Gicumbi: Igisasu cyishe abana batatu bo mu muryango umwe

Abana batatu b’abahungu barimo uw’imyaka 16 uwa 13 n’uw’imyaka Itanu y’amavuko bo mu Murenge wa Cyumba ho mu Karere ka Gicumbi baturikanywe n’igisasu bose bahita bapfa. Ibi byabaye Mugitondo cyo kuri uyu wa kabiri, tariki 16 Ugushyingo 2025 ahagana saa tatu, ubwo abo bana batatu b’abahungu bava inda imwe bajyaga gutashya mu ishyamba. Amakuru avuga […]

Continue Reading

Musanze: Impanuka y’imodoka ya Polisi yahitanye ubuzima bw’umwana

Impanuka y’imodoka ya Polisi yabereye mu Murenge wa Gataraga ho mu Karere ka Musanze ahagana mu ma saa tanu yo kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2025 yahitanye umwana w’umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 8 wavaga ku Ishuri. Iyi Mpanuka y’imodoka ya Polisi yabereye muri Centre ya Gataraga ku muhanda munini wa kaburimbo uva i Musanze […]

Continue Reading

Batangiye ari bato basoza bakerewe-ubuhamya bw’abadindijwe n’akato gahabwa abanduye VIH mu mashuri

Abana b’abanyeshuri bafite Virusi itera SIDA, bagaragaza ko bakomeje guhabwa akato kuburyo bibaviramo guta ishuri, naho abafite amikoro bakagenda bahindura Ibigo bigaho igihe bimenyekanye ko banduye, kugeza igihe barangirije. Ubushakashatsi bwakozwe n’Urugaga rw’Abafite Virusi itera SIDA mu Rwanda (RRP+) bugaragaza ko mu myaka ibiri ishize abarenga 28% mu bana bari mu mashuri abanza n’ayisumbuye banduye […]

Continue Reading

Gatsibo: Amayobera ku rupfu rw’umwana bikekwa ko yishwe na nyina

Mu Mudugudu wa Nyarubuye, mu Kagali ka Busetsa mu Murenge wa Kageyo ho mu Karere ka Gatsibo, hasanzwe umurambo w’umwana uri mu Kigero cy’umwana umwe n’igice bikekwa ko yishwe n’umubyeyi we bivugwa ko yari ndaya muri ako gace. Mu buhamya bwatanzwe n’umwe mu baturanyi b’aho uwo mubyeyi yari acumbitse, yavuze ko iruhande rw’umurambo w’umwana hari […]

Continue Reading

MINEDUC yashimiye abarimu inakomoza ku myitwarire idahwitse ya bamwe

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yavuze imyato abarimu ku kazi keza bakora ko kurera u Rwanda ariko yibutsa ko bagomba kurangwa n’imikorere ya Kinyamwuga, no kwerekana indangagaciro zikwiriye mu muryango Nyarwanda, icyo bakora cyose bagashyira umwana ku isonga. Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yabigarutseho mu birori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wa Mwalimu, ku rwego rw’Igihugu, wizihirijwe mu Karere ka […]

Continue Reading

Hatowe itegeko ribuza abakobwa bari munsi y’imyaka 14 kwitandira

Inteko Ishinga Amategeko ya Autriche yatoye ku bwiganze burunduye bw’amajwi, itegeko ribuza abana b’abakobwa bo muri Islam bari munsi y’imyaka 14, kwambara ibitambaro mu mutwe (kwitandira), ibintu abaharanira uburenganzira bwa muntu bavuze ko birimo ivangura ndetse bishobora gucamo abaturage ibice. Leta ya Autriche yagaragaje ko kubuza abana b’abakobwa kwitandira, ari “ukubarinda ikandamizwa.” Mu 2019 iki […]

Continue Reading

Abandi Banyarwanda biganjemo abana ku kigero cya 69.4% batahutse bava muri RDC

U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 337 bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC), biganjemo abana ku kigero cya 69.4%. Muri 337 batashye, abana banganaga na 234 bangana na 69.4%, Abagabo 22 bangana na 6.5% mu gihe Abagore bari 81 bangana na 24.1%. Batashye ku uyu wa 11 […]

Continue Reading

Rutsiro: Umwana w’imyaka 15 arakekwaho gusambanya bagenzi be babiri

Umwana uri mu kigero cy’imyaka 15 ubarizwa mu Murenge wa Gihango mu Karere ka Rutsiro, arakekwaho gusambanya abana Babiri b’abakobwa umwe ufite imyaka 7 n’undi w’Itatu. Ibi byabaye kuwa mbere taliki 08 ugushyingo 2025 aho muri aba bana basambanyijwe umwe yiga mu mashuri y’incuke undi akiga mu wa mbere w’sbanza naho uwo bikekwa ko yabasambanyije […]

Continue Reading

Abana bagize ‘Ghetto Kids’ bakomeje kwigarurira imitima ya benshi (Amafoto)

Kuva ku kubyina indirimbo ya Eddy Kenzo bikinira mu 2014, kubyina mu gutangiza imikino y’igikombe cy’Isi mu 2022, kujya i Paris no muri Britain’s Got Talent mu 2023 abana bo mu itsinda rya ‘Ghetto Kids’ ryo muri Uganda bakomeje kwigarurira imitima ya benshi. Kumara umwanya munini abantu bareba video zabo nibyo bibahesha gutungwa n’imbugankoranyambaga zirimo […]

Continue Reading

Abana bashyiriweho urubuga rwo kugaragaza impano mu biruhuko

Abana bari munsi y’imyaka 18 bagiye kongera guhurira mu Irushanwa ryo kugaragaza impano zitandukanye bifitemo, binyuze mu kiganiro “Uburenganzira bw’umwana” cya Televiziyo Isango Star. Iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 8 riteganyijwe muri iki gihe cy’ibiruhuko abiga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bitegura kwinjiramo. Biteganyijwe ko rikazaba ku mataliki ya 20 na 27 Ukuboza 2025 […]

Continue Reading