Sudani-yepfo-abapolisi-bu-rwanda-bari-mu-butumwa-bwamahoro-batanze-inkunga-ku-bana-bimfubyi

Yasuwe: 394 Itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda rigizwe n’umubare munini w’abapolisikazi (RWAFPU-3) riri mu butumwa bw’umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 25 Ukwakira, ryatanze inkunga y’ibiribwa, imyambaro ndetse n’ibikoresho by’isuku ku kigo cy’abana b’imfubyi  giherereye mu murwa mukuru Juba. Icyo kigo cyitwa St. Clare House for Children, gicumbikiye abana b’imfubyi

Continue Reading

Igitinyiro-cya-messi-ubwo-yinjiraga-mu-ishuri-rya-barcelona-afite-imyaka-13

Yasuwe: 353 Lionel Messi yinjiye mu ishuri ry’umupira w’amaguru rya Barcelona, La Masia, afite imyaka 13. Ni ishuri ryanyuzemo ibindi bihangange mu mupira w’amaguru nka Xavi, Andres Iniesta, Gerard Pique na Cesc Fabregas. Mu kiganiro BBC Sport yagiranye na Fabregas wakinaga hagati muri Barcelona yavuze ko ikintu cya mbere yabonye kuri Messi ari uko yari

Continue Reading

Abana-bafite-imiterere-idasanzwe-ku-isi-barimo-ufite-amenyo-300

Yasuwe: 391 Buri muntu mu batuye Isi afite ibyo yihariye adahuje n’undi, ariko abantu bamwe na bamwe bafite ibyihariye bidasanzwe kurusha abandi. Muri iyi nkuru tugiye kubagezaho abana bafite imiterere idasanzwe ku Isi. Nk’umwana umubyeyi azakubwira ko uri umuntu udasanzwe kandi w’igitangaza. Impamvu rusange yabyo ni ukugira ngo twigirire icyizere igihe tukiri bato. Nubwo buri 

Continue Reading

Urunana-rugeze-aharyoshye-muganga-jackie-yatawe-muri-yombi-azira-cedrick

Yasuwe: 844 Abakunzi b’Ikinamico Urunana bibazaga uko ibya Muganga Jackie n’umwana muto witwa Cedrick bizarangira none ifatwa rye niryo ryashyize akadomo ku mukino wo kuri uyu wa 21 Nyakanga 2022. Mu Ikinamico Urunana Muganga Jackie ni umukobwa ukuze ukora akazi ko kuvura ku Kigonderabuzima cy’i Nyarurembo naho Cedrick ni umwana w’umuhungu w’imyaka 17 y’amavuko

Continue Reading

Impamvu-udakwiye-gucikwa-ni-umutware-filimi-nshya-ivuga-ku-bana-yatangiye-kwigarurira-imitima-ya-benshi

Yasuwe: 561 Mu Rwanda hasohotse filimi y’uruhererekane yiswe ‘Ni Umutware’ ivuga ku bana, ikaba imaze kwigarurira imitima y’abatari bake mu minsi ine gusa imaze isohotse. Ni Umutware ni filimi izajya yibanda ku burenganzira bw’umwana, kurwanya ihohoterwa rimukorerwa, imikurire myiza, uburere buboneye n’imibereho y’umwana mu muryango Nyarwanda. Ku wa 07 Nyakanga 2022 nibwo hasohotse agace kayirarikira

Continue Reading

Sakwe-sakwe-dukine-umukino-winyurabwenge-uryohera-abato-nabakuru

Yasuwe: 948 Ibisakuzo ni umukino wo mu magambo. Ugizwe n’ibibazo n’ibisubizo bihimbaza abakuru n’abato kandi birimo ubuhanga. Amateka y’Ubuvanganzo Nyarwanda agaragaza, ko  ibisakuzo byagiraga abahimbyi b’inzobere muri byo, bahoraga bacukumbura ijoro n’umunsi, kugirango barusheho kunoza no kuryoshya uwo mukino. Ibyo bituma bibamo amagambo akomeye abato badashobora kumva byoroshye. Ni byiza ko niba ukina uyu mukino

Continue Reading

RDC-abarimu-mu-mashuri-abanza-banze-kwigisha

Abarimu bigisha mu mashuri abanza muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) baravuga ko bamaze igihe badahabwa agahimbazamusyi none bahisemo guhagarika akazi. Ihuriro ry’amashuri abanza muri RDC ryasohoye itangazo rivuga ko kuri uyu wa 10 Mutarama 2023 nta masomo ahari, ko abarimu birirwa bicaye imbere ya Minisiteri y’imali i Kinshasa. Ni mu gihe kandi basabye […]

Continue Reading

USA umwana-wimyaka-itandatu-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kurasa-umwarimu-we

mwana w’imyaka itandatu yatawe muri yombi afungwa na Polisi nyuma y’uko arashe umwarimu we muri Leta ya Virginia. Uko kurasana kwabaye ku mugoroba wo ku wa Gatanu ahagana Saa Moya z’Ijoro mu Ishuri ribanza rya Richneck riri mu Mujyi Newport News. Ntabwo biramenyekana uburyo uwo mwana yabonye imbunda, gusa Polisi yavuze ko uko kurasa kutabayeho […]

Continue Reading

Umugabo-yishe-umuryango-we-wose-nyuma-yuko-umugore-amusabye-gatanya

Umugabo w’imyaka 42 yarashe abantu barindwi bo mu muryango we mbere y’uko na we yiyica muri leta ya Utah muri Amerika nyuma y’uko umugore we asabye gatanya. Kuwa gatatu nijoro abashinzwe imibereho myiza barimo gukora igenzura basanze uyu muryango w’abantu umunani bose bapfuye mu rugo rwabo rwo mu cyaro ahitwa Enoch City. Polisi ivuga ko […]

Continue Reading

Urukiko-rwanzuye-kudafunga-dosiye-yabapadiri-basambanyije-abana

Urukiko rwo mu Budage rwemeje ko nubwo Joseph Ratzinger wahawe izina rya Papa Benedigito XVI yitabye Imana, dosiye aregwamo ibyaha byo guhishira abihayimana basambanyije abana b’abahungu, itagiye guhita ifungwa. Umuvugizi w’Urukiko rwa Traunstein muri Bavaria, yavuze ko bisanzwe ko urubanza rushobora guhagarara iyo umwe mu baburanyi apfuye. Yakomeje ati “Kuri iyi nshuro ariko si ko […]

Continue Reading