Hagaragajwe igikoma mu nkokora uburezi bw’ikoranabuhanga
Mu 2017 nibwo hashyizweho gahunda ya leta y’imyaka irindwi yo kwihutisha iterambere mu byiciro byose. Ni nabwo hatangijwe gahunda yo kugeza ikoranabuhanga mu mashuri, hatangwa ibikoresho byayo, murandasi ndetse n’amahugurwa y’abarimu ku bijyanye n’ikoranabunga. Gahunda ya NST1 iteganyijwe kurangirana n’umwaka wa 2024, ntabwo isize igejeje ikoranabuhanga mu mashuri yose mu Rwanda, ari nayo mpamvu Minisiteri […]
Continue Reading