarama 2023, mu Karere ka Kicukiro ahazwi nko ku i Rebero habereye impanuka y’imodoka yari itwaye abana b’abanyeshuri biga muri Path to Success 25 barakomereka. Uretse abo bana hanakomeretse umushoferi wari ubatwaye n’umwalimu wari ubaherekeje muri iyo modoka ya coaster. Umuvugizi w’ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda […]

Continue Reading

Umwe-mu-bana-bakomerekeye-mu-mpanuka-yimodoka-ku-i-rebero-yitabye-imana

Umwana witwa Kenny Irakoze Mugabo uri muri 25 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yari ibajyanye ku ishuri mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere yitabye Imana. Uyu mwana yigaga mu mwaka wa gatanu kuri Path to Success, mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali. Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, SSP René […]

Continue Reading

Rubavu-ubushabitsi-nyambukiranyamipaka-bwagaragajwe-nkimpamvu-ituma-abana-bata-ishuri.

Amashuri yo mu Karere ka Rubavu agaragaza ko mu mpamvu zituma abana bata ishuri harimo abana bajya gushaka amafaranga kubera amahirwe yo kuba begereye umupaka n’ababyeyi basigira abana barumuna babo bagiye mu bucuruzi. Byagaragarijwe istinda ry’Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu ubwo basuraga ishuri rya G.S Ryabizige ryo mu Karere ka Rubavu, muri […]

Continue Reading

Ngoma-abafite-ubumuga-barasaba-ko-ururimi-rwamarenga-rwakwigishwa-mu-mashuri

Abafite ubumuga bo mu Karere ka Ngoma baragaragaraza ikibazo cy’ubuke bw’insimburangingo n’inyunganirangingo nk’imbogamizi mu mibereho yabo naho abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bavuga ko mu buryo burambye hari ibibazo byakemurwa no kwigisha ururimi rw’amarenga mu mashuri. Babigarutseho kuri uyu wa 03 Ukuboza mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga wizihirijwe mu Murenge wa Sake […]

Continue Reading

Nyagatare-abana-bigira-mu-marerero-akorera-mu-ngo-zabaturage-bahawe-amata

Abana barenga ibihumbi 30 bari mu marerero y’inzu zagiye zitangwa n’abaturage zigahindurwa ingo mbonezamikurire hirya no hino mu karere ka Nyagatare, ku wa 30 Ugushyingo batangiye guhabwa amata muri gahunda y’inkongoro y’umwana, hagamijwe kurwanya imirire mibi n’igwingira. Umukozi w’Akarere ka Nyagatare ushinzwe gahunda mbonezamikurire y’abana bato, Gatete Katabogama Mike avuga ko buri mwaka amata atangwa […]

Continue Reading

Pologne-igiye-gufatanya-nu-rwanda-mu-iterambere-ryuburezi

Itsinda ry’Abashoramari n’abayobozi batandukanye bo muri Pologne ryasuye u Rwanda, ryasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’inzego zitandukanye harimo n’ayerekeye amashuri makuru na Kaminuza. Kaminuza enye zo muri Pologne nizo zasinyanye amasezerano na Kaminuza y’u Rwanda, ishuri rikuru ry’ubumenyingiro (RP) na Ines Ruhengeri. Minisitri w’Uburezi, Dr. Uwamariya Valentine yavuze ko ubwo bufatanye buzazamura ireme ry’uburezi mu Rwanda bikanateza […]

Continue Reading

Kayonza-hari-ishuri-ryimyuga-ryabuze-abaryigamo-kuburyo-icyumba-kirimo-abanyeshuri-benshi-ari-batanu

Mu rwunge rw’amashuri rwa Juru ruherereye mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza hagaragaramo ubuke bw’abanyeshuri biga mu Ishami ry’imyuga n’ubumenyingiro ribarizwamo abanyeshuri 17 gusa. Mu cyumba cy’ishuri kimwe hari aho usangamo abanyeshuri babiri cyangwa batatu, ahari benshi bakaba batanu. Ibibazo iri shuri rifite bishingiye ku nzitizi ebyeri. Iya mbere ni umuriro ufite ingufu […]

Continue Reading

Abana-bagaragarije-abasenateri-ko-aribo-bafite-amakuru-yukuri-ku-bibazo-bibugarije

Abana bagaragarije Abasenateri ko aribo ubwabo bashobora gutanga amakuru y’ukuri ku bibazo bibugarije, ubwo batangaga amakuru ku kibazo cy’abana bataye ishuri, aho abayobozi mu nzego z’ibanze bari bamaze kubahakanira ko nta mwana n’umwe ufite icyo kibazo muri ako gace, nyuma bakaza gusanga harimo n’aba Mudugudu. Nyuma yo gukorera ingendo mu bice bitandukanye by’igihugu harebwa imiterere […]

Continue Reading

Hamenyekanye-igihe-amanota-yibizamini-bisoza-amashuri-yisumbuye-azasohokera.

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibizamini bya Leta n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), cyatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye umwaka wa 2021/2022, azatangazwa ku wa Kane tariki 15 Ukuboza 2022. Ubutumwa bwashyizwe ahagaragara bugira buti “NESA iramenyasha abanyeshuri, ababyeyi, abarezi ndetse n’abafatanyabikorwa mu burezi, ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye umwaka wa 2021/2022, azatangazwa […]

Continue Reading