Abana 235 Bo Mu Bushinwa Baherutse Kurogwa

Iperereza ryakozwe n’inzego z’ubuzima n’iz’umutekano mu Bushinwa zagaragaje ko mu mezi make ashize hari abantu bakoranye mu kuroga abana binyuze mu biryo. Abana babarirwa mu magana baherutse kugubwa nabi cyane ubwo bari batashye bavuye ku ishuri riri mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bw’Ubushinwa. Aho bimenyekaniye, byarasakuje, abaturage basaba Leta ko hatangizwa iperereza kuri icyo kintu. Abo […]

Continue Reading

Ababyeyi Bo Mu Bushinwa Bazajya Bahembwa Na Leta Nibabyara

Leta y’Ubushinwa yatangaje ko ababyeyi bagiye kujya bahabwa 3,600 yuan (ni $ 500 cyangwa arenga Frw 700,000) ku mwaka kuri buri mwana uri munsi y’imyaka itatu. Ni muri gahunda nshya ya Leta yo gushishikariza abantu kubyara. N’ubwo hashize imyaka 10 Leta ikuyeho itegeko ryo kubyara umwana umwe, umubare w’abato uracyari muto. Ayo mafaranga azafasha imiryango […]

Continue Reading

Rubavu Irashaka Kuzamura Impano Z’Abangavu

Ubuyobozi bwa Rubavu busaba abana b’abakobwa kumenya akamaro imikino ikinanywe ubuhanga no kwitaga igirira abayikina bityo bakabishyiramo imbaraga. Mu mpera z’Icyumweru gishize ubwo habaga umuganda nibwo abana 94 b’abakobwa bahuriye kuri Stade Umuganda iri muri aka Karere babwirwa ibyiza bya siporo ikoranywe ubushake. Hari mu bukangurambaga bwiswe  â€˜FIFA Women’s Football Compaign’, busanzwe buterwa  inkunga na […]

Continue Reading

Hari abahamagarwa mu ikipe y’igihugu n’abatwara imidali Mpuzamahanga- Tujyane muri SGI ku Gicumbi cy’impano z’abato (Video)

Ikigo SGI Sports Academy cyishimira ko abana cyakira bashaka kuzamura impano zabo mu mikino itandukanye, barushaho gutera imbere aho bamwe bahamagarwa mu ikipe y’igihugu mu byiciro bitandukanye abandi bagatwara imidari mu marushanwa Mpuzamahanga bitabira mu izina ry’icyo Kigo. Mu mpera z’umwaka wa 2021 nibwo SGI Sports Academy yatangiye. Kugeza ubu yakira abana bato, ingimbi n’abangavu […]

Continue Reading

Umwana Yatwaye Umudali Wa Karate Muri Shampiyona Ya Afurika

Umwana w’imyaka 16 witwa Urakoze Aline yegukanye umudali w’umwanya wa kabiri( Silver) muri shampiyona ya Afurika muri Karate iri kubera muri Nigeria. Iryo rushanwa ryatangiye kuva tariki 22 kugeza ku ya 27 Nyakanga, 2025, Aline akaba akina mu ikipe y’igihugu ku nshuro ye ya mbere. Yageze kuri iyo ntsinzi kuri uyu Gatanu Tariki 26, Nyakanga, […]

Continue Reading

Kamonyi: Umugabo w’imyaka 42 arakekwaho gusambanya umwana we

Umugabo w’imyaka 42 y’amavuko wo mu Murenge wa Mugina mu Karere ka Kamonyi, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano, akekwaho gusambanya umwana we w’Umukobwa w’imyaka 9 y’amavuko. Ikinyamakuru Intyoza gikorera mu Majyepfo y’u Rwanda, cyanditse ko byabaye mu Ijoro ryo ku wa 26 Nyakanga 2025. Kumenyekana kw’ayo mahano byaturutse kuri musaza w’uyu mwana w’umukobwa wasambanijwe na […]

Continue Reading

Uburusiya Buravugwaho Kohereza Abana Ku Rugamba Muri Ukraine

Iperereza ryakozwe na BBC ryemeza ko nubwo Perezida Vladmir Putin yatangaje ko atazigera yohereza ku rugamba abantu batarengeje imyaka 18 y’amavuko, abanyeshuri 245 boherejwe yo kandi baguye mu ntambara na Ukraine. Abo bana baguye muri Ukraine mu myaka ibiri ishize ubwo intambara Uburusiya bwatangije kuri Ukraine yarimbanyaga. BBC yamenye ko benshi muri bariya bana bagiye […]

Continue Reading

Kubaha uburere ni kimwe, uko mubukoresha ni ikindi-Perezida Kagame

Perezida Kagame yasabye abari mu nshingano gukoresha neza uburere bahawe, hagamijwe ko bagera kubyo ababanjirije batagezeho, kwigira kw’Igihugu no kwirinda kuzagira uwo bategera amaboko cyangwa ubabwiriza icyo gukora. Ni ubutumwa yasorejeho ijambo ryuje impanuro yagejeje ku Banyarwanda nyuma yo kwakira indahiro za Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva n’abandi bagize Guverinoma nshya yatangajwe ku wa 24 […]

Continue Reading

Kamonyi: Ishuri riri gukosorerwaho ibizamini bya Leta ryafashwe n’inkongi y’umuriro

Inkongi y’umuriro yafashe zimwe mu nyubako z’ishuri ryisumbuye ryitiriwe Mutagatifu Marie AdĂ©laide rya Gihara, riri kwifashishwa nka site yo gukosoreraho ibizamini bya Leta byo mu mashuri yisumbuye ku bw’amahirwe ihoshwa itarangiza ibintu byinshi, ndetse itanageze ahabikwa ibizamini. Byabaye mugitondo cyo kuri uyu wa 25 Nyakanga 2025, mu Mudugudu wa Nyagatare, Akagari ka Gihara, Umurenge wa […]

Continue Reading

Minisitiri wigaruriye imitima y’abarimu yashimiye Perezida Kagame

Dr. Uwamariya Valentine wari Minisitiri w’Ibidukikije yashimiye Perezida Paul Kagame ku cyizere yamugiriye cyo gukorera Abanyarwanda mu gihe yari amaze muri Guverinoma, agaragaza ko yize byinshi bizakomeza kumubera impamba mu buzima buri imbere. Umunsi w’Umuganura wo ku wa 1 Kanama 2022 ni italiki itazibagirana ku barimu, ubwo Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yagezaga ikiganiro ku […]

Continue Reading