Ikibazo si umubare w’impinduka-Minisitiri Nsengimana asubiza abibaza ku mpinduka zikunze kuba mu Burezi
Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph , yavuze ko impinduka zikunze kubaho mu Burezi zikorwa kugira ngo bujyanishwe n’igihe, bityo ko abantu bakwiye kujya bareba ikigamijwe kurusha kwibaza ku bwinshi bwazo. Yabigarutseho mu Kiganiro Urubuga rw’Itangazamakuru cyo ku Cyumweru taliki 20 Nyakanga 2025 cyibanze ku mavugurura aherutse gutangazwa na Minisiteri y’Uburezi. Ubwo umunyamakuru yamubazaga ku mpinduka za […]
Continue Reading