Siute
Mu kiganiri Intara y’amajyaruguru iherutse kugirana n’Abanyamakuru ubwo bareberaga hamwe ibibazo biri muri iyi ntara n’uburyo byabonerwa ibisubizo umuyobozi w’Akarere ka Burera Mukamana Soline yabwiye ijamboryumwana ko iki kibazo batari bakizi ariko ko bagiye kubihagurukira abazafatwa bakoresha abana bakabihanirwa dore ko biriya ari bimwe mubigize imirimo ivunanye ikoreshwa abana. Ati:”Ikibazo cy’abana bakoreshwa ubwo bucuruzi bavuga […]
Continue Reading