Ni abana beza naratira uwo ariwe wese-Ibyishimo bya Malayika Murinzi Nyabuhoro mu bana b’inkurikirane yakiriye (Video)

Mu gihe habura iminsi mike ngo u Rwanda rwizihize umunsi mukuru wa Malayika Murinzi, Ikinyamakuru Ijamboryumwana twasuye Malayika Murinzi, Nyabuhoro Regine utuye mu Mudugudu wa Kabuhunde ya Mbere, Akagali ka Kagugu Umurenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo. Inkuru mpamo ni uko atari abana gusa bungukira muri gahunda ya Malayika Murinzi ahubwo n’ababyeyi bayironkeramo ibyishimo […]

Continue Reading

Pakistan: Imodoka yari ijyanye abana ku ishuri yagabweho igitero

Imodoka yari ijyanye abana ku ishuri riherere mu Ntara ya Balochistan mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bwa Pakistan yagabweho igitero abantu batanu barimo abana batatu bahita bapfa abandi 38 barakomereka. Iyi modoka yari itwaye abanyeshuri 46 bari bagiye ku ishuri rya Army Public School ryo muri Khuzdar, Mugitondo cyo kuri uyu wa Gatatu. Ubuyobozi bw’iri shuri buvuga […]

Continue Reading

Burera: Amatungo magufi borojwe yabafashije gukura abana babo mu mirire mibi

Hari abaturage bo mu Karere ka Burera bavuga ko amatungo borojwe binyuze mu mushinga witwa PRISM, yabafashije gukura abana babo mu mirire mibi ndetse bakikura mu bukene muri rusange kuburyo bafite icyizere cyo kutazasubira inyuma. Aba baturage babwiye Ijamboryumwana ko icyabafashije kugabanya ubukene n’imirire mibi mu miryango yabo ari amatungo magufi borojwe n’uwo mushinga uterwa […]

Continue Reading

Nyanza: Abanyeshuri 16 bigaga mu wa Gatandatu birukanywe burundu

Abana bigaga mu mwaka wa Gatandatu mu ishuri rya Sainte Trinite Nyanza TSS riri mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza birukaniwe rimwe bashinjwa ubusinzi. Ubuyobozi bw’Iki kigo bwabwiye UMUSEKE ko abo banyeshuri basohokaga ikigo banyuze ahatemewe, bakajya kunywa inzoga bagasinda kandi ntibambare imyambaro y’ishuri. Abirukanywe ni abahungu 10 n’abakobwa batandatu. Jerome Mbiteziyaremye uyobora […]

Continue Reading

Nyaruguru: Bagaye uwatanze inzu ye igatwikirwamo abana n’abagore muri Jenoside.

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyaruguru bwagaye uwatanze inzu ye igatwikirwamo abana n’abagore 104, ahitwa i Mbuye mu Murenge wa Ngoma, bagashya kugeza bose bapfuye. Hari mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hazirikanwa by’umwihariko abagore n’abana bishwe muri Jenoside, igikorwa cyabaye ku wa 19 Gicurasi 2025. Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru, […]

Continue Reading

Gasabo: Abanyeshuri basobanuriwe ububi bwa ruswa n’uruhare rwabo mu kuyirwanya

Urwego rw’Umuvunyi rwasabye abanyeshuri kugira uruhare mu kurwanya ruswa kuko imunga ubukungu bw’igihugu kandi ikabangamira n’irindi terambere iryo ariryo ryose aho yimitswe. Ni ubutumwa uru rwego rwatanze Mugitondo cyo kuri uyu wa 20 Gicurasi 2025, aho rwakomereje ibiganiro byo gukumira no kurwanya ruswa mu mashuri yisumbuye mu bigo bya G.S Kagarama, G.S Gisozi II na […]

Continue Reading

Afurika y’Epfo: Hagaragajwe akaga abana bahurira nako mu birombe bya zahabu

Imirimo itemewe ikoreshwa abana ni kimwe mu bibangamiye uburenganzira bwabo hirya no hino ku Isi. Hamwe muho bikorerwa ni muri Afurika y’Epfo mu birombe bicukurwamo zahabu. Abaharanira uburenganzira bwa muntu baherutse guha ubuhamya BBC bukubiyemo ibyo biboneye biba ku bana bo muri iki gihugu bakivukiyemo cyangwa bakizanywemo ngo bakoreshwe mu bucukuzi bwa zahabu. Si ugucukura […]

Continue Reading

MIGEPROF yagaragaje kutaganira kw’abashakanye nk’intandaro yo gusenyuka kw’ingo

Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) yagaragaje ko kutaganira kwi miryango ni intandaro yo gusenyuka kwi ingo abana bikabaviramo kuba inzererezi, kuko ntiwakemura ibibazo gukemura ibibazo by’amakimbirane mu ngo, no kuvugutira umuti ibibazo byose biba bihagaragara muticaye ngo musase inzobe bityo akaba ashishikariza imiryango ibiganiro kubigira inyambere. Uyu umunsi usanzwe wizihizwa buri wa 15 Gicurasi ariko […]

Continue Reading

Amajyaruguru: Hatangajwe umubare uteye inkeke w’abataye ishuri muri uyu mwaka

Abanyeshuri babarirwa mu bihumbi 22 ni bo bamaze guta ishuri mu Ntara y’Amajyaruguru, muri uyu mwaka w’amashuri wa 2024-2025. Ni ikibazo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yagaragaje ko kugirango umubare munini gutya ute ishuri ari uko mwarimu cyangwa umuyobozi w’ikigo biba bivuze ko na bo batahaboneka uko bikwiye, ngo bakurikiranire hafi imyigire […]

Continue Reading

Israel igiye kohereza imiti n’ibiribwa muri Gaza

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yavuze ko mu Cyumweru kimwe, ibice byose bya Gaza biraba byagejejwemo ibiribwa n’imiti mu rwego rwo gutabara abarimo abana bakomeje kuzahazwa n’inzara n’indwara ariko ko bitavuze guha Hamas agahenge. Hari hashize amezi abiri n’igice nta biribwa byemerewe kwinjira muri Gaza kubera ibyemezo byafashwe na Israel mu rwego rwo gutuma […]

Continue Reading