Abana-batarengeje-imyaka-12-bahawe-urubuga-mu-irushanwa-rya-tennis-ribera-i-kigali

Ishyirahamwe ry’umukino wa Tennis ikinirwa ku meza mu Rwanda (RTTF) ryatangaje ko abana batarengeje imyaka 12 bashyiriweho icyiciro cyihariye mu irushanwa rya Tennis rizwi nka Chinese Ambassadors Cup ryatangiye kubera i Kigali. Iri rushanwa ribaye ku nshuro ya gatatu, riteganyijwe kwitabirwa n’abagera kuri 200 bo mu Burundi, Uganda, Tanzania n’u Rwanda rwaryakiriye. Ni irushanwa rizakinwa […]

Continue Reading

Abana-babanyarwanda-batangiye-batwara-imidari-muri-taekwondo

Ishyirahamwe ry’umukino wa Tennis ikinirwa ku meza mu Rwanda (RTTF) ryatangaje ko abana batarengeje imyaka 12 bashyiriweho icyiciro cyihariye mu irushanwa rya Tennis rizwi nka Chinese Ambassadors Cup ryatangiye kubera i Kigali. Iri rushanwa ribaye ku nshuro ya gatatu, riteganyijwe kwitabirwa n’abagera kuri 200 bo mu Burundi, Uganda, Tanzania n’u Rwanda rwaryakiriye. Ni irushanwa rizakinwa […]

Continue Reading

Indirimbo-10-zikinyarwanda-zagufasha-gusabana-nabana-muri-kumwe

Weekend ni ndede! Kuri uyu wa 01 Nyakanga 2022 mu Rwanda hizihizwa umunsi w’Ubwigenge. Ni umunsi w’ikiruhuko. Ku wa mbere tariki 04 Nyakanga 2022 ni umunsi wo Kwibohora. Nabwo ni umunsi w’ikruhuko. Ku babyeyi bamwe na bamwe ni umwanya wo kubonana n’abo batabonera umwanya uhagije kubera impamvu z’akazi harimo n’abana. Ni umwanya mwiza wo kwigarurira […]

Continue Reading

Indirimbo-10-zabana-buri-mubyeyi-agomba-kuba-azi-kuririmba

Mu mikurire y’abana hari ibyo bakunda cyane cyane indirimbo. Hari izo biga mu mashuri y’incuke kuburyo iyo atashye agasanga uyizi ukamufasha kuyiririmba cyangwa ukayimucurangira bimushimisha. Hari amagambo umwana aba yafashe nabi kubera urwego rwe rwo kumva ibintu. Iyo umufasha kuririmba yumva bitandukanye n’ibyawe akumva wowe ntabyo uzi akagukosora waba ubizi mukajyana bikaba akarusho. Uko mubana […]

Continue Reading

Ikipe-ya-basketball-yabatarengeje-18-yabonye-itike-yigikombe-cya-afurika.

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 18, yakatishije itike yo gukina imikino ya nyuma y’Igikombe cya Afurika “U-18 AfroBasket”, izabera Antananarivo muri Madagascar hagati y’itariki 23 Nyakanga n’iya 1 Kanama 2022. Iyi kipe yabigezeho nyuma yo kwitwara neza ikaba iya mbere mu mikino y’Akarere ka Gatanu iri kubera i Kampala kuva ku wa 12 Kamena […]

Continue Reading

kayonza-umugabo-arakekwaho-gusambanya-umwana-wumugore-we

Umugabo w’imyaka 37 wo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Nyamirama, yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho gusambanya umwana w’umugore we ariko batabyaranye ufite imyaka 11. Uyu mugabo yatawe muri yombi mu mpera z’icyumweru gishize mu Mudugudu wa Kamonyi, Akagari ka Gikaya mu Murenge wa Nyamirama. Amakuru avuga ko ikirego cyatanzwe na nyina w’uyu […]

Continue Reading

Ndimbati-yasabiwe-gufungwa-imyaka-25

Ubushinjacyaha bwasabiye Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati, igihano cy’igifungo cy’imyaka 25 ku byaha akurikiranyweho birimo kunywesha umwana inzoga no kumusambanya. Kuri uyu wa Kabiri Taliki 13 Nzeri 2022 nibwo Ndimbati yatangiye kuburana mu mizi mu Rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge. Ndimbati yaburanye hifashishijwe ikoranabuhanga kuko atigeze ashyirwa mu bagomba gusohoka muri gereza ya Mageragere afungiyemo. […]

Continue Reading

Ndimbati-yagizwe-umwere-

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize umwere Uwihoreye Jean Bosco wamamaye muri sinema Nyarwanda nka Ndimbati, rusaba ko ahita arekurwa. Isomwa ry’urubanza ryabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 29 Nzeri 2022 ku Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, ari narwo rwaruburanishije ku wa 13 Nzeri 2022. Icyo gihe Ubushinjacyaha bwasabiye Uwihoreye gufungwa imyaka 25. Ryabaye uregwa atari […]

Continue Reading

kigali-hari-inzu-zibanga-abakomeye-basambanyirizamo-abana-utewe-inda-bakayikuramo

Yasuwe: 7,395 Mu mujyi wa Kigali haravugwa ikibazo kidasanzwe cy’abagabo bakomeye, bafite amafaranga n’imyanya ikomeye, bishyira hamwe bagakodesha inzu zo gusambanyirizamo abana, uwo bateye inda bakayimukuriramo nta wurabutswe kuko aho hantu haba harinzwe kandi ari ah’ibanga. Ni ikibazo cyavugiwe mu Murenge wa Kinyinya mu nama nyunguranabitekerezo ku bibazo bidindiza iterambere ry’ubutabera n’ingamba zo kubikemura muri

Continue Reading

CERULAR-irasaba-ubufatanye-ku-kibazo-cyabana-basambanywa-ntibahabwe-ubutabera.

Umuryango Nyarwanda ugamije kubaka igihugu kigendera ku mategeko (CERULAR) usanga hakwiye ubufatanye bwa buri wese mu bagize umuryango Nyarwanda kugira ngo amategeko ahana uwasambanyije umwana yubahirizwe kandi haboneke ibimenyetso bituma uwahohotewe ahabwa ubutabera. Imibare y’Ubushinjacyaha bukuru yerekana ko hagati ya 2017-2018 na 2021-2022 hakiriwe dosiye 20,095 z’abana basambanyijwe, zaregwagamo abantu 20,207. Abagera kuri 32% nibo […]

Continue Reading