Abarenga 99% batwita bafite VIH bacutsa abana batabanduje
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abagore batwita bafite Virusi Itera Sida bitabwaho uko bikwiye bigatanga umusaruro wuko abarenga 99% bacutsa abana babo batanduye. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Mbere tariki ya 1 Ukuboza, ubwo hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kurwanya Sida. Imibare ya RBC yerekana ko kuva mu 2015, ababyeyi banduza abana bagiye bagabanyuka […]
Continue Reading