Papa Léon XIV yasabye ko abarimu n’abanyeshuri barenga 300 bashimuswe muri Nigeria barekurwa

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léon XIV yasabye inzego z’ubuyobozi gushyira imbaraga mu byatuma abantu 315 biganjemo abanyeshuri bashimuswe n’imitwe yitwaje intwaro muri Nigeria barekurwa. Yabigarutseho mu gitambo cya Misa yaturiye ku mbuga ya Mutagatifu Petero i Vatican ku wa 23 Ugishyingo 2025. Yagize ati “Nababajwe cyane no kumva inkuru y’ishimutwa ry’abapadiri, abakirisitu […]

Continue Reading

Kicukiro: Hagaragaye umurambo w’umwana bikekwa ko yishwe n’amazi y’imvura

Ahitwa mu Cyumbati mu Murenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro hagaragaye umurambo w’umwana w’imyaka itandatu y’amavuko watwawe n’amazi y’imvura. Uyu murambo w’uyu mwana wagaragaye ahagana saa ine z’amanywa yo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Ugushyingo 2025. Birakekwa ko yishwe n’amazi y’imvura yaguye ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 20 Ugushyingo […]

Continue Reading

Nyagatare: Ab’inararibonye muri Ruhago baganirije abangavu bari mu Marerero y’umupira w’amaguru

Ab’inararibonye mu mupira w’amaguru barimo Nikita Gicanda uyobora Komisiyo Ishinzwe Iterambere rya Ruhago muri FERWAFA, Nibagwire Sifa Gloria wakiniye Amavubi y’Abagore na Umutoni Géraldine na we wakinnye mu Mavubi ubu akaba ari umutoza wabigize umwuga, basuye ndetse baganiriza abangavu bari munsi y’imyaka 15 bo mu Marerero 4 y’umupira w’amaguru mu Ntara y’Iburasirazuba. Abana b’abakobwa bo […]

Continue Reading

Musanze: Umwana w’imyaka 12 yasanzwe mu Cyumba araramo yapfuye bikekwa ko yiyahuye

Ishimwe Kevin w’imyaka 12 y’amavuko wabanaga n’ababyeyi be Shoferi Benjamin na Nyirambonigaba Clementine mu Kagali ka Bukinanyana, Umurenge wa Cyuve, Akarere ka Musanze, yasanzwe mu cyumba yararagamo aziritse Supernet mu Ijosi bikekwa ko yiyahuye. Iyi nkuru yamenyekanye kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 22 Ugushyingo 2025 mu masaha ya Mugitondo. Uyu mwana yari yaramukiye mu […]

Continue Reading

Gisagara: Abana babiri baguye mu mpanuka ya HOWO yagonze inzu babagamo

Abana babiri b’abakobwa barimo uw’imyaka 11 n’undi w’imyaka 6 muri bane bavukana bapfuye bazize impanuka y’imodoka (HOWO) yagonze inzu babagamo. Iyi mpanuka yabereye mu Mudugudu wa Gasagara Akagali ka Gasagara mu Murenge wa Gikonko, Akarere ka Gisagara, mu rukerera rwo ku kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2025. UMUSEKE wanditse ko abari aho iyo mpanuka yabereye, […]

Continue Reading

Nigeria: Abanyeshuri bagera ku 100 bashimuswe

Abanyeshuri bivugwa ko bagera ku 100 biga mu kigo cya Kiliziya Gatolika giherereye mu Ntara ya Niger muri Nigeria bongeye gushimutwa n’imitwe y’abagizi ba nabi. Bashimuswe ku wa 21 Ugushyingo 2025, nyuma y’uko ubuyobozi bwo muri iki gihugu bufashe umwanzuro wo gufunga amashuri kubera ikibazo cy’umutekano muke gikunze kugaragara muri aka gace. Ubuyobozi ntabwo buratangaza […]

Continue Reading

Kigali: Imibereho ikakaye y’abana bo mu muhanda muri ibi bihe by’imvura

Iyo utembereye mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali, ugenda uhura n’abana bo mu muhanda baba baraturutse mu bice bitandukanye by’Igihugu baje gushakisha imibereho mu Mujyi wa Kigali. Iyo muganiriye bakubwira impamvu zitandukanye zatumye bajya muri ubwo buzima ziganjemo amakimbirane yo mu muryango no kubura uburere buboneye mu mikurire yabo. Bakubwira ko muri bo hari abarara […]

Continue Reading

Nestlé yashinjwe kohereza muri Afurika ’Cerelac’ zongewemo isukari nyinshi

Imiryango yita ku burenganzira bw’abana irashinja ikigo cyo mu Busuwisi, Nestlé, gikomeye mu bucuruzi bw’ibiribwa, kunyuranya n’amabwiriza mpuzamahanga agenga imirire, kigurisha ibiryo by’abana birimo isukari nyinshi ku masoko ya Afurika. Muri raporo yasohowe n’Umuryango ‘Public Eye’, ku wa 18 Ugushyingo 2025, igaragaza ibipimo byafashwe ku bicuruzwa bya ‘Cerelac’. Ivuga ko hejuru ya 90% by’ibipimo byafashwe […]

Continue Reading

Nyarugenge: Imodoka itwara abanyeshuri yakoze impanuka

Ahagana saa Moya z’igitondo kuri uyu wa Kane imodoka yo mu bwoko bwa coaster ifite plaque RAB478Q yakoze impanuka ikomeye ubwo yari ijyanye abana ku ishuri rya Heritage School riherereye Karembure. Iyi mpanuka yabereye mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Mageragere yatewe no gucika kwa feri ubwo yaririmo gukata ikorosi igonga igipangu cy’umuturage irangirika […]

Continue Reading

Abana barenga 50 amaze kubyara bafite ibyago byo kurwara Kanseri

Mu Bubiligi ubwo Ibiro by’umugenzuzi mukuru byagenzuraga imikorere y’urwego rushinzwe imiti na serivisi z’ubuzima (FAMHP) byasanze binyuze muri serivisi yo gutanga intanga hari umugabo umwe wabyaye abana 53 ku bagore 39. Itegeko rigenga imitangire y’iyi serivisi mu Bubiligi rigena ko nibura umugabo umwe aha intanga abagore batandatu gusa. Uretse kuba iri tegeko ryarishwe, basanze uyu […]

Continue Reading