Dasso yiyise umubyeyi w’umunyeshuri akajya amusabira uruhushya agiye kumusambanya none yamuteye inda aramutererana

Mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Nyarubaka, hari Dasso wiyitaga umubyeyi w’umunyeshuri w’umukobwa wigaga ku Ishuri ry’Indangabarezi ryo mu Ruhango, akajya amusabira uruhushya rwa buri kwezi agiye kumusambanya, Ishuri rikamumuha kugeza ubwo amuteye inda Ikigo kikamwirukana none yabuze ubutabera. Yiga mu wa Gatatu w’amashuri yisumbuye muri G.S Kagarama mu Murenge wa Nyarubaka mu Karere […]

Continue Reading

RIB yafunze umugabo ufite PhD. ukekwaho gusambanya abana

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwafunze, umwarimu wa kaminuza, ukekwaho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa abashukishije amafaranga. Nk’uko bikubiye mu itangazo Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwanyujije ku rukuta rwa X mu ijoro ryo ku wa 19 Mutarama 2026, yatangaje ko iperereza ry’ibanze rigaragaza ko mu bihe bitandukanye uyu mwarimu yagiye asambanya abana b’abakobwa batandukanye […]

Continue Reading

Kiliziya yasohoye itangazo ku mabonekerwa aherutse kuvugwa ku bana biga muri G.S Rwinzovu

Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatolika, Paruwasi ya Busogo bwasabye Abakristu kwitwararika iby’amabonekerwa aherutse kuvugwa ku bana babiri biga muri G.S Rwinzovu, bagategereza ibizatangazwa nyuma y’ubushishozi bwa Kiliziya nk’Umubyeyi urereberera Abakristu bayo. Paruwasi Busogo, niyo ihereryemo iryo shuri ryavuzwemo amabonekerwa. Inkuru y’ayo mabonekerwa ivuga ko yatangiye ku mugoroba wo ku wa 16 Mutarama 2026, ubwo abana babiri […]

Continue Reading

Kamonyi: Abana bibana barimo uw’imyaka 3 basohowe mu Nzu

Abana batanu barimo u’wimyaka 3 basohowe mu mitungo yabo igizwe n’inzu babagamo n’izo bakodeshaga, zikavamo ibibatunga n’amafaranga yabafashaga mu bindi byangombwa nkenerwa birimo kwishyura amashuri na mituweri. Bavuga ko bagiriwe akarengane bashingira kuba urubanza rw’iyo mitungo rwararangijwe huti huti n’Abunzi, kandi harimo urundi rwo gutambamira iyo mitungo irengeje Miliyoni 3 Frw, ubusanzwe Abunzi batemerewe kuburanisha […]

Continue Reading

Kayonza:Bategereje ibisubizo ku rugo mbonezamikurire y’abana bato rwatwaye miliyoni 88

Abatuye mu Kagari ka Kageyo, Umurenge wa Mwiri mu Karere ka Kayonza bagaragaza ko bategereje ibisubizo byinshi mu Rugo Mbonezamikurire y’Abana Bato (ECD) barimo kubakirwa, aho biteze ko ruzabafasha mu mikurire y’abana babo mu bwenge no mu mpagarike. Abo baturage bashimira Leta y’u Rwanda yashyizeho gahunda ya ECDs zigira uruhare runini mu guhangana n’igwingira, kwimakaza […]

Continue Reading

NCDA yibukije ko uburere buboneye butangira umwana agisamwa abagabo basabwa kubigiramo uruhare

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana, NCDA cyibukije ababyeyi ko uburere buboneye butangira guhabwa umwana agisamwa, gisaba ko hakwimakazwa ubufatanye bw’umugore n’umugabo kugeza umwana abaye umuntu mukuru. Ni ubutumwa umuyobozi wa NCDA, Ingabire Assumpta yagarutseho mu birori byo kwizihiza umunsi w’umwana w’Umunyafurika wizihirijwe mu Karere ka Rusizi kuri uyu wa Gatandatu taliki 14 Kamena […]

Continue Reading

Abangavu Bakina Mu Ikipe Y’Igihugu Batangiye Umwiherero Wo Guhangana Na NigeriaIkipe y’igihugu y’u Rwanda y’abangavu y’umupira w’amaguru yatangiye umwiherero wa mbere muri itatu izakora mbere yo kuzakina na bagenzi babo bo muri Nigeria.Abo bakobwa bafite munsi y’imyaka 20 y’amavuko.Mu minsi itatu ishize, ni bwo umutoza mukuru w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru [She-Amavubi], Cassa Mbungo […]

Continue Reading

MINEDUC yatangaje igihe amanota y’ibizamini bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange azatangarizwa

Minisiteri y’Uburezi, MINEDUC, yatangaje ko amanota y’ibizamini bisoza amashuri abanza n’ay’icyiciro rusange azatangazwa ku wa 19 Kanama 2025 Saa Cyenda z’amanywa. Mu itangazo yashyize ku mbuga nkoranyambaga zayo, MINEDUC yanavuze ko umwaka w’amashuri wa 2025/2026 uzatangira ku wa 08 Nzeri 2025. Abanyeshuri basaga ibihumbi 220 ni bo bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza, hirya no hino […]

Continue Reading