Rubavu: Ubushinjacyaha bwasobanuye uko umwana w’imyaka 16 yishe umugore wa 53

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bwasobanuye ko umwana w’umuhungu w’imyaka 16 ukekwaho kwica umugore w’imyaka 53 yakoresheje igiti (urwego) yari akuye mu gitoki cya nyakwigendera agiye kugikubita bagenzi be barwanaga. Mu minsi ishize twabagejejeho inkuru y’itabwa muri yombi ry’umwana wo mu Mudugudu wa Kabingo, Akagari ka Musabike, Umurenge wa Kanama, mu Karere ka Rubavu, akekwaho […]

Continue Reading

Igihe nyacyo cyo guha umwana smartphone n’ibyo akwiye kuba ayikoresha

Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana, yakebuye ababyeyi bashobora kwibwira ko kureresha abana telefoni ntacyo bitwaye, yerekana ikigero cy’imyaka umwana yemerewe guhabwa smartphone n’ibyo akwiye kuba areba. Bikubiye mu butumwa yanyujije kuri X bugira buti: ’’Ni ingenzi cyane ko ababyeyi bamenya igihe umwana yakabaye akoresha telefoni n’aho kuyikoresha bigarukira bitewe, n’ikigero cy’imyaka afite.” Yagaragaje ko umwana […]

Continue Reading

Umwana w’imyaka 14 yajyanye ababyeyi be mu nkiko

Umwana w’imyaka 14 wo mu Bwongereza yatanze ikirego mu rukiko avuga ko ababyeyi be bamujyanye kwiga muri Ghana atahashaka, kandi bakamutwara batabimubwiye kuko bamubeshye ko bamujyanye gusura umuntu wo mu muryango wabo urwariyeyo. Muri Gashyantare 2025, nibwo yifashishije abunganizi mu mategeko, maze atanga ikirego mu rukiko rwo mu Bwongereza arega ababyeyi be. Inyandiko z’urukiko zigaragaza […]

Continue Reading

Musanze: Umwana w’imyaka 9 yasambanyijwe n’abamusanze ku Ishuri

Umwana w’imyaka 9 wo Mu Murenge wa Nyange mu Karere ka Musanze, yafashwe ku ngufu n’abantu bataramenyekana bamusanze ku ishuri, bakamushukisha umugati bakamujyana kumusambanya. Ibi byabaye ku wa Gatanu taliki ya 31 Ukwakira 2025. Amakuru avuga ko abagabo bataramenyekana basanze uwo mwana ku ishuri bakamushukisha umugati bikarangira bamusambanyije ndetse bakamwangiza cyane. Kuri ubu arembeye mu […]

Continue Reading

Muhanga: Umugabo yemeye ko yasambanyije umwana we w’imyaka 6

Umugabo w’imyaka 26 y’amavuko utuye mu Mudugudu wa Birembo, mu Kagari ka Mukinga, Umurenge wa Nyamiyaga, mu Karere ka Kamonyi arakekwaho gusambanya umwana we w’umukobwa w’imyaka 6.  Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga buri gukurikirana uyu Mugabo, bwavuze ko mu bihe bitandukanye yagiye asambanya umwana we yibyariye w’imyaka itandatu y’amavuko, nyuma y’uko nyina yahukanye akamumusigira.  Icyaha akurikiranyweho […]

Continue Reading

Musanze: Umugore yarumye umugabo we igitsina aramukomeretsa bikomeye

Umugore wo mu Kagali ka Ruhengeri Umurenge wa Muhoza ho mu Karere ka Musanze, yakomerekeje umugabo we igitsina amurumye n’amenyo, amuziza kumukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato. Aba bombi bamaranye imyaka 15 babana mu buryo bwemewe n’amategeko ndetse babyaranye Gatatu. Ijamboryumwana.rw ryasuye uyu muryango. Babwiye Umunyamakuru ko ku Cyumweru taliki 2 Ugushyingo 2025 ubwo umugabo yasabaga […]

Continue Reading

Perezida wa FERWAFA yasuye Ikipe y’Igihugu ya U17 iri kwitegura CECAFA

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice, ari kumwe n’abandi bayobozi basuye ikipe y’Igihugu y’abahungu batarengeje imyaka 17 yitegura kujya mu mikino ya CECAFA izabera muri Éthiopie, abasaba kuzahagararira Igihugu neza. Izi ngimbi zikomeje imyitozo, aho zitoreza ku kibuga cyunganira Stade Amahoro no kuri Kigali Pelé Stadium i Nyamirambo. Mu rwego rwo […]

Continue Reading

Rwamagana: Icumbi ry’abanyeshuri ryahiye rirakongoka

Icumbi ry’Ikigo cy’ishuri cya IWE (Institute Women for Excellence) giherereye mu Mudugudu wa Bigabiro mu Kagari ka Cyanya mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana ryahiye rirakongoka ritikiriramo ibikoresho by’abanyeshuri 150 biga muri icyo Kigo. Iyi mpanuka y’inkongi y’umuriro yabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Ugushyingo 2025 ahagana saa Yine za mugitondo. […]

Continue Reading

Kicukiro: Basabwe guharanira ko abana bafite ubumuga bitabira Ingo Mbonezamikurire

Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Kicukiro mu iterambere rya gahunda y’Imbonezamikurire y’abana bato, bahuguwe ku ruhare rwabo mu guharanira ko abana bafite ubumuga bitabira Ingo Mbonezamikurire nk’abatabufite. Ni amahugurwa yateguwe na Reach The Children Rwanda yitabirwa n’abayobozi b’Ingo mbonezamikurire (ECDs) ndetse n’Abashinzwe Uburezi mu Mirenge igize ako Karere. Yari agamije kubongerera ubumenyi ku ruhare rwabo mu gufasha […]

Continue Reading

Barack Obama yatabarije abana bashobora kutabona icyo bashyira mu nda mu minsi mikuru

Barack Obama wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye abari ku butegetsi kudahagarika inkunga igenerwa ab’amikoro make kuko byatuma umwana umwe muri batanu abura ibyo kurya bifite intungamubiri ndestse Abanyamerika barenga miliyoni 47 muri rusange bagasoza umwaka ntacyo kurya bafite. Ukwezi kurashize Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri mu cyitwa “Government Shutdown”. Muri Politiki […]

Continue Reading