Ababyeyi 38% nibo bonyine batanga uburere budahutaza mu Rwanda-NCDA
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA) cyatangaje ko ababyeyi bafite abana bari munsi y’imyaka Itandatu bangana na 38% aribo bonyine batanga uburere buboneye budahutaza abana babo mu Rwanda. Ni ukuvuga ko bita ku bana babo uko bikwiye kuva umwana agisamwa akiri mu nda bigakomeza bityo na nyuma yo kuvuka. Umuyobozi mukuru wa NCDA, […]
Continue Reading