Sherrie Silver yakusanyije arenga miliyoni 14 Frw azafasha abana barererwa mu muryango yashinze

Umubyinnyi Sherrie Silver uri mu bakobwa bamaze kubaka izina mu myidagaduro mu Rwanda no mu mahanga, yakusanyije arenga miliyoni 14 Frw azifashishwa mu bikorwa by’uburezi, ubuzima n’imibereho myiza y’abana barererwa mu muryango yashinzwe witwa Sherrie Silver Foundation. Ni amafaranga yakusanyijwe binyuze muri cyamunara yakorewe mu birori bya ‘The Silver Gala’ byateguwe na Sherrie Silver, byabereye […]

Continue Reading

Nyakariro: Umurambo w’umugore n’uw’umwana w’umwaka umwe yasanzwe mu murima

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyakariro uherereye mu Karere ka Rwamagana bwatangaje ko hakiri urujijo ku murambo w’umugore uri mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 25 na 30 ndetse n’uw’umwana uri mu kigero cy’umwaka umwe, yasanzwe mu murima. Yabonywe n’umuturage wari uri guhinga mu Mudugudu wa Rusheshe mu Kagari ka Bihembe mu Murenge wa Nyakariro. Umunyamabanga Nshingwabikorwa […]

Continue Reading

Kigali: Abana basabye gushyigikirwa mu mishinga n’ibikorwa byo kurengera ibidukikije

Abana bahagarariye abandi mu Mujyi wa Kigali bitabiriye ibiganiro n’inama mpuzamahanga zigamije guhangana n’imihindagurikire y’ibihe, basabye inzego za Leta n’abikorera kubashyigikira mu ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga n’ibikorwa bakora bigamije kurengera ibidukikije. Ni abana bitabiriye inama Nyafurika ku mihindagurikire y’ibihe yabereye muri Ethiopia muri Nzeri 2025 yibanze ku gukorera abana ubuvugizi ku bibazo baterwa n’imihindagurikire y’Ikirere […]

Continue Reading

Ibyaha byo gusambanya abana byasumbye kure ibyo gukubita no gukomeretsa mu byakirwa n’Urugereko rwa Musanze

Urugereko rw’urukiko rukuru rwa Musanze rwatangaje ko ibyaha byo gusambanya abana aribyo byiganje mu manza z’inshinjabyaha rwakiriye nyuma y’ibiyobyabwenge biza ku mwanya wa Mbere. Ibi byagaragarijwe mu biganiro Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla yagiranye n’abacamanza, abanditsi b’inkiko n’abandi bakozi bakorera muri urwo Rugereko, byari bigamije kurebera hamwe uko hatangwa ubutabera bunoze kandi bwihuse hagamijwe kugabanya […]

Continue Reading