Hamuritswe igitabo gishingiye ku buhamya bwanditswe n’abari abana mu gihe cya Jenoside

Umushakashatsi ku mateka, Dr Helene Dumas wo mu Bufaransa yamuritse igitabo yise ‘Sans Ciel Ni Terre’ bivuga “nta Juru nta n’isi” gishingiye ku buhamya bwanditswe n’abari abana b’imyaka kuva kuri 5 kugera kuri 12 mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi. Impuguke mu kwandika ibitabo kuri Jenoside bahamya ko ubu buhamya butanga amakuru yose akenewe ku […]

Continue Reading

#Kwibuka30: Ubuhamya bw’uwari umwana w’imyaka 11 agahungira ku mubyeyi we wa Batisimu

Mu gihe Jenoside yakorewe Abatutsi yabaga, Ayinkamiye Marie Louise yari afite imyaka 11. Yavukiye mu Karere ka Ngororero mu Murenge wa Nyange mu yahoze ari Komine Kivumu, Perefegitura ya Kibuye. Kuri ubu ni mubyeyi ufite umugabo n’abana batanu. Mu buhamya bwe yavuze ko mu buto bwe iwabo nta mutekano bigeze bagira kuko bari Abatutsi. Mu […]

Continue Reading

Abanyeshuri bahagurukira i Kigali bibukijwe ko Stade izajya ifunga saa 15h00

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), cyashyize ahagaragara gahunda y’ingendo zo gusubira ku mashuri ku banyeshuri biga bacumbikirwa, cyibutsa abanyeshuri bahagurukira i Kigali n’abahanyura berekeza mu zindi Ntara kujya bazinduka kuko Stade ya Kigali yitiriwe Pele bahagurukiraho izajya ifunga saa 15h00. Itangazo rya NESA rivuga ko gusubira ku mashuri gutangira amasomo y’igihembwe cya Gatatu […]

Continue Reading

Nyamagabe: Umugabo arakekwaho kwica umwana yabyaranye n’inshoreke

Umugabo wo mu Mudugudu wa Rebero mu Kagari ka Murambi mu Murenge wa Kaduha ho mu Karere ka Nyamagabe, arimo gushakishwa n’inzego z’umutekano, akekwaho kwica umwana yabyaranye n’umugore utari uw’isezerano. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, SP Emmanuel Habiyaremye, yavuze ko ku wa Gatatu tariki 3 Mata 2024, uwo mugabo yagiye iwabo w’uwo mugore babyaranye, […]

Continue Reading

Rutsiro: Hatangijwe umuganda wo kurwanya imirire mibi n’igwingira

Umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro yatangaje ko binyuze muri gahunda bise ’Umuganda Professional’ biyemeje kurandura burundu indwara zikomoka ku mirire mu mezi abiri. Yabitangajwe ku wa 04 Mata 2024, ubwo hatangizwaga ku mugaragaro iyi gahunda Akarere kazafatanyamo n’abafatanyabikorwa bikorwa batandukanye by’umwihariko umuryango World Vision. Rutsiro ni kamwe mu turere dufite igwingira riri hejuru kuko ubushakashatsi bwa […]

Continue Reading

Nyanza: Umwarimu arakekwaho gusambanya abana bacuruza ibiraha

Umwarimu wo mu Karere ka Nyanza, akurikiranyweho gusambanya abana babiri b’abakobwa, bacuruza ibiraha [isambusa zo mu birayi] nyuma yuko abiguze akababwira ko abishyurira aho acumbitse bagerayo akabasambanya akanga kubishyura. Uwatanze amakuru yavuze ko hari ku mugoroba, uwo mwarimu ari mu isantere ya Butansinda mu Murenge wa Kigoma mu karere ka Nyanza abona utwana tubiri tw’udukobwa […]

Continue Reading

Kutagira amazi meza ku Kirwa cya Bugarura bibangamiye imibereho y’abana

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rutsiro, batuye ku Kirwa cya Bugarura bavuga ko kutagira amazi meza bibangamira imibereho myiza y’abana, aho mu gihe Leta yaba ntacyo ikoze bishobora gutuma abana batangira kwibasirwa n’indwara zikomoka ku mwanda. Abaturage bo mu Murenge wa Boneza baganiriye n’Umunyamakuru w’Ijamboryumwana bavuze ko kutagira amazi meza bigira ingaruka ku […]

Continue Reading

Kicukiro-abagize-komite-zihuriro-ryabana-bahawe-amahugurwa-azabafasha-kuzuza-inshingano

Yasuwe: 132 Abagize komite z’ihuriro ry’abana mu Karere ka Kicukiro batangiye amahugurwa y’iminsi ibiri agamije kubongerera ubumenyi buzatuma buzuza inshingano batorewe muri manda y’imyaka itatu. Abarimo guhugurwa ni abagize komite y’ihuriro ry’abana ku rwego rw’Akarere uko ari batandatu, n’umwana umwe uhagarariye abandi kuri buri Murenge. Bose bagize komite zatowe muri Nzeri 2022. Umwana uhagarariye abandi

Continue Reading

Ingaruka-amakimbirane-yo-mu-muryango-agira-ku-mikurire-yumwana

Yasuwe: 106 Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCD) kigaragaza ko amakimbirane y’umuryango agira ingaruka ku mikurire y’umwana. Amakimbirirana y’umuryango icyo yaba ashingiyeho cyose agira ingaruka mbi ku mibereho y’umwana muri rusange ariko cyane cyane mu mikurire ye. Umuyobozi ushinzwe uruhare rw’umwana mu bimukorerwa muri NCD, Tuyishimire Frodouard avuga ko imbamutima z’umwana azikura ku

Continue Reading

Kayonza-haravugwa-imiryango-yakuye-abana-mu-ishuri-kubera-imyemerere-idasobanutse

Yasuwe: 63 Hari imiryango yo mu Kagali ka Rusera mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza yakuye abana bayo mu ishuri kubera imyemerere idasobanutse ishingiye ku idini ritazwi. Amakuru avuga ko abo baturage ari abiyomoye ku itorero ry’Abadivantiste b’umunsi wa Karindwi, ubu bakaba basengera mu rugo rwa mugenzi wabo ariko nta dini cyangwa itorero

Continue Reading