Burera: Abarimu bazamuye ikibazo cy’abana bashorwa mu burembetsi n’abajya kwiga banyoye Kanyanga

Mu Karere ka Burera, hari ababyeyi bashora abana mu bikorwa bitemewe byo kwambutsa ibintu bitandukanye birimo n’ibiyobyabwenge babikura muri Uganda bizwi nk’Uburembetsi, kurusha kubashishikariza kugana ishuri, kuburyo abarimu babibonamo ikibazo gikomeye ku hazaza h’abana babishorwamo kuko hari n’abasigaye bajya ku ishuri banyoye Kanyanga. Ibyo ni bimwe mu byagaragarijwe mu bukangurambaga bwo kurwanya igwingira, isuku n’isukura […]

Continue Reading

DRC: Abana bahisemo gukora imirimo y’abakuru ngo bafashe Iwabo

Mu Mujyi wa Mbuji-Mayimu Ntara ya Kasaï-Oriental muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo hari abana babarirwa mu magana bazinduka bajya gushaka aho bakura ikiraka ngo bahembwe bafashe iwabo kubona ibibatunga. Abo bana babwiye Radio Okapi ko nyuma yo gutakaza icyizere cyo kuzasubira ku ishuri bahisemo kujya gushaka aho batera ikiraka ngo babone agafaranga ko kunganira […]

Continue Reading

Hari abatinya kuyitoza abato ngo batabavamo, Icyizere ku guhangana n’ingengabitekerezo ya Jenoside mu mboni za Tito Rutaremara

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu Ngishwanama rw’Inararibonye, Tito Rutaremara, yagaragaje ko hari icyizere ko bamwe mu bafite ingengabitekerezo ya Jenoside bazayipfana batayitoje abakiri bato cyane cyane abari mu mashuri kuko batinya ko babavamo. Tito Rutaremara yabigarutseho ubwo yatangaga ikiganiro kigaruka ku mateka y’u Rwanda ubwo abayobozi mu Itorero rya ADEPR, basuraga Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, […]

Continue Reading

Israel irashinjwa kwica abana n’abasivile muri Gaza

Guhera Tariki 18 Werurwe 2025 ingabo za Israel zasubukuye intambara kuri Hamas nyuma y’uko impande zombi zinaniwe kumvikana ku migendekere y’icyiciro cya kabiri cy’amasezerano y’amahoro ya Doha muri Qatar. Kuva icyo gihe itangazamakuru mpuzamahanga rivuga ko abantu 1,560 ari bo bamaze kugwa muri iyi ntambara kandi barimo abana n’ababyeyi babo. Ibitangazamakuru birimo Aljazeera na BBC […]

Continue Reading

Rusizi: Akurikiranyweho kwica uruhinja yari amaze kubyara

Umukobwa w’imyaka 27 ukomoka mu Karere ka Muhanga, yatawe muri yombi nyuma yo kubyara umwana akamuniga. Byabereye mu Mudugudu wa Kankuba, Akagari ka Mashesha, Umurenge wa Gitambi mu Karere ka Rusizi. Uyu mukobwa wari waravuye iwabo mu Karere ka Muhanga atwite, akajya gutura hafi y’uruganda rwa CIMERWA yakoragamo, ku mugoroba wa tariki 8 Mata 2025 […]

Continue Reading

Ruhango: Basanze Umurambo W’Uruhinja Mu Ikarito

Mu Murenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango habonetse uruhinja rwapfuye ruri mu ikarito,  Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangiye iperereza ku mugore wataye urwo ruhinja ku gasozi agacika. Uwo mwana yabonywe n’abaturage babigeza ku buyobozi bw’Umudugudu wa Munu, Akagari ka Buhanda, Umurenge wa Bweramana. Umugenzi wihitiraga wari uri kumwe n’abaturage bari baje gutashya inkwi nibo […]

Continue Reading

Ngoma: Umwangavu yishwe asambanjijwe agerekwaho ibuye rinini

Mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Kibungo Akagali ka Karenge Umudugudu w’Amahoro, haravugwa inkuru y’akababaro y’Umwana w’umukobwa w’imyaka 15 y’amavuko, wasanzwe aho yari yagiye kwahira ubwatsi bw’inka yapfuye, abamwishe bamugeretseho ibuye rinini bikekwa ko banabanje kumusambanya. Uyu mwana w’umukobwa witwa Rovizasi Divine yigaga mu mwaka wa Gatatu w’amashuri yisumbuye kuri G.S Gahurire. Mu masaha […]

Continue Reading

Yari afite imyaka 7 ubwo yabonaga Interahamwe zigira kurasa kuri Nyirarume, Ubuhamya bubabaje bwa Mukayiranga warokotse Jenoside

Mu muco Nyarwanda ntawe utazi urukundo n’ubucuti biba hagati y’Abishywa na ba Nyirarume. Ku bw’ibyo rero, ntabwo byakorohera uwo ariwe wese kwiyumvisha intimba y’umwana mutoya wabonye bahagarika Nyirarume hariya bagahereza Interahamwe imbunda ngo nirase barebe ko ibikora neza. Nibyo byabaye kuri Mukayiranga Christine, umwe mu barokokeye i Masaka mu Karere ka Kicukiro. Mu buhamya yatanze […]

Continue Reading

Sudan y’Epfo: Abarimo abana 5 bishwe na Kolera bazira kubura ubuvuzi

Abana batanu n’abandi bantu bakuru batatu bari barwaye Kolera nibo batangajwe ko bapfuye muri Sudani y’Epfo kubera urugendo rurerure bakoze bajya gushaka ubuvuzi, nyuma yuko amavuriro abegereye yafunze imiryango, biturutse ku Ihagarikwa ry’inkunga leta zunze ubumwe za amerika igenera icyo gihugu. Umuryango mpuzamahanga wita ku bana, Save the Children, watangaje ko abo bantu bari bakoze urugendo rw’amasaha […]

Continue Reading

Akaga abana bahuye na ko muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Rugamba Supiriyani yigeze kuririmba ati: ‘Impinja ntizigapfe’. Hari mu myaka itageze kuri 15 mbere y’uko Jenoside yakorewe Abatutsi itangira igahitana abana, abasore n’inkumi, abagabo n’abagore n’abakecuru n’abasaza. Kubera ko yari Jenoside mu nyito nyayo y’iri jambo, abana nabo barishwe, icyifuzo cya Rugamba (na we yaramuhitanye) kiburizwamo gityo! Mu mwaka wa 2019, uwahoze ayobora AVEGA, Valérie […]

Continue Reading