Nakora iki ko umwana wanjye w’imyaka 2 akunda kwirakaza?
Iyo umwana wawe w’imyaka ibiri arakaye, ararira, agasakuza, akikurunga cyangwa akarashya imigeri, kuburyo ugeraho ukibaza uti “uyu mwana ni muzima, cyangwa? Ese hari ikibi namukoreye? Ese bizageraho bishire?” Gufasha umwana wawe w’imyaka ibiri guhindura imyifatire, birashoboka. Reka tubanze dusuzume igishobora kubitera. Umwana muto ntamenya kwifata ngo ategeke ibyiyumvo bye. Ibyo ubwabyo bishobora gutuma yirakaza rimwe na rimwe. […]
Continue Reading