M23 yerekanye abana barwaniraga RDC barimo uw’imyaka 15 wari ukuriye abarinda umukuru wa Brigade (Amafoto)

Ihuriro ry’imitwe irwanya akarengane gakorerwa Abanye-Congo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo AFC/M23, ryerekanye abana bato barwanaga ku ruhande rw’ingabo za Congo (FARDC) barimo n’uw’imyaka 15 wari ukuriye ingabo zirinda umukuru wa Brigade yabarizwagamo (Chef d’escorte du commandant de brigade). Umuvugizi wa M23 ku rwego rwa gisirikare, Lt. Col. Willy Ngoma, yagarutse ku ikoreshwa ry’abana […]

Continue Reading

Kumenyereza Abana Smartphone Ni Ukubahemukira Cyane

Hari ubushakashatsi buherutse kwemeza ko guha abana bafite imyaka 13 no munsi yayo telefoni zikoresha ikoranabuhanga bita smartphones ari ukubashyira mu kaga ko kuzadindiza imikurire y’ubwonko n’imitekerereze yabo. Abana 100,000 bo hirya no hino ku isi nibo bakoreweho ubwo bushakashatsi hagamijwe kureba uko imitekerereze yabo n’imyitwarire byagizweho ingaruka no gukoresha telefoni z’ikoranabuhanga bakiri bato. Abahanga […]

Continue Reading

Amajyepfo: Iyo umwana asibye kabiri bahamagaza umubyeyi

Ibigo by’amashuri yo mu Ntara y’Amajyepfo, byafashe gahunda yo kujya bihamagaza umubyeyi mu gihe umwana asibye inshuro ebyiri zikurikiranya nta mamvu izwi, mu rwego rwo gukumira ko abana bata ishuri. Imibare itangwa n’Intara y’Amajyepfo yerekana ko mu mwaka w’Amashuri ushize, abanyeshuri barenga 53.861 bavuye mu ishuri, ndetse kuri ubu abarenga 15.000 bamaze kurisubizwamo. Ubuyobozi bw’Iyo […]

Continue Reading

UNICEF yasohoye raporo idasanzwe ku mirire y’abana

Raporo nshya y’Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana UNICEF yerekanye ko abana n’urubyiruko bugarijwe n’ibyo kurya by’inzaduka byatunganyirijwe mu nganda birimo kubatera kugira ibiro byinshi biganisha ku ndwara y’umubyibuho ukabije. Iyi Raporo ku mirire y’abana, (UNICEF’s 2025 Child nutrition report) ivuga ko Umwana umwe muri batanu ndetse n’ingimbi n’abangavu bagera kuri miliyoni 391 ku Isi […]

Continue Reading

Batandatu bagororerwaga i Gitagata batsinze ibizamini bya Leta, babonye ubishyurira ishuri

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco (NRS) cyatangaje ko abana batandatu bagororerwaga i Gitagata batsinze neza ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza babonye ubishyurira amashuri yisumbuye. Abo bana bitwaye neza mu bizamini bya Leta bari mu barenga 400 bagororerwaga muri icyo kigo, aho bafashwa kongera kwisanga mu buzima busanzwe harimo no gusubizwa mu ishuri. Umuhuzabikorwa w’Ikigo cya […]

Continue Reading

Ibitabo Ineza Foundation yabahaye bibafasha gutsinda amarushanwa y’ibiganiro-mpaka

Ishuri ryisumbuye rya Stella Matutina riherereye mu Karere ka Rulindo ryashimiye Umuryango uteza imbere umuco wo gusoma no kwandika mu Rwanda, by’umwihariko mu mashuri no mu bakiri bato, Ineza Foundation, rigaragaza ko ibitabo wabahaye byabaye umusemburo w’iterambere ry’umuco wo gusoma mu banyeshuri baryigamo ndetse bikaba bibafasha gutsinda amarushanwa y’ibiganiro mpaka bitabira. Umwalimu uhagarariye abandi muri […]

Continue Reading

MINEDUC Yibukije Ababyeyi Gufatanya N’Abarimu Mu Burezi Bw’Abana

Ubwo yatangizaga umwaka w’amashuri wa 2025-2026, igikorwa cyabereye ku Kigo cy’Amashuri cya Groupe Scolaire Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yasabye abanyeshuri gukurikira amasomo yabo neza ngo bazabashe gutsinda amasomo, yibutsa n’ababyeyi kuzafatanya n’abarezi mu burere bw’ababo. Ababyeyi bajya bitwa ‘tereriyo’ iyo abana babo bamaze kugera ku ishuri, bakavugwaho kumva ko abana […]

Continue Reading

MIGEPROF yakebuye abatagenzura imico n’imyifatire y’abakozi bo mu Ngo zabo (Video)

Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) yasabye ababyeyi bafite abakozi babarerera abana, kujya babanza kumenya abo ari bo, kugira ngo bamenye niba bo bafite uburere mbere yo kubuha abana bagiye kurera. Minisitiri wa MIGEPROF, Uwimana Consolée yabigarutseho ku wa 4 Nzeri 2025 mu biganiro nyunguranabitekerezo ku burere buboneye. Yabukije ko nubwo hari abandi bamarana igihe n’abana […]

Continue Reading

Gisagara: Umuyobozi yafatanywe ibiryo by’abanyeshuri ayabangira ingata

Umuyobozi w’Ishuri ribanza ryo mu Murenge wa Save mu Karere ka Gisagara yahururijwe n’abaturage ari mu nzira zo kunyereza ibiribwa bigenewe abanyeshuri birimo amavuta, ibishyimbo n’akawunga ahita ayabangira ingata. Ibyo biribwa bigizwe n’ibilo 100 by’ibishyimbo, Kg 125 by’akawunga na litilo 40 z’amavuta, byafatiwe mu Mudugudu wa Rugogwe mu Kagali ka Zivu kuri uyu wa 5 […]

Continue Reading

Meya Yakebuye Abadaha Agaciro Uburezi Bw’Abana Bakabiharira Mwalimu

Meya wa Muhanga, Kayitare Jacqueline, yanenze abateshutse ku burezi bw’ababo bigatuma ireme ryabwo rugabanuka Mu mwiherero w’abakozi b’Umurenge wa Shyogwe   niho ya ivugiye, akebura abo bantu, abibutsa ko abana atari aba mwalimu gusa. Kayitare avuga ko kutita ku burezi bw’abana bikozwe n’ababyeyi biri mu byatubije amanota abana babonye mu mwaka w’amashuri wa 2025. Mu gusubiramo […]

Continue Reading