Nakora iki ko umwana wanjye w’imyaka 2 akunda kwirakaza?

Iyo umwana wawe w’imyaka ibiri arakaye, ararira, agasakuza, akikurunga cyangwa akarashya imigeri, kuburyo ugeraho ukibaza uti “uyu mwana ni muzima, cyangwa? Ese hari ikibi namukoreye? Ese bizageraho bishire?” Gufasha umwana wawe w’imyaka ibiri guhindura imyifatire, birashoboka. Reka tubanze dusuzume igishobora kubitera. Umwana muto ntamenya kwifata ngo ategeke ibyiyumvo bye. Ibyo ubwabyo bishobora gutuma yirakaza rimwe na rimwe. […]

Continue Reading

Iburasirazuba: NCDA yatanze umukoro ku Turere tugifite abana benshi bagwingiye

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana, (NCDA) cyasabye abayobozi mu Turere tw’Intara y’Iburasirazuba, kurushaho kwegera abaturage bagafatanya kurwanya igwingira hitabwa ku gukurikirana abagore batwite no kwigerera mu Ngo zifite abana bagaragayeho imirire mibi hagamijwe kumenya ibibazo zifite. Umuyobozi mukuru w’icyo Kigo, Ingabire Assumpta yabigarutseho mu nama y’Intara y’Iburasirazuba yo ku wa 4 Gashyantare 2026 […]

Continue Reading

U Rwanda rwashimiwe kwita ku burenganzira bw’abana

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana UNICEF, ryashimiye u Rwanda ku kazi gakomeye rwakoze ku burenganzira bw’abana mu nzego z’ubutabera zarwo. Byagarutsweho mu mpera z’ukwezi gushize, mu nama y’iminsi ibiri yahuje inzego zifite aho zihurira no kurengera uburenganzira bw’umwana mu Rwanda. Umuyobozi Mukuru wungirije wa UNICEF mu Rwanda, Mutanga Dominique, yavuze ko bashimira leta y’u […]

Continue Reading

Gukura asomerwa inkuru byamugejeje ku nzozi zo kwandika igitabo

Umwanditsi w’ibitabo, Uwamahoro Rosine, yasabye ababyeyi kujya basomera abana ibitabo kuko bibukamo icyizere bikabungura ubumenyi ndetse bigafasha bamwe kugera ku nzozi zabo nkuko na we yabaye umwanditsi abikesha gusomerwa inkuru ku ishuri n’iwabo mu rugo. Yabigarutseho mu muhango wo kumurika igitabo yise A Boy who Painted the Moon, kigamije kugaragaza ko umwana ufite inzozi ashobora […]

Continue Reading