Rutsiro: Umusore arimo gushakishwa akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 14

Umusore w’imyaka 20 wo mu Karere ka Rutsiro arimo gushakishwa akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 14 amubeshya kuzamugira umugore. Ibi byabereye mu Murenge wa Mukura, Akagari ka Mwendo ho mu Mudugudu wa Nyarubande, kuri uyu wa 10 Ukuboza 2025, ku isaha zishyira saa 11h00’. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mukura, Ndayambaje Emmanuel yahamije aya makuru. Ati “Umwana […]

Continue Reading

Sudan: Ingabo za leta zirashinjwa kurasa ku mashuri

Iperereza ku bitero byo mu kirere mu ntambara yo muri Sudani ryerekanye ko ingabo z’iki gihugu zirwanira mu kirere zarashe ibisasu byishe abasivile bagera ku 1,700 mu bice bituwemo n’abaturage, ku masoko, amashuri ndetse n’inkambi zicumbitsemo abakuwe mu byabo. Ikigo cyakoze ubushakashatsi kuri Sudani (Sudan Witness) kivuga ko cyakusanije amakuru ahagije ku bitero byo mu […]

Continue Reading

Rubavu: Abana basaga 50 bajyanwa kenshi muri ‘Transit Center’ bari kwitabwaho byihariye

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatangaje ko bwahaye umwihariko ikibazo cy’abana 51 bataye ishuri ndetse bagaruka kenshi mu kigo cy’inzererezi kinyurwamo by’igihe gito ‘Transit Center’, mbere yo gusubizwa mu buzima busanzwe, harimo n’umaze kujyanwamo ishuro zirindwi. Ibi ni bimwe mu byagarutsweho ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bw’iminsi 16 bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, kuwa kabiri, tariki 25 […]

Continue Reading

Ababyeyi birukanye umwangavu wabyariye iwabo nyuma yo kumvikana n’uwamuteye inda akabatenguha

Ababyeyi bo mu Karere ka Gatsibo, Umurenge wa Kiziguro, Akagali k’Agakomeye, Umudugudu wa Butatu birukanye umwana wabo w’umukowa w’imyaka 17 ufite uruhinja rw’amezi 3 nyuma yo gusambanywa agaterwa Inda uwayimuteye ntiyubahirize ibyo yari yemeye. Ubu abayeho nabi we n’umwana we. Se umubyara avuga ko yamwirukanye kubera ko adashobora gutunga abagore babiri. Mu buhamya yahaye ijamboryumwana, […]

Continue Reading

Ikiguzi cyo kurera gikomeje guhatira imiryango kutarenza umwana umwe, Ibihugu byatangiye gufata ingamba

Ikiguzi cyo kurera kidahwema kwiyongera n’ikibazo cy’ubukungu mu miryango imwe n’imwe, bikomeje gutera imiryango myinshi guhitamo kubyara umwana umwe abandi bagatinya gushinga Ingo. Hari n’ababyara umwe kubera kubura umwanya wo gutwita kandi batariyumva mu ikoranabuhanga. Mu bihugu byinshi mbere yo kubyara batekereza ibijyanye no kurera bigezweho. Ni ukuvuga kuzajya ujyana umwana wawe gutembera, kumufasha mu […]

Continue Reading

Gasabo: Umwana w’imyaka 12 ari kwinjira mu buzima bwo mu muhanda abamukikije barebera

Mu Mudugudu wa Kamahoro Akagali ka Rudashya mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo, hari umwana w’imyaka 12 uri kwinjira mu buzima bwo mu muhanda kandi afite ababyeyi n’abandi bamukikije bagombye kumurengera. Mu 2013 nibwo uwo mwana w’umuhungu yatereranywe n’abamubyaye akiri uruhinja rutaragira ukwezi. Byabaye inshuro ebyiri. Ubwa mbere nyina umubyara yamujugunye hafi y’aho […]

Continue Reading

Kicukiro: Abiga muri Don Bosco baganirijwe ku kwirinda ihohoterwa rishingiye ku gitsina

Abanyeshuri biga mu Kigo cyigisha imyuga n’ubumenyingiro, Don Bosco Gatenga TSS, mu Karere ka Kicukiro, baganirijwe ku kwirinda ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’icuruzwa ry’abantu ndetse hamwe n’abayobozi muri iryo shuri bishimira ibimaze kugerwaho mu kwimakaza ihame ry’uburinganire mu burezi harimo kuba umubare w’abakobwa wariyongereye. Ni ibiganiro bahawe kuva ku wa 27 Ukuboza 2025 bijyanye n’minsi […]

Continue Reading

Kopi y’igitabo cy’inkuru ya Superman yagurishijwe miliyoni $9.12

Kopi y’umwimerere y’Igitabo cy’inkuru ishushanyije ya Superman yakunzwe cyane n’abana, yaciye agahigo ko kugurishwa akayabo ka miliyoni 9.12 z’amadorali ya America, asaga miliyari 13.2 mu mafaranga y’u Rwanda. Ni kopi ya mbere ya Superman yasohotse yitwa ‘Superman #1’ mu 1939 abavandimwe batatu baherutse kuvumbura mu nzu y’umubyeyi wabo ubwo bayikoragamo isuku amaze kwitaba Imana. Niyo […]

Continue Reading

Uheje umwana ufite ubumuga umuryango ntiwatera imbere mu buryo bwuzuye-NCPD

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Inama y’Igihugu y’Abafite ubumuga (NCPD), Emmanuel Ndayisaba yasabye abagize umuryango gutegura ahazaza h’abana bafite ubumuga kimwe n’abandi kuko bizatuma umuryango utera imbere kandi na bo bakazibeshaho, batabaye umutwaro ku muryango n’igihugu. Yabigarutseho kuri uyu wa 3 Ukuboza 2025 mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga wizihirijwe mu Karere ka Nyabihu, Umurenge wa Mukamira. Ni […]

Continue Reading

Nyamasheke: Umusore arakekwaho gusambanya mwishywa we w’imyaka itanu

Umusore w’imyaka 40 wo mu Karere ka Nyamasheke yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana wa mushiki we, nyuma y’aho asanganywe n’uwo mwana mu cyumba yamukuyemo imyenda. Byabereye mu Mudugudu wa Rujeberi, Akagari ka Higiro, Umurenge wa Karengera ku wa 3 Ukuboza 2025. Saa Kumi z’Umugoroba ni bwo nyina w’umwana yatashye avuye mu kazi asanga musaza […]

Continue Reading